Sunday, January 18, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO

radiotv10by radiotv10
25/09/2021
in SIPORO
0
Musanze FC 0-1 Rayon Sports: Rayon Sports yatangiye imyiteguro ya nyuma itsindira Musanze FC iwayo-AMAFOTO
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Musanze FC igitego 1-0 mu mukino wa gicuti wakinwe ku gicamunsi cy’uyu wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri sitade Ubworoherane iri mu karere ka Musanze.

Igitego rukumbi cya Rayon Sports cyabonetse mu minota ya mbere y’igice cya kabiri cy’umukino (48’) gitsinzwe na Essombe Willy Onana ukomoka mu gihugu cya Cameron.

Amakipe yombi yahuriye muri uyu mukino mu gihe ari kwitegura Shampiyona ya 2021/22 izatangira ku wa 16 Ukwakira 2021.

Rayon Sports yakinnye uyu mukino mu mwanya wo kugira ngo umutoza Masud Juma yongere areba neza abakinnyi bashya bashaka kwinjira muri iyi kipe ndetse n’abahasanzwe muri gahunda yo kugira ngo azabone 11 beza azajya yifashisha muri shampiyona n’andi marushanwa bazitabira mu mwaka w’imikino 2021-2022.

Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports, yakinnye adafite abarimo umunyezamu Hategekimana Bonheur umaze igihe gito atangiye imyitozo, ndetse na Mico Justin na Mitima Isaac bose bafite ibibazo by’imvune.

Image

Abakinnyi ba Rayon Sports bishimira igitego

Image

Uwayezu Jean Fidele perezida w’ikipe ya Rayon Sports muri sitade Ubworoherane

Image

11 ba Rayon Sports babanje mu kibuga

Abakinnyi babanje mu kibuga ku mpande zombi:

Rayon Sports XI:

Hakizimana Adolphe (GK,22)

Nizigiyimana Abdul Karim Mackenzie 18

Ndizeye Samuel 25

Nishimwe Blaise 6

Nsengiyumva Isaac 2

Mujyanama Fidèle 3

Hassan Sembi 16

Essombe Willy Onana 4

Sagongo Suleiman 20

Musanze FC XI

Pascal Nshimiyimana (GK,42)

Nyandwi SADAM (C,16)

Gadi Niyonshuti 3

Ndagijimana Ewing 22

Jean Dushimumungezi 24

Clement Nshimiyimana 23

Nyirinkindi Saleh 10

Nkundimana Fabio 6

Kwizera Jean Luc 9

Eric Kanza Angwa 29

Namanda Luke Akula 13

Niyigena Clement 17

Mpongo Blaise SADAM 24

11 ba Musanze FC babanje mu kibuga

Abasifuzi n’abakapiteni b’impande zombi

Masud Juma umutoza mukuru wa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” aganzura umupira inyuma ahagana iburyo

Ndagijimana Ewing abyigana n’abakinnyi ba Rayon Sports

PHOTOS: Rwandamagazine

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen + seven =

Previous Post

United Stars yahagaritse umutoza Mushimiyimana Eric ashinjwa ubutinganyi

Next Post

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Related Posts

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

by radiotv10
16/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma n’abakinnyi batatu barimo Yannick Mukunzi, Faustin Usengimana na Yves Mugunga, mu...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

IZIHERUKA

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho
MU RWANDA

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

by radiotv10
18/01/2026
0

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

17/01/2026
What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Ait Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bazakinira Rayon Sports nk’intizanyo za Raja Casablanca

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.