Friday, September 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amafoto adasanzwe ya Rihanna ugiye kwibaruka umwana wa kabiri nyuma y’umwaka abyaye imfura

radiotv10by radiotv10
19/05/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Amafoto adasanzwe ya Rihanna ugiye kwibaruka umwana wa kabiri nyuma y’umwaka abyaye imfura
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi Rihanna witegura kwibaruka ubuheta nyuma y’umwaka umwe abyaye imfura, yashyize hanze amafoto amugaragaza yambaye akenda k’imbere kamwe gusa nako gato, amwibutsa ubwo yari atwite umwana wa mbere.

Rihanna yashyize hanze aya mafoto kuri uyu wa 19 Gicurasi 2023, avuga ko amwibutsa ubwo yari atwite imfura ye n’umukunzi we A$AP Rocky.

Mu butumwa buherekeje aya mafoto, Rihanna yavuze ko ubu ari mu byishimo biza byiyongera mu bindi, ati “Mu guha icyubahiro ugutwita kwanjye kwa mbere, nishimira kuba umubyeyi, ndeste n’umubiri mwiza byansigiye.”

Uyu muhanzikazi uri mu bakunzwe ku Isi, yibarutse imfura ye na A$AP Rocky muri Gicurasi umwaka ushize wa 2022, ubu bakaba bitegura kwakira umwana ugwa mu ntege imfura yabo.

Mu gitaramo kizwi nka Super Bowl Halftime cyabaye muri Gashyantare uyu mwaka, Rihanna nibwo yahishuye ko atwite inda y’ubuheta bwe.

Ubwo yagaruka ku rugendo rwo kuba umubyeyi, Rihanna yagaragaje ko yishimiye kwitwa mama, aho yari yagize ati “Ni iby’ingenzi kongera kubikora uyu mwaka [kubyara] nanone kandi nishimira kuba umuhungu wanjye agiye kubibona.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 13 =

Previous Post

Ngoma: Abacuruzi bavuze ahantu hadasanzwe bugamira imvura bo bafata nko gusuzugurwa

Next Post

Perezida wa Zimbabwe yafashe icyemezo gikomeye kubera ubucucike bukabije mu magereza

Related Posts

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

by radiotv10
18/09/2025
0

Umuhanzi Niyo Bosco uherutse kugaragaza umukunzi we, yamwambitse impeta amusaba ko bazarushingana bakazibanira nk’umugore n’umugabo, na we arabimwemerera, mu birori...

Umuhanzikazi Tonzi yaciye agahigo ku isabukuru ye y’amavuko

Umuhanzikazi Tonzi yaciye agahigo ku isabukuru ye y’amavuko

by radiotv10
18/09/2025
0

Umuhanzikazi Uwitonze Clementine wamenyekanye nka Tonzi, yashyize hanze Album ye ya 10 ibintu bitarakorwa n’undi muhanzi ku giti cye mu...

Hemejwe ifungwa ry’abahanzikazi nyarwanda babiri hanamenyekana icyatumye bafatwa

Amakuru agezweho ku bahanzikazi nyarwanda Ariel Wayz na Babo baherutse gutabwa muri yombi

by radiotv10
18/09/2025
0

Abahanzikazi Ariel Wayz na Babo banafitanye indirimbo bakoranye, baherutse gutabwa muri yombi ubwo bapimwaga bagasangwamo ibiyobyabwenge mu mubiri wabo, amakuru...

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Cardi B yatangaje ko atwite umwana wa kane

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Cardi B yatangaje ko atwite umwana wa kane

by radiotv10
17/09/2025
0

Umuraperikazi Cardi B yatangaje ko atwite umwana we wa kane, ari na we wa mbere agiye kubyarana n’umukunzi we, umukinnyi...

Uwamamaye mu kiganiro gikunzwe byamenyekanye ko yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye n’umunyamakuru

Uwamamaye mu kiganiro gikunzwe byamenyekanye ko yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye n’umunyamakuru

by radiotv10
17/09/2025
0

Umwongerezakazi Ruby Bhogal wamamaye mu kiganiro kizwi nka Bake Off cyo mu Bwongereza, yahishuye ko yakoranye ubukwe na James Stewart,...

IZIHERUKA

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zahuriye mu biganiro
MU RWANDA

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zahuriye mu biganiro

by radiotv10
19/09/2025
0

Mu rugamba rwa AFC/M23 na FARDC hongeye kugaragazwa uruhande rwakoreshejwe intwaro rutura

Mu rugamba rwa AFC/M23 na FARDC hongeye kugaragazwa uruhande rwakoreshejwe intwaro rutura

19/09/2025
Icyo umunyamategeko avuga ku kirego cyagarutsweho cyane kiregwamo uwari Minisitiri ngo utarashatse uwo yabisezeranyije

Icyo umunyamategeko avuga ku kirego cyagarutsweho cyane kiregwamo uwari Minisitiri ngo utarashatse uwo yabisezeranyije

19/09/2025
Ubutumwa umukinnyi nimero ya mbere ku Isi mu magare atanze agisesekara mu Rwanda

Ubutumwa umukinnyi nimero ya mbere ku Isi mu magare atanze agisesekara mu Rwanda

19/09/2025
Are weddings still based on love or financial show-off?

Are weddings still based on love or financial show-off?

19/09/2025
BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho abayobozi barimo uwinjiye muri Guverinoma n’abo muri Perezidansi

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho abayobozi barimo uwinjiye muri Guverinoma n’abo muri Perezidansi

19/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida wa Zimbabwe yafashe icyemezo gikomeye kubera ubucucike bukabije mu magereza

Perezida wa Zimbabwe yafashe icyemezo gikomeye kubera ubucucike bukabije mu magereza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zahuriye mu biganiro

Mu rugamba rwa AFC/M23 na FARDC hongeye kugaragazwa uruhande rwakoreshejwe intwaro rutura

Icyo umunyamategeko avuga ku kirego cyagarutsweho cyane kiregwamo uwari Minisitiri ngo utarashatse uwo yabisezeranyije

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.