Tuesday, July 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa

radiotv10by radiotv10
06/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
5
Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa
Share on FacebookShare on Twitter

Umuherwe KNC ukora itangazamakuru ufite n’igitangazamakuru cye akaba n’umushoramari muri ruhago, yavuze icyemezo yafashe yatewe n’amashusho y’umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa uherutse kugaragara mu mashusho akojeje isoni.

Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ikomeye inambika abarimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru, aherutse kugaragara mu mashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bagabo [ubutinganyi], ibintu bisanzwe bihabanye n’umuco nyarwanda.

Uyu musore kandi yaje no kwiyemerera ko ugaragara muri aya mashusho koko ari we, aboneraho gusaba imbabazi abakojejwe isoni na yo, avuga ko ari ay’agace ka film iri gukorerwa mu Butaliyani, izaba ifite intego y’ubushakashatsi ku myororokere y’ingagi n’ahazaza hazo.

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ubwo yari mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri Radio 1 buri gitondo, yagaragaje akababaro yatewe n’ibyakozwe n’uyu musore Moses Turahirwa yari asanzwe abereye umukiliya mu nzu y’imideri ye ya Moshions.

Yavuze ko yari asanzwe afite ishati yaguze muri Moshions (inzu y’imideri yashinzwe na Moses) ariko ko yafashe icyemezo yatewe na ririya bara ryakozwe na Moses.

Ati “Ngiye kuyitwika […] nayiguze amafaranga yanjye ngiye kuyitwika. Njyewe imyumvire yanjye ndumva nakojejwe isoni mu buryo bw’indengakamere.”

Amashusho y’uyu musore ari mu bikomeje kuba inkuru muri iki cyumweru, aho benshi bagaya ibyayo kuko bihabanye n’indangagaciro nyarwanda.

KNC yavuze ko agiye guhita atwika ishati yaguze muri Moshions

RADIOTV10

Comments 5

  1. Pasi says:
    3 years ago

    Ubundi abatiganyi bababari kutwicira igihungu ,mureke tubafuge cyagwa tujye tubica.😶

    Reply
  2. Pasi says:
    3 years ago

    Let’s kill them or prison them

    Reply
  3. pzo says:
    3 years ago

    Wllllh bajye bakora ibyo bishimira yari ari kwishimish

    Reply
  4. BYIZA Aime says:
    3 years ago

    Bakwiye guhanwa bikomeye bityo kwangiza umuco wacu buriwese akajya yumviraho cg akareberaho

    Reply
  5. Derrick says:
    3 years ago

    Ubwo nububwa bukomeye cyane.Moses nawe agomba kubarwa mumubare wabokobwa my Rwanda nago akiri mubagabo

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve + 13 =

Previous Post

Abacancuro b’indwanyi kabuhariwe ‘bafasha FARDC’ bagaragaye bambariye urugamba

Next Post

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Related Posts

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

by radiotv10
29/07/2025
0

Umukundwa Clemence uzwi nka Cadette witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya mu...

Inama Madamu wa Perezida w’u Burundi yagiriye abitabiriye irushanwa ry’ubwiza-Miss Burundi

Inama Madamu wa Perezida w’u Burundi yagiriye abitabiriye irushanwa ry’ubwiza-Miss Burundi

by radiotv10
28/07/2025
0

Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, Madamu wa Perezida w’u Burundi, yasabye abitabiriye irushanwa rya Miss Burundi, kutazarangazwa n'ubwiza ngo bazahore babumurika bibagirwe...

Amakuru agezweho kuri ‘Burikantu’ wari watawe muri yombi

Amakuru agezweho kuri ‘Burikantu’ wari watawe muri yombi

by radiotv10
25/07/2025
0

Mwitende Abdoulkarim uzwi nka ‘Burikantu’ ku mbuga nkoranyambaga, wari watawe muri yombi akurikiranyweho gufungirana abakobwa bapfaga 7 000 Frw, yarekuwe....

African Streetwear: A trend or a cultural movement?

African Streetwear: A trend or a cultural movement?

by radiotv10
25/07/2025
0

African streetwear is no longer just an underground aesthetic, it has transformed into a bold expression of culture, identity, and...

Amakuru yamenyekanye y’ibyabanjirije ifungwa rya ‘Burikantu’ byanabaye intandaro

Amakuru yamenyekanye y’ibyabanjirije ifungwa rya ‘Burikantu’ byanabaye intandaro

by radiotv10
22/07/2025
0

Umusore Mwitende Abdoulkarim uzwi nka ‘Burikantu’ ku mbuga nkoranyambaga uri mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB akurikiranyweho gufungirana mu nzu...

IZIHERUKA

Harakurikiraho iki nyuma yuko abakoresha MTN Rwanda bahuye n’imbogamizi ikanabiseguraho?
IMIBEREHO MYIZA

Harakurikiraho iki nyuma yuko abakoresha MTN Rwanda bahuye n’imbogamizi ikanabiseguraho?

by radiotv10
29/07/2025
0

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

29/07/2025
Ku nshuro ya 13 RDF yasezereye abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru barimo Maj.Gen.(Rtd) Gumisiriza

Ku nshuro ya 13 RDF yasezereye abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru barimo Maj.Gen.(Rtd) Gumisiriza

29/07/2025
Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

Umucyo ku makuru yacicikanye yavugaga ko amatora yo muri FERWAFA yahagaritswe

29/07/2025
Uburyo bwo kwandura Hepatite B bwikubye inshuro 100 ugereranyije no kwandura SIDA mu Rwanda

Uburyo bwo kwandura Hepatite B bwikubye inshuro 100 ugereranyije no kwandura SIDA mu Rwanda

29/07/2025
Hope on the Hills of Kibali: Anglican Bishop calls for hard work to build a better future

Hope on the Hills of Kibali: Anglican Bishop calls for hard work to build a better future

28/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Harakurikiraho iki nyuma yuko abakoresha MTN Rwanda bahuye n’imbogamizi ikanabiseguraho?

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

Ku nshuro ya 13 RDF yasezereye abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru barimo Maj.Gen.(Rtd) Gumisiriza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.