Monday, September 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kicukiro: Urubyiruko rwo muri RPF rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu gahangana n’ibibazo bihari

radiotv10by radiotv10
17/05/2022
in Uncategorized
0
Kicukiro: Urubyiruko rwo muri RPF rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu gahangana n’ibibazo bihari
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rwo mu Muryango wa RPF-Inkotanyi rwo mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro, rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu guhangana n’ibibazo biriho by’umwihariko guhangana n’abapfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi.

Ibi byagarutsweho mu nama y’Umuryango wa RPF inkotanyi mu Murenge wa Nyarugunga yateranye ku Cyumweru tariki ya 15 Gicurasi, 2022.

Kimwe mu byagarutsweho ni ukugabanya inda ziterwa abangavu, ndetse n’abana bata ishuri aho ubuyobozi bw’Umurenge bwashyizeho uburyo bwo kwigisha urubyiruko mu bukangurambaga buzagabanya iki kibazo.

Urubyiruko kandi rwizejwe ko rugiye gufashwa guhabwa amahugurwa yo kumenya imikoreshereze y’imbuga nkorayambaga kugira ngo barusheho kuzifashisha mu guhangana n’ibi bibazo.

Abasore n’inkumi beretswe ko imbuga nkoranyambaga bashobora kuzifashisha basakaza ubutumwa bugamije k ugabanya ikibazo cy’abangavu baterwa inda ariko nanone bakazifashisha mu guhangana n’abapfobya ndetse n’abahakana Jenoside Yakorewe Abatutsi.

Ibyo bigiye gukorwa mu gihe u Rwanda ruri mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Tumukunde Monica, chairperson wa RPF-Inkotanyi mu murenge wa Nyarugunga avuga ko hari ibikorwa bitandukanye byakozwe mu rwego rwo guteza imbere imibereho y’abaturage, icyakora ku bana bata ishuri, avuga ko bakurikiranwa ndetse n’ababyeyi babo bagasabwa kubigiramo uruhare mu kwirinda ko abana bata ishuri.

Abatuye mu Murenge wa Nyarugunga bafatwa nk’abatuye mu marembo y’Igihugu, basabwe kwitwararika bahereye ku kwita ku isuku, serivise n’ibindi dore ko mu minsi ya vuba u Rwanda ruzakira inama ikomeye izahuza abakuru b’Ibihugu bigize Commonwealth izwi nka CHOGM.

Abo mu Muryango wa RPF-Inkotanyi mu Murenge wa Nyarugunga bahuriye mu

Emmanuel HAKIZIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 4 =

Previous Post

RDF na UPDF mu cyerekezo gishya: Ubutasi ku mpande zombi bwasinyanye amasezerano

Next Post

Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura
AMAHANGA

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

by radiotv10
15/09/2025
0

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

15/09/2025
Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi

Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi

13/09/2025
Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

13/09/2025
Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

13/09/2025
UPDATE: Amakuru agezweho ku basore bagaragaye bakorera ubugome umukobwa muri Kigali

UPDATE: Abagaragaye bakorera ubugome umugore banafite umuhoro byemejwe ko bose bafashwe

13/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.