• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

USA: Perezida Biden yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane w’u Burayi

radiotv10by radiotv10
09/06/2021
in Uncategorized
0
USA: Perezida Biden yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane w’u Burayi
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane w’u Burayi kuva yatorerwa kuyobora.

Inkuru ya RFI ivuga ko uru ruzinduko rugamije kwitabira inama z’ibihugu 7 bivuga rikijyana ku isi,umuryango w’ibihugu by’umugabane w’uburayi,mu buryo bwo kunoza imikoranire mbere yo guhura na mugenzi we Vladimir Putini w’uburusiya.

Perezida Joe Biden yabwiye washington post ko uru rugendo rugamije kuvugurura umubano n’ibihugu baisanzwe bifitanye umubano na USA  mu kwerekana intambwe ya demokarasi ,kureba imbogamizi n’ibibazo biremo n’uburyo bwo kubirenga.

Perezida Biden kandi avuga ko muri uru ruzinduko biga ku kibazo cy’umutekano ku burayi n’ uburusiya bufite uruhare mu mutekano mucye uhora muri Ukraine kandi ngo yizera ko babicyemura bagendeye kundangagaciro za demokarsi ziranga abanyamerika zidashobora gutandukana kandi n’inyungu z’amerika.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + nine =

Previous Post

Umuryango w’abibumbye waburiye Mynmar ku mubare w’impunzi

Next Post

Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara

Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n'inzara

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.