Friday, August 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe

radiotv10by radiotv10
28/06/2022
in MU RWANDA
1
Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’Ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyasohote urutonde rw’inganda zitunganya amazi yo kunywa atujuje ubuziranenge, gisaba Abayakoreshaga, guhindura.

Itangazo rya Rwanda FDA, ritangira rivuga ko “hari ba rwimezamirimo bateshutse ku ntego yo gutunganya amazi yujuje ubuziranenge.” Bityo ko abantu bakwiye gushishoza.

Rigakomeza rigira riti “Ni muri urwo rwego Rwanda FDA nyuma y’isuzuma ryimbitse yakoze ku mazi y’inganda zitunganya amazi zikurikira, bahagaritswe bakanasabwa kuyakura ku isoko ku mpamvu yo kurengera ubuzima bw’abanyarwanda.”

Izo nganda ni:

  • AQUA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Kibagabaga)
  • CCHAF JIBU Franchise Lt (ruherereye mu murenge wa Kanombe mu Kagari ka Kabeza)
  • IRIBA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • J WAY GROUP (Mu Murenge wa Nyarugunga mu Kagari ka Nonko)
  • JIBU PHESTIVE (Mu Murenge wa Kimironko mu Kagari ka Bibare)
  • PERFECT WATER Ltd (Mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • SIP KICUKIRO Ltd (Mu Murenge wa Kicukiro mu Kagari ka Gasave)

Iri tangazo rikomeza rigira riti “Rwanda FDA iragira inama Abanyarwanda bakoresha aya mazi guhindura bagakoresha andi ari ku isoko yabiherewe uburenganzira na Rwanda FDA.”

Zimwe mu nganda za JIBU zari ziherutse guhagarikwa na Rwanda FDA, nyuma y’iminsi bivugwa na bamwe mu bayakoresha ko aba abatera indwara zirimo ibicurune ndetse bakaba babonamo imisenyi.

RADIOTV10

Comments 1

  1. Gad says:
    3 years ago

    Nyabune nibarurwaneho tutahashirira dore twari tumaze kuyamenyera
    I Rusizi nta zindi company tuhabona

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 20 =

Previous Post

Uganda: Hamenyekanye inkurikizi zabaye ku mugabo wakubitiye urushyi Minisitiri mu Kiliziya

Next Post

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Related Posts

Amakuru mashya: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside wafatiwe i Burayi yohererejwe u Rwanda ngo ahaburanishirizwe

Amakuru mashya: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside wafatiwe i Burayi yohererejwe u Rwanda ngo ahaburanishirizwe

by radiotv10
08/08/2025
0

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwakiriye Umunyarwanda Francois Gasana woherejwe na Norvège kugira ngo aburanishirizwe mu Rwanda ku byaha bya Jenoside...

Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

by radiotv10
08/08/2025
0

Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwahaye ibihano byo guhagarika abanyamategeko 21 bunganira abandi (Abavoka) barimo Me Thierry Kevin Gatete usanzwe azwi...

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

by radiotv10
08/08/2025
0

The digital ID will be issued to Rwandans, refugees, and foreigners, NIDA’s Director General Mukesha Josephine announced on August 7,...

Eng.-Genocide suspect François Gasana handed over to Rwanda by Norway

Eng.-Genocide suspect François Gasana handed over to Rwanda by Norway

by radiotv10
08/08/2025
0

The National Public Prosecution Authority (NPPA) has confirmed the extradition of Francois Gasana, also known as Franky Dusabe, from the...

Abarimo uwari Umuyobozi wa WASAC batawe muri yombi hatangazwa n’ibyo bakurikiranyweho

Abarimo uwari Umuyobozi wa WASAC batawe muri yombi hatangazwa n’ibyo bakurikiranyweho

by radiotv10
08/08/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rufunze Prof. Omar Munyaneza utari uzuza ukwezi akuwe mu nshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru w’Ikigo...

IZIHERUKA

AFC/M23 yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gusinyana amasezerano n’ubutegetsi bwa Congo
AMAHANGA

Eng.-AFC/M23 refutes UN accusations of involvement in civilian killings

by radiotv10
08/08/2025
0

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

08/08/2025
Amakuru mashya: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside wafatiwe i Burayi yohererejwe u Rwanda ngo ahaburanishirizwe

Amakuru mashya: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside wafatiwe i Burayi yohererejwe u Rwanda ngo ahaburanishirizwe

08/08/2025
Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

08/08/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

08/08/2025
Icyo Teta Sandra yakoze akirekurwa nyuma yo gufungirwa kugonga umugabo we Weasel

Icyo Teta Sandra yakoze akirekurwa nyuma yo gufungirwa kugonga umugabo we Weasel

08/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-AFC/M23 refutes UN accusations of involvement in civilian killings

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Amakuru mashya: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside wafatiwe i Burayi yohererejwe u Rwanda ngo ahaburanishirizwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.