Thursday, October 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi

radiotv10by radiotv10
31/08/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Abakunzi ba ruhago bafite amashyushyu yo kumenya uko amakipe azahura mu irushanwa risanzwe rikunzwe na benshi rya UEFA Champions League, aho biteganyijwe tombola iba ku mugoroba w’uyu munsi.

Ni tombola ikorwa kuri uyu wa Kane tariki 30 Kanama 2023 ku isaha ya saa 18:00′ i Monaco mu Bufaransa.

 

Icyo kwitega

Ni tombola irimo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yongeye kubasha kwisanga muri aya marushanwa nyuma y’imyaka irenga 6 idakandagizamo ikirenge.

iragaragaramo kandi ikipe ya Newcastle United nay o yo mu Bwongereza yari imaze imyaka myinshi idakandagiramo. Kuri iyi nshuro yaratunguranye iraza.

Nanone kandi birazwi ko amakipe ava muri Federasiyo imwe cyangwa mu Gihugu kimwe, adashobora guhurira mu itsinda rimwe.

Ni tombola iri bwitabirwe n’amakipe 32, agabanywa mu matsinda umunani (8) aho buri tsinda riri bube ririmo amakipe ane (4)

 

Uko amakipe yagabanyijwe mu dukangara

Pot 1

  • Manchester City (ENG)
  • Sevilla FC (ESP)
  • FC Barcelona (ESP)
  • SSC Napoli (ITA)
  • FC Bayern München (GER)
  • Paris Saint-Germain (FRA)
  • SL Benfica (POR)
  • Feyenoord (NED)

Pot 2

  • Real Madrid CF (ESP)
  • Manchester United (ENG)
  • FC Internazionale Milano (ITA)
  • Borussia Dortmund (GER)
  • Club Atlético de Madrid (ESP)
  • RB Leipzig (GER)
  • FC Porto (POR)
  • Arsenal FC (ENG)

Pot 3

  • FC Shakhtar Donetsk (UKR)
  • FC Salzburg (AUT)
  • AC Milan (ITA) – I
  • SC Braga (POR)
  • PSV Eindhoven (NED) – H
  • S.S. Lazio (ITA) – D
  • FK Crvena zvezda (SRB)
  • F.C. Copenhagen (DEN)

Pot 4

  • BSC Young Boys (SUI)
  • Real Sociedad de Fútbol (ESP)
  • Galatasaray A.Ş. (TUR)
  • Celtic FC (SCO)
  • Newcastle United FC (ENG)
  • FC Union Berlin (GER)
  • Royal Antwerp FC (BEL)
  • RC Lens (FRA)

Abel Deus KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen + 12 =

Previous Post

Kigali: Hagaragaye ikibazo gishya mu gutwara abagenzi gitandukanye n’ibizwi na benshi

Next Post

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Related Posts

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ikipe ya El Hilal iri mu ziherutse kwemererwa kuzakina Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yafashe urugendo iza muri iki Gihugu,...

Habayeho impinduka ku makipe yo muri Sudani byari byatangajwe ko azakina Shampiyona y’u Rwanda

Habayeho impinduka ku makipe yo muri Sudani byari byatangajwe ko azakina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ikipe ya El Ahli S.C Wad Madani yo muri Sudani, yari iherutse...

Haravugwa icyatumye umutoza wifuzwaga na Rayon ashobora kuba yayiteye umugongo

Haravugwa icyatumye umutoza wifuzwaga na Rayon ashobora kuba yayiteye umugongo

by radiotv10
29/10/2025
0

Rayon Sports ishobora kubura umutoza w’umunya-Senegal, Serigne Saliou Dia bari bumvikanye, nyuma yuko aje ku rutonde rw’abashobora guhabwa akazi mu...

Ntibirajya mu murongo neza-Brig.Gen Deo wa APR yavuze birambuye ku mitoreze y’umutoza mushya

Ntibirajya mu murongo neza-Brig.Gen Deo wa APR yavuze birambuye ku mitoreze y’umutoza mushya

by radiotv10
28/10/2025
0

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko ubuyobozi bw’iyi kipe bugifitiye icyizere umutoza mushya wayo, Taleb Abderrahim...

Eng.-VAR technology coming to Rwandan football

Eng.-VAR technology coming to Rwandan football

by radiotv10
28/10/2025
0

The Rwanda Football Federation (FERWAFA) has announced that the Video Assistant Referee (VAR) technology, which helps improve refereeing decisions, will...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda
FOOTBALL

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Hari abarwanyi ba FDLR batahutse mu Rwanda ko iminsi bahawe yarangiye?-Guverinoma yabisobanuye

Menya umubare w’abarwanyi bose bahoze muri FDLR bamaze gutahuka mu Rwanda bavuye muri Congo

30/10/2025
Hatanzwe impuruza ku bikorerwa Abarundi baba hanze y’Igihugu cyabo

Hatanzwe impuruza ku bikorerwa Abarundi baba hanze y’Igihugu cyabo

30/10/2025
Eng.-Over 12,000 former FDLR combatants have returned to Rwanda over the past 24 years

Eng.-Over 12,000 former FDLR combatants have returned to Rwanda over the past 24 years

30/10/2025
Hatangajwe icyemezo cyanyuze benshi ku musirikarekazi wo mu Congo wafotowe asomana n’umukunzi we

Hatangajwe icyemezo cyanyuze benshi ku musirikarekazi wo mu Congo wafotowe asomana n’umukunzi we

30/10/2025
Habayeho impinduka ku makipe yo muri Sudani byari byatangajwe ko azakina Shampiyona y’u Rwanda

Habayeho impinduka ku makipe yo muri Sudani byari byatangajwe ko azakina Shampiyona y’u Rwanda

30/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Menya umubare w’abarwanyi bose bahoze muri FDLR bamaze gutahuka mu Rwanda bavuye muri Congo

Hatanzwe impuruza ku bikorerwa Abarundi baba hanze y’Igihugu cyabo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.