Friday, May 9, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe

radiotv10by radiotv10
28/06/2022
in MU RWANDA
1
Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’Ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyasohote urutonde rw’inganda zitunganya amazi yo kunywa atujuje ubuziranenge, gisaba Abayakoreshaga, guhindura.

Itangazo rya Rwanda FDA, ritangira rivuga ko “hari ba rwimezamirimo bateshutse ku ntego yo gutunganya amazi yujuje ubuziranenge.” Bityo ko abantu bakwiye gushishoza.

Rigakomeza rigira riti “Ni muri urwo rwego Rwanda FDA nyuma y’isuzuma ryimbitse yakoze ku mazi y’inganda zitunganya amazi zikurikira, bahagaritswe bakanasabwa kuyakura ku isoko ku mpamvu yo kurengera ubuzima bw’abanyarwanda.”

Izo nganda ni:

  • AQUA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Kibagabaga)
  • CCHAF JIBU Franchise Lt (ruherereye mu murenge wa Kanombe mu Kagari ka Kabeza)
  • IRIBA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • J WAY GROUP (Mu Murenge wa Nyarugunga mu Kagari ka Nonko)
  • JIBU PHESTIVE (Mu Murenge wa Kimironko mu Kagari ka Bibare)
  • PERFECT WATER Ltd (Mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • SIP KICUKIRO Ltd (Mu Murenge wa Kicukiro mu Kagari ka Gasave)

Iri tangazo rikomeza rigira riti “Rwanda FDA iragira inama Abanyarwanda bakoresha aya mazi guhindura bagakoresha andi ari ku isoko yabiherewe uburenganzira na Rwanda FDA.”

Zimwe mu nganda za JIBU zari ziherutse guhagarikwa na Rwanda FDA, nyuma y’iminsi bivugwa na bamwe mu bayakoresha ko aba abatera indwara zirimo ibicurune ndetse bakaba babonamo imisenyi.

RADIOTV10

Comments 1

  1. Gad says:
    3 years ago

    Nyabune nibarurwaneho tutahashirira dore twari tumaze kuyamenyera
    I Rusizi nta zindi company tuhabona

    Reply

Leave a Reply to Gad Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty + fourteen =

Previous Post

Uganda: Hamenyekanye inkurikizi zabaye ku mugabo wakubitiye urushyi Minisitiri mu Kiliziya

Next Post

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Related Posts

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 Moses Turahirwa uzwi mu guhanga imideri wanashinze inzu yayo...

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

by radiotv10
09/05/2025
0

Umugore w’imyaka 58 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza ukurikiranyweho kwica umugabo we w’imyaka 80, avuga ko...

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda bwashimiye Imana ku itorwa ry’Umushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Nyirubutungane Lewo XIV...

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yuko mu...

Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bw’Abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, bwagarutse ku byo bakoze mu gihe cy’umwaka bakoze ibikorwa bitandukanye...

IZIHERUKA

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda
Uncategorized

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.