Saturday, August 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO

radiotv10by radiotv10
25/09/2021
in SIPORO
0
Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Musanze FC igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wakinwe ku gicamunsi cy’uyu wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri sitade Ubworoherane iri mu karere ka Musanze.

Igitego rukumbi cya Rayon Sports cyabonetse mu minota ya mbere y’igice cya kabiri cy’umukino (48’) gitsinzwe na Essombe Willy Onana ukomoka mu gihugu cya Cameron.

Amakipe yombi yahuriye muri uyu mukino mu gihe ari kwitegura Shampiyona ya 2021/22 izatangira ku wa 16 Ukwakira 2021.

Rayon Sports yakinnye uyu mukino mu mwanya wo kugira ngo umutoza Masud Juma yongere areba neza abakinnyi bashya bashaka kwinjira muri iyi kipe ndetse n’abahasanzwe muri gahunda yo kugira ngo azabone 11 beza azajya yifashisha muri shampiyona n’andi marushanwa bazitabira mu mwaka w’imikino 2021-2022.

Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports, yakinnye adafite abarimo umunyezamu Hategekimana Bonheur umaze igihe gito atangiye imyitozo, ndetse na Mico Justin na Mitima Isaac bose bafite ibibazo by’imvune.

Image

Abakinnyi ba Rayon Sports bishimira igitego

Image

Uwayezu Jean Fidele perezida w’ikipe ya Rayon Sports muri sitade Ubworoherane

Image

11 ba Rayon Sports babanje mu kibuga

Abakinnyi babanje mu kibuga ku mpande zombi:

Rayon Sports XI:

Hakizimana Adolphe (GK,22)

Nizigiyimana Abdul Karim Mackenzie 18

Ndizeye Samuel 25

Nishimwe Blaise 6

Nsengiyumva Isaac 2

Mujyanama Fidèle 3

Hassan Sembi 16

Essombe Willy Onana 4

Sagongo Suleiman 20

Musanze FC XI

Pascal Nshimiyimana (GK,42)

Nyandwi SADAM (C,16)

Gadi Niyonshuti 3

Ndagijimana Ewing 22

Jean Dushimumungezi 24

Clement Nshimiyimana 23

Nyirinkindi Saleh 10

Nkundimana Fabio 6

Kwizera Jean Luc 9

Eric Kanza Angwa 29

Namanda Luke Akula 13

Niyigena Clement 17

Mpongo Blaise SADAM 24

11 ba Musanze FC babanje mu kibuga

Abasifuzi n’abakapiteni b’impande zombi

Masud Juma umutoza mukuru wa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” aganzura umupira inyuma ahagana iburyo

Ndagijimana Ewing abyigana n’abakinnyi ba Rayon Sports

PHOTOS: Rwandamagazine

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + 6 =

Previous Post

United Stars yahagaritse umutoza Mushimiyimana Eric ashinjwa ubutinganyi

Next Post

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Related Posts

Abakunzi ba APR FC bakusanyije miliyoni 410Frw yo kuyishyigikira

Abakunzi ba APR FC bakusanyije miliyoni 410Frw yo kuyishyigikira

by radiotv10
15/08/2025
0

Mu gikorwa cyiswe ‘Ijoro ry'Intare’ cyateguwe n'Abakunzi b'ikipe ya APR FC, abagera kuri 30 bakunda iyi kipe bakusanyije Miliyoni 418...

Icyo APR ivuga ku bakunzi bayo baregwa mu rubanza rurimo Abofisiye ba RDF n’abanyamakuru

Icyo APR ivuga ku bakunzi bayo baregwa mu rubanza rurimo Abofisiye ba RDF n’abanyamakuru

by radiotv10
15/08/2025
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwasabye abakunzi b’iyi kipe bakozwe ku mutima n’ifungwa rya bamwe muri bo bafite ibyo bakurikiranyweho, kubyihanganira,...

Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha

Eng.-Minister Mukazayire’s message to a talented American basketball player before his departure

by radiotv10
14/08/2025
0

The Minister of Sports, Nelly Mukazayire, received basketball player Nate Ament, a rising talent in the United States with Rwandan...

Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha

Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha

by radiotv10
14/08/2025
0

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye umukinnyi wa Basketball Nate Ament uhanzwe amaso muri Leta Zunze Ubumwe za America ufite...

Uko byari byifashe ubwo Yanga SC yambariye guhura na Rayon yasesekaraga i Kigali

Uko byari byifashe ubwo Yanga SC yambariye guhura na Rayon yasesekaraga i Kigali

by radiotv10
14/08/2025
0

Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania, yageze mu Rwanda, aho ije gukina umukino wa gicuti na Rayon Sports ku...

IZIHERUKA

Trump mbere yo guhura na Putin yagaragaje amakenga afite
AMAHANGA

Trump mbere yo guhura na Putin yagaragaje amakenga afite

by radiotv10
15/08/2025
0

Abakunzi ba APR FC bakusanyije miliyoni 410Frw yo kuyishyigikira

Abakunzi ba APR FC bakusanyije miliyoni 410Frw yo kuyishyigikira

15/08/2025
Icyo APR ivuga ku bakunzi bayo baregwa mu rubanza rurimo Abofisiye ba RDF n’abanyamakuru

Icyo APR ivuga ku bakunzi bayo baregwa mu rubanza rurimo Abofisiye ba RDF n’abanyamakuru

15/08/2025
Igihugu cyo muri Afurika kigiye kugura na America intwaro za miliyoni 346$

Igihugu cyo muri Afurika kigiye kugura na America intwaro za miliyoni 346$

15/08/2025
Guhura kwa Perezida wa America Trump na Putini w’u Burusiya byahagurukije imbaga

Guhura kwa Perezida wa America Trump na Putini w’u Burusiya byahagurukije imbaga

15/08/2025
Do men have safe spaces too?-Exploring emotional vulnerability, mental Health, and toxic masculinity

Do men have safe spaces too?-Exploring emotional vulnerability, mental Health, and toxic masculinity

15/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Trump mbere yo guhura na Putin yagaragaje amakenga afite

Abakunzi ba APR FC bakusanyije miliyoni 410Frw yo kuyishyigikira

Icyo APR ivuga ku bakunzi bayo baregwa mu rubanza rurimo Abofisiye ba RDF n’abanyamakuru

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.