Saturday, January 31, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO

radiotv10by radiotv10
25/09/2021
in SIPORO
0
Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Musanze FC igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wakinwe ku gicamunsi cy’uyu wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri sitade Ubworoherane iri mu karere ka Musanze.

Igitego rukumbi cya Rayon Sports cyabonetse mu minota ya mbere y’igice cya kabiri cy’umukino (48’) gitsinzwe na Essombe Willy Onana ukomoka mu gihugu cya Cameron.

Amakipe yombi yahuriye muri uyu mukino mu gihe ari kwitegura Shampiyona ya 2021/22 izatangira ku wa 16 Ukwakira 2021.

Rayon Sports yakinnye uyu mukino mu mwanya wo kugira ngo umutoza Masud Juma yongere areba neza abakinnyi bashya bashaka kwinjira muri iyi kipe ndetse n’abahasanzwe muri gahunda yo kugira ngo azabone 11 beza azajya yifashisha muri shampiyona n’andi marushanwa bazitabira mu mwaka w’imikino 2021-2022.

Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports, yakinnye adafite abarimo umunyezamu Hategekimana Bonheur umaze igihe gito atangiye imyitozo, ndetse na Mico Justin na Mitima Isaac bose bafite ibibazo by’imvune.

Image

Abakinnyi ba Rayon Sports bishimira igitego

Image

Uwayezu Jean Fidele perezida w’ikipe ya Rayon Sports muri sitade Ubworoherane

Image

11 ba Rayon Sports babanje mu kibuga

Abakinnyi babanje mu kibuga ku mpande zombi:

Rayon Sports XI:

Hakizimana Adolphe (GK,22)

Nizigiyimana Abdul Karim Mackenzie 18

Ndizeye Samuel 25

Nishimwe Blaise 6

Nsengiyumva Isaac 2

Mujyanama Fidèle 3

Hassan Sembi 16

Essombe Willy Onana 4

Sagongo Suleiman 20

Musanze FC XI

Pascal Nshimiyimana (GK,42)

Nyandwi SADAM (C,16)

Gadi Niyonshuti 3

Ndagijimana Ewing 22

Jean Dushimumungezi 24

Clement Nshimiyimana 23

Nyirinkindi Saleh 10

Nkundimana Fabio 6

Kwizera Jean Luc 9

Eric Kanza Angwa 29

Namanda Luke Akula 13

Niyigena Clement 17

Mpongo Blaise SADAM 24

11 ba Musanze FC babanje mu kibuga

Abasifuzi n’abakapiteni b’impande zombi

Masud Juma umutoza mukuru wa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” aganzura umupira inyuma ahagana iburyo

Ndagijimana Ewing abyigana n’abakinnyi ba Rayon Sports

PHOTOS: Rwandamagazine

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 3 =

Previous Post

United Stars yahagaritse umutoza Mushimiyimana Eric ashinjwa ubutinganyi

Next Post

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Related Posts

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

by radiotv10
30/01/2026
0

Nyuma yo guhanishwa na CAF imikino itanu no gucibwa amande angana n’amadolari ibihumbi 100 ($100,000), umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal,...

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

by radiotv10
31/01/2026
0

RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

31/01/2026
Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

31/01/2026
The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

31/01/2026
AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

30/01/2026
Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.