Saturday, January 31, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tadej Pogacar yisubije Tour de France yari yanatwaye mu 2020

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in SIPORO
0
Tadej Pogacar yisubije Tour de France yari yanatwaye mu 2020
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya-Slovania w’imyaka 22, Tadej Pogacar yatwaye Tour de France 2021 akoresheje amasaha 82h56’36” ahita yisubiza isiganwa yanatwaye mu 2020.

Tadej Pogacar ukinira Union Arabes Emirates yari amaze iminsi yambaye umwenda w’umuhondo, yasoje isiganwa yizigamye 5’20”.

Hakinwa agace ka nyumaka Tour de France 2021, Waout Van Aert niwe watsinze urugendo rwavaga Chatou bagana i Paris Champs-Elysées.

Image

Tadej Pogacar azamura akaboko nyuma yo gutwara isigawa inshuro ebyiri (2020, 2021) yikurikiranya

Iri siganwa ryasize Tadej Pogacar n’ubundi abaye umukinnyi warushije abandi kuzamuka, Mark Cavendish yarushije abandi amanota.

Tour de France yakinwaga ku nshuro yayo ya 108, Tour de France 2021 isize Tadej Pogacar atangiye kwegera abayitwaye inshuro nyinshi (5) aribo; Jacques Anquetil, Eddy Merkx na Miguel Indurain.

Ku rwego rw’amakipe, Union Arabes Emirates yabaye iya mbere ikaba yatsindiye 619,580 by’amayero.

Image

Jumbo Visma ysoje ku mwanya wa kabiri ku rwego rw’amakipe

Dore uko amakipe 5 yakurikiranye n’ibihembo mu mayero:

1.UAE Team Emirates: 619,580

2.Jumbo-Visma: 359,520

3.Bahrain Victorious: 170,310

4.Deceuninck Quick-Step: 149,690

5.INEOS-Grenadiers: 134,590

Tour de France 2022 izakinwa kuva kuwa gatanu tariki ya 1Nyakanga 2022 kugeza kuwa mbere tariki 25 Nyakanga 2022, izaba ikinwa ku nshuro ya 109.

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen + 2 =

Previous Post

Musanze: Polisi yafashe bamwe mu baturage banze kuguma mu rugo abandi bafatirwa mu kabari

Next Post

AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

Related Posts

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

by radiotv10
30/01/2026
0

Nyuma yo guhanishwa na CAF imikino itanu no gucibwa amande angana n’amadolari ibihumbi 100 ($100,000), umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal,...

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

IZIHERUKA

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye
IMIBEREHO MYIZA

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye

by radiotv10
31/01/2026
0

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

31/01/2026
RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

31/01/2026
Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

31/01/2026
The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

31/01/2026
AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.