• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida wa Ukraine wagezwe amajanja n’amatsinda kabuhariwe mu kwica amaze kurusimbuka ubugiragatatu

radiotv10by radiotv10
04/03/2022
in MU RWANDA
0
Perezida wa Ukraine wagezwe amajanja n’amatsinda kabuhariwe mu kwica amaze kurusimbuka ubugiragatatu

Perezida Volodymyr Zelensky na we yagiye ajya ku rugamba

Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky amaze gusimbuka urupfu inshuro eshatu aho yagiye yohererezwa amatsinda kabuhariwe mu kwica, akamuhusha.

Volodymyr Zelensky amaze gusimbuka urupfu inshuro eshatu ku bitero yagiye agabwaho n’amatsinda kabuhariwe mu kwivugana banzi yo mu Burusiya.

Aya matsinda yagerageje kwivugana Perezida Zelensky mu cyumweu gishize, arimo itsinda kabuhariwe rya Wagner rizwi mu bikorwa byo kwivugana abanzi b’u Burusiya ndetse na Chechen yombi yoherejwe ahawe ubutumwa bwo kumwivugana.

Ubunyamabanga bw’Urwego rushinzwe umutekano muri Ukraine ndetse n’Igisirikare cy’iki Gihugu, zemeje ko habayeho kugerageza kwica Perezida Zelensky inshuro eshatu mu cyumweru gishize ariko akarusimbuka.

Dailymail dukesha aya makuru, ivuga ko itsinda rya Wagner riri mu yagerageje ibi bikorwa, rifite abasirikare 400 bakambitse i kyiv aho rifite ubutumwa bwo kwivugana abantu 24.

Abagize aya matsinda, bavugwaho kugira imyitozo idasanzwe mu kwivugana abanzi, bakaba bagereranywa na KGB yahoze izwiho ibikorwa nk’ibi.

Umuherwe Yevgeny Prigozhin ni umwe mu bavugwaho guha akazi aba barwanyi kabuhariwe uherutse guhabwa imirimo na Putin.

Ibitangazamakuru mpuzahanga bivuga ko iki gikorwa kiramutse kigezweho, cyaba ari indangakamere ku buryo cyakora kuri Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya uri gutungwa agatoki n’amahanga.

Perezida Zelensky

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 4 =

Previous Post

Musanze: Uwari wagiye mu bukwe akabanza kubura bamusanze mu mugezi yapfuye

Next Post

Aho inzovu zirwaniye: Ubukungu bwa Afurika nibwo bwatangiye kuzahazwa cyane n’intambara

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Aho inzovu zirwaniye: Ubukungu bwa Afurika nibwo bwatangiye kuzahazwa cyane n’intambara

Aho inzovu zirwaniye: Ubukungu bwa Afurika nibwo bwatangiye kuzahazwa cyane n’intambara

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.