Friday, April 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO

radiotv10by radiotv10
25/09/2021
in SIPORO
0
Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Musanze FC igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wakinwe ku gicamunsi cy’uyu wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri sitade Ubworoherane iri mu karere ka Musanze.

Igitego rukumbi cya Rayon Sports cyabonetse mu minota ya mbere y’igice cya kabiri cy’umukino (48’) gitsinzwe na Essombe Willy Onana ukomoka mu gihugu cya Cameron.

Amakipe yombi yahuriye muri uyu mukino mu gihe ari kwitegura Shampiyona ya 2021/22 izatangira ku wa 16 Ukwakira 2021.

Rayon Sports yakinnye uyu mukino mu mwanya wo kugira ngo umutoza Masud Juma yongere areba neza abakinnyi bashya bashaka kwinjira muri iyi kipe ndetse n’abahasanzwe muri gahunda yo kugira ngo azabone 11 beza azajya yifashisha muri shampiyona n’andi marushanwa bazitabira mu mwaka w’imikino 2021-2022.

Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports, yakinnye adafite abarimo umunyezamu Hategekimana Bonheur umaze igihe gito atangiye imyitozo, ndetse na Mico Justin na Mitima Isaac bose bafite ibibazo by’imvune.

Image

Abakinnyi ba Rayon Sports bishimira igitego

Image

Uwayezu Jean Fidele perezida w’ikipe ya Rayon Sports muri sitade Ubworoherane

Image

11 ba Rayon Sports babanje mu kibuga

Abakinnyi babanje mu kibuga ku mpande zombi:

Rayon Sports XI:

Hakizimana Adolphe (GK,22)

Nizigiyimana Abdul Karim Mackenzie 18

Ndizeye Samuel 25

Nishimwe Blaise 6

Nsengiyumva Isaac 2

Mujyanama Fidèle 3

Hassan Sembi 16

Essombe Willy Onana 4

Sagongo Suleiman 20

Musanze FC XI

Pascal Nshimiyimana (GK,42)

Nyandwi SADAM (C,16)

Gadi Niyonshuti 3

Ndagijimana Ewing 22

Jean Dushimumungezi 24

Clement Nshimiyimana 23

Nyirinkindi Saleh 10

Nkundimana Fabio 6

Kwizera Jean Luc 9

Eric Kanza Angwa 29

Namanda Luke Akula 13

Niyigena Clement 17

Mpongo Blaise SADAM 24

11 ba Musanze FC babanje mu kibuga

Abasifuzi n’abakapiteni b’impande zombi

Masud Juma umutoza mukuru wa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” aganzura umupira inyuma ahagana iburyo

Ndagijimana Ewing abyigana n’abakinnyi ba Rayon Sports

PHOTOS: Rwandamagazine

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 2 =

Previous Post

United Stars yahagaritse umutoza Mushimiyimana Eric ashinjwa ubutinganyi

Next Post

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Related Posts

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

Menya amamiliyoni Rayon y’Abagore yegukanye yiyongereye ku Gikombe itwaye inshuro eshatu zikurikiranya

by radiotv10
06/04/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports y'abagore (WFC) yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya 2025-2026, kiba icya gatatu itwaye yikurikiranya, cyaje giherekejwe na...

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

Inkubiri yo kwegura muri ruhago y’u Butaliyani nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ibuze itike y’icy’Isi irakomeje

by radiotv10
03/04/2026
0

Nyuma y’uko ikipe y’Igihugu y’u Butaliyani ibuze itike yo kujya mu gikombe cy’Isi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, abayobozi batandukanye...

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

by radiotv10
02/04/2026
0

Uwahoze ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Cameroun, Joseph-Antoine Bell, yagiriye inama mugenzi we Andre Onana yo kudasubira mu ikipe yo mu Bwongereza ya Manchester...

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

Amakuru mashya: Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

by radiotv10
01/04/2026
0

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze umunsi w’ikiruhuko rusange, nyuma yuko ikipe y’iki Gihugu ‘Léopards’ itsinze iya Jamaica...

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

BREAKING: Hatangajwe ku mugaragaro igaruka ry’Umutoza wigeze gutoza Rayon Sports

by radiotv10
31/03/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko umutoza Haringingo Francis yongeye kugaruka muri iyi kipe nk’Umutoza Mukuru nyuma y'iminsi irenga 1...

IZIHERUKA

Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gufata ingamba zo guhangana n’ibura rya Lisansi
AMAHANGA

Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gufata ingamba zo guhangana n’ibura rya Lisansi

by radiotv10
10/04/2026
0

Leta ya Michigan muri America yemeje ku mugaragaro itariki 07 Mata nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside

Leta ya Michigan muri America yemeje ku mugaragaro itariki 07 Mata nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside

10/04/2026
10/04/1994: Kiliziya Gatulika yagaragaje ko ibabajwe n’urupfu rwa Habyarimana, Abatutsi biciwe muri Kiliziya ya Gahanga,…

10/04/1994: Kiliziya Gatulika yagaragaje ko ibabajwe n’urupfu rwa Habyarimana, Abatutsi biciwe muri Kiliziya ya Gahanga,…

10/04/2026
Umuco bise ‘Kuzitura’ wadukanywe n’abagore bamwe i Rutsiro ntuvugwaho rumwe

Umuco bise ‘Kuzitura’ wadukanywe n’abagore bamwe i Rutsiro ntuvugwaho rumwe

10/04/2026
Toronto muri Canada yemeje tariki 07 Mata nk’Umunsi Mpuzamahanga wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Toronto muri Canada yemeje tariki 07 Mata nk’Umunsi Mpuzamahanga wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

10/04/2026
Huye: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 basaba gusanirwa inzu zabo zishaje

Huye: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 basaba gusanirwa inzu zabo zishaje

10/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibihugu byo muri Afurika bikomeje gufata ingamba zo guhangana n’ibura rya Lisansi

Leta ya Michigan muri America yemeje ku mugaragaro itariki 07 Mata nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside

10/04/1994: Kiliziya Gatulika yagaragaje ko ibabajwe n’urupfu rwa Habyarimana, Abatutsi biciwe muri Kiliziya ya Gahanga,…

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.