Sunday, January 18, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe

radiotv10by radiotv10
28/06/2022
in MU RWANDA
1
Abanyarwanda banywa amazi y’inganda basabwe gushishoza, hasohoka urutonde rw’inganda zafunzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’Ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyasohote urutonde rw’inganda zitunganya amazi yo kunywa atujuje ubuziranenge, gisaba Abayakoreshaga, guhindura.

Itangazo rya Rwanda FDA, ritangira rivuga ko “hari ba rwimezamirimo bateshutse ku ntego yo gutunganya amazi yujuje ubuziranenge.” Bityo ko abantu bakwiye gushishoza.

Rigakomeza rigira riti “Ni muri urwo rwego Rwanda FDA nyuma y’isuzuma ryimbitse yakoze ku mazi y’inganda zitunganya amazi zikurikira, bahagaritswe bakanasabwa kuyakura ku isoko ku mpamvu yo kurengera ubuzima bw’abanyarwanda.”

Izo nganda ni:

  • AQUA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Kibagabaga)
  • CCHAF JIBU Franchise Lt (ruherereye mu murenge wa Kanombe mu Kagari ka Kabeza)
  • IRIBA WATER Ltd (Ruherereye mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • J WAY GROUP (Mu Murenge wa Nyarugunga mu Kagari ka Nonko)
  • JIBU PHESTIVE (Mu Murenge wa Kimironko mu Kagari ka Bibare)
  • PERFECT WATER Ltd (Mu Murenge wa Kimirongo mu Kagari ka Bibare)
  • SIP KICUKIRO Ltd (Mu Murenge wa Kicukiro mu Kagari ka Gasave)

Iri tangazo rikomeza rigira riti “Rwanda FDA iragira inama Abanyarwanda bakoresha aya mazi guhindura bagakoresha andi ari ku isoko yabiherewe uburenganzira na Rwanda FDA.”

Zimwe mu nganda za JIBU zari ziherutse guhagarikwa na Rwanda FDA, nyuma y’iminsi bivugwa na bamwe mu bayakoresha ko aba abatera indwara zirimo ibicurune ndetse bakaba babonamo imisenyi.

RADIOTV10

Comments 1

  1. Gad says:
    4 years ago

    Nyabune nibarurwaneho tutahashirira dore twari tumaze kuyamenyera
    I Rusizi nta zindi company tuhabona

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 5 =

Previous Post

Uganda: Hamenyekanye inkurikizi zabaye ku mugabo wakubitiye urushyi Minisitiri mu Kiliziya

Next Post

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Related Posts

Simple Habits That Improve Digestion

Simple Habits That Improve Digestion

by radiotv10
18/01/2026
0

Good digestion is the foundation of overall health. When your digestive system works well, your body absorbs nutrients properly, your...

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

by radiotv10
18/01/2026
0

Mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, abaturage benshi bakoraniye ku kigo cy’ishuri bavuga ko baje kureba amabonekerwa ya...

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

Bamwe mu baturage bahingaga mu butaka bari baratijwe na Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, baravuga ko batangajwe no kubona...

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

by radiotv10
17/01/2026
0

When people think about dehydration, they often imagine one thing: feeling thirsty. While thirst is an early warning sign, dehydration...

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

by radiotv10
17/01/2026
0

Rwanda today stands as a peaceful, united, and hopeful nation. For many young people, especially Gen Z, this peace feels...

IZIHERUKA

Simple Habits That Improve Digestion
IMIBEREHO MYIZA

Simple Habits That Improve Digestion

by radiotv10
18/01/2026
0

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

18/01/2026
Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

17/01/2026
What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Umuyobozi ukomeye mu Gisirikare cya Qatar ari mu Rwanda (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Simple Habits That Improve Digestion

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.