Saturday, April 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka
Share on FacebookShare on Twitter

Turi kuwa Gatatu w’itariki 18 Kanama 2021, ni umunsi wa 230 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 135 ngo umwaka urangire, Turi kuwa Gatatu  wa 33 kuva 2021 yatangira, Turi mu cyumweru cya 34 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Renato Sanches (1997)

Renato Sanches offered to Barcelona? - Barca Blaugranes

Yujuje imyaka 24, umukinnyi wo hagati w’umunya-Portugal ukinira Lille n’ikipe y’igihugu ya Portugal

Renato Júnior Luz Sanches yavukiye Lisbon mu murwa mukuru wa Portugal, yanyuze mu makipe nka Benfica, Bayern München, Swansea city na Lille akinira kugeza ubu.

Mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kubakinira imikino 30 abatsindira bibiri, yanatwaranye nabo igikombe cy’Uburayi cya 2016.

2.Juste Fontaine (1933)

Yujuje imyaka 88, Uwahoze ari Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa azwi cyane ko ariwe muntu wabashije gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi aho yatsinze ibitego 13 mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cy’ 1958

3.Esteban Cambiasso (1980)

Yujuje imyaka 41 uwahoze ari umukinnyi wo hagati w’umunya-Argentina

Esteban Matías Cambiasso Deleau yatwaye ibikombe 21 mu makipe atandukanye yanyuzemo,arimo Independiente, River Plate, Real Madrid, Inter Milan, Leicester City na  Olympiacos.

Mu ikipe y’igihugu ya Argentina yayikiniye imikino 52 ayitsindira ibitego bitanu.

4.Liz Cambage -Australia (1991)

Liz Cambage withdraws from Australian Opals Olympic team. | Basketball  Australia

Yujuje imyaka 30, umunya-Australiyakazi ukinira  Las Vegas Aces muri  NBA y’Abagore abitse agahigo ko kuba ariwe mukinnyi watsinze amanota menshi mu mukino umwe (53).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

Christopher Bauman (2005):

Umunyamerika wakinaga umukino gukirana yitabye Imana afite imyaka 32.

Hal Connolly (2010)Umunyamerika wasiganwaga ku maguru akanakina amarushanwa yo kujugunya inyundo yitabye Imana afite 79.

Ni ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino?

1886 : Carr Baker Neel & Samuel Neel begukanye irushanwa rya Tennis ribera muri Leta zunze ubumwe za Amerika (US open) mu bakina ari babiri.

1958 : Floyd Patterson yakubise ahwereje Roy Harris yegukana ikamba rye rya 13 mu iteramakofe ry’abafite ibiro byinshi.

Patterson's “Moral Crusade”: Islamophobia in Ali v. Patterson | Sport in  American History

1964: kubera Politiki mbi y’ivangura yakandamizaga abirabura, Afrika y’epfo yaciwe mu mikino Olempike.

2004 :imikino Olempike yari yasubiye ku gicumbi cyayo i Athènes mu Bugeleki, bwa mbere abagore barushanijwe mu gutera intosho, umudali wa zahabu wegukanwa n’umunya-Cuba kazi Yumileidi Cumbá

2008 : mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, umurusiyakazi wamamaye mu gusimbuka yifashishije ikibando yashyizeho agahigo ke ka 24, ubwo yasimbukaga metero 5.05 ari nako yegukana umudali wa zahabu Olempike.

2008: mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, Abashinwa batwaye irushanwa rya Tennis ikinirwa ku meza badatsinzwe umukino n’umwe

2016 : Mu mikino Olempike yabereye i Río de Janeiro muri Brazil, umunya-Jamaica Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kwirukanka metero 200 aho yazikoze mu masegonda 19.78, ukaba wari. Umudali wa zahabu Olempike wa gatatu wikurikiranya muri izi metero kuko yari yawutwaye 2012 i Londres na 2008 i Beijing

Going the extra half-mile: Retired Bolt trains for 800 event

Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu 2016 muri metero 200

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 4 =

Previous Post

Mozambique: UN irasaba ko hongerwa imfashanyo ku bahunze muri Cabo Delgado

Next Post

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Related Posts

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

by radiotv10
06/04/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports y'abagore (WFC) yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya 2025-2026, kiba icya gatatu itwaye yikurikiranya, cyaje giherekejwe na...

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

by radiotv10
03/04/2026
0

Nyuma y’uko ikipe y’Igihugu y’u Butaliyani ibuze itike yo kujya mu gikombe cy’Isi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, abayobozi batandukanye...

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

by radiotv10
02/04/2026
0

Uwahoze ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Cameroun, Joseph-Antoine Bell, yagiriye inama mugenzi we Andre Onana yo kudasubira mu ikipe yo mu Bwongereza ya Manchester...

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

by radiotv10
01/04/2026
0

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze umunsi w’ikiruhuko rusange, nyuma yuko ikipe y’iki Gihugu ‘Léopards’ itsinze iya Jamaica...

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

by radiotv10
31/03/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko umutoza Haringingo Francis yongeye kugaruka muri iyi kipe nk’Umutoza Mukuru nyuma y'iminsi irenga 1...

IZIHERUKA

Hagiye hanze amashusho agaragaza indege y’intambara ya FARDC iri gusuka ibisasu muri Minembwe
AMAHANGA

Hagiye hanze amashusho agaragaza indege y’intambara ya FARDC iri gusuka ibisasu muri Minembwe

by radiotv10
11/04/2026
0

11/04/1994: Umunsi ukomeye MINUAR yatereranye Abatutsi muri ETO-Kicukiro, i Kiziguro hicwa 5.500

11/04/1994: Umunsi ukomeye MINUAR yatereranye Abatutsi muri ETO-Kicukiro, i Kiziguro hicwa 5.500

11/04/2026
Abaherutse kujya mu isanzure bagarutse ku Isi nyuma yo kugenda ibilometero birenga miliyoni 1

Abaherutse kujya mu isanzure bagarutse ku Isi nyuma yo kugenda ibilometero birenga miliyoni 1

11/04/2026
How to Choose What Matters Most in Life

How to Choose What Matters Most in Life

11/04/2026
Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gufata ingamba zo guhangana n’ibura rya Lisansi

Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gufata ingamba zo guhangana n’ibura rya Lisansi

10/04/2026
Leta ya Michigan muri America yemeje ku mugaragaro itariki 07 Mata nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside

Leta ya Michigan muri America yemeje ku mugaragaro itariki 07 Mata nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside

10/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hagiye hanze amashusho agaragaza indege y’intambara ya FARDC iri gusuka ibisasu muri Minembwe

11/04/1994: Umunsi ukomeye MINUAR yatereranye Abatutsi muri ETO-Kicukiro, i Kiziguro hicwa 5.500

Abaherutse kujya mu isanzure bagarutse ku Isi nyuma yo kugenda ibilometero birenga miliyoni 1

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.