Saturday, January 24, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa

radiotv10by radiotv10
06/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
5
Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa
Share on FacebookShare on Twitter

Umuherwe KNC ukora itangazamakuru ufite n’igitangazamakuru cye akaba n’umushoramari muri ruhago, yavuze icyemezo yafashe yatewe n’amashusho y’umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa uherutse kugaragara mu mashusho akojeje isoni.

Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ikomeye inambika abarimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru, aherutse kugaragara mu mashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bagabo [ubutinganyi], ibintu bisanzwe bihabanye n’umuco nyarwanda.

Uyu musore kandi yaje no kwiyemerera ko ugaragara muri aya mashusho koko ari we, aboneraho gusaba imbabazi abakojejwe isoni na yo, avuga ko ari ay’agace ka film iri gukorerwa mu Butaliyani, izaba ifite intego y’ubushakashatsi ku myororokere y’ingagi n’ahazaza hazo.

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ubwo yari mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri Radio 1 buri gitondo, yagaragaje akababaro yatewe n’ibyakozwe n’uyu musore Moses Turahirwa yari asanzwe abereye umukiliya mu nzu y’imideri ye ya Moshions.

Yavuze ko yari asanzwe afite ishati yaguze muri Moshions (inzu y’imideri yashinzwe na Moses) ariko ko yafashe icyemezo yatewe na ririya bara ryakozwe na Moses.

Ati “Ngiye kuyitwika […] nayiguze amafaranga yanjye ngiye kuyitwika. Njyewe imyumvire yanjye ndumva nakojejwe isoni mu buryo bw’indengakamere.”

Amashusho y’uyu musore ari mu bikomeje kuba inkuru muri iki cyumweru, aho benshi bagaya ibyayo kuko bihabanye n’indangagaciro nyarwanda.

KNC yavuze ko agiye guhita atwika ishati yaguze muri Moshions

RADIOTV10

Comments 5

  1. Pasi says:
    3 years ago

    Ubundi abatiganyi bababari kutwicira igihungu ,mureke tubafuge cyagwa tujye tubica.😶

    Reply
  2. Pasi says:
    3 years ago

    Let’s kill them or prison them

    Reply
  3. pzo says:
    3 years ago

    Wllllh bajye bakora ibyo bishimira yari ari kwishimish

    Reply
  4. BYIZA Aime says:
    3 years ago

    Bakwiye guhanwa bikomeye bityo kwangiza umuco wacu buriwese akajya yumviraho cg akareberaho

    Reply
  5. Derrick says:
    3 years ago

    Ubwo nububwa bukomeye cyane.Moses nawe agomba kubarwa mumubare wabokobwa my Rwanda nago akiri mubagabo

    Reply

Leave a Reply to Pasi Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × two =

Previous Post

Abacancuro b’indwanyi kabuhariwe ‘bafasha FARDC’ bagaragaye bambariye urugamba

Next Post

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Related Posts

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

by radiotv10
23/01/2026
0

Abanyamakuru bazwi mu Rwanda, Aissa Cyiza, Cyuzuzo Jeanne d’Arc, Michèle Iradukunda uzwi nka Michou, na Mucyo Christella, bazwi mu kiganiro...

Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye

Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye

by radiotv10
23/01/2026
0

Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo...

Why Hobbies Can Make You Happier (and Which Ones Are Trending)

Why Hobbies Can Make You Happier (and Which Ones Are Trending)

by radiotv10
23/01/2026
0

Life can be stressful. School, work, social life, and responsibilities can make anyone feel tired or overwhelmed. One simple way...

Did you know that hugging can help heal sadness? Here are the benefits of hugging

Did you know that hugging can help heal sadness? Here are the benefits of hugging

by radiotv10
22/01/2026
0

There are moments when someone feels sad, lonely, or stressed, and words are not enough to make them feel better....

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

by radiotv10
20/01/2026
0

Umuhanzi The Ben wari watangaje ko amakuru yari yatangajwe na mugenzi we Bruce Melodie ko bafite ibitaramo bizazazenguka Igihugu ari...

IZIHERUKA

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika
AMAHANGA

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

by radiotv10
23/01/2026
0

Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

Hatangajwe ingingo y’ingenzi igiye kuganirwaho hagati ya AFC/M23 Leta ya Congo

23/01/2026
Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

23/01/2026
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

23/01/2026
Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

23/01/2026
Ibihugu 19 byinjiye mu Kanama gashya ku Isi kashinzwe na Perezida wa America

Ibihugu 19 byinjiye mu Kanama gashya ku Isi kashinzwe na Perezida wa America

23/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

Hatangajwe ingingo y’ingenzi igiye kuganirwaho hagati ya AFC/M23 Leta ya Congo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.