Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko

radiotv10by radiotv10
03/11/2021
in MU RWANDA
0
Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko uruganda rw’inyange rutunganya amata ,rwihanangirije abacuruzi bazamuye igiciro cy’amata kubihagarika, abaturage mu bice bitandukanye baravuga ko nta cyahindutse amata agihenze.

Kuva mu ntangiriro z’impeshyi y’uyu mwaka,  igiciro cy’amata mu gihugu cyane  cyane mu mujyi wa Kigali cyatangiye gutumbagira mu buryo budasanzwe,  icyakora inzego bireba zikavuga ko byatewe n’ibura ryayo kubera iyo mpeshyi, icyo gihe litiro yaguraga 400 yagiye kuri 600, agapaki kafuraga 500 kagura 900,cg 1000  kugeza nubwo amakusanyirizo amwe yafunze imiryango kubera kuyabura.

N’ubwo bimeze bityo ariko Ku rundi ruhande mu cyumweru gishize ,uruganda rutunganya mata rw’inyange rwo rwamaganye abacuruzi bazamuye igiciro cy’amata yarwo rukavuga ko rwo rutigeze ruhindura ikiranguzo, rutegeka ko abari babikoze basubiza ibiciro uko byari biri, agapaki k’mata gato kagasubira kuri 500,litiro yo ku ikusanyirirzo ikagura 430.

Nyuma yicyumweru iri tangazo risohowe radiotv10 yazengrurtse mu bice bitandukanye by’umujyi wa kigali kugirango irbe niba bayraashyizwe mu bikorwa,maze abaturage batandukanye twaganiriye bose bahuriza ku maganya bavuga ko ibiciro bitigeze bitirimuka,ngo kugeza nubwo byatumye bamwe bayavaho .

 

Hari uwagize ati ” Njyewe  rwose n’ubu naraye nyaguze ariko nta cyahindutse,agapaki gato nakaguze 700 kandi urabizi ko kaguraga 500,nta mpinduka nta nkeya twabonye pe.”

 

Naho bamwe mu bacuruzi twaganiriye ariko batifuje ko  amajwi n’amashusho byabo bijya mu itangazamakuru, bo beruye bashinja uruganda inyange kwigiza ankana ,rukabateza abaturage kandi rubizi neza ko ikiranguzo rubahenda  ,kugeza no kuri bamwe mu banyir’amakusanyirizo yarwo nabo bagurisha ku giciro gihabanye n’icyo ruvuga,nabo bakavuga ko bayakura ku ruganda abahenze.

 

Ntitwabashije kubona umuyobozi w’uruganda rw’Inyange Buseruka James we yamaganye ibyo aba bacuruzi bavuga,avuga ko rwo rutigeze ruzamura ibiciro,ariko kandi ngo n’icyerekana ko aba bacuruzi babeshya,ngo basabwa kugaragaza inyemezabwishyu baranguriyeho bakabyanga.

 

 

icyakora  Minisitieri yubucuruzi ninganda yo ivuga  ko mu bugenzuzi yakoze yasanze ikibazo kiri ku bashinzwe kuranguza amata ,bazamura ibiciro bagatuma abacururzi bahenda abaturage, ariko ngo bararye bari menge nkuko karangw aCassien ushinzwe ubucururzi bw;imbere mu gihugu abivuga.

Ati “Mu bugenzuzi twakoze twasanze amata ahenze cyane ariko biturutse ku bacuruzi bitwaje ko yabaye make ku isoko bagahenda abaturage. Ikibazo kiriguturuka ku bashinzwe kugemura amata bayakuye ku ruganda,nibo bayaha abacuruei ku giciro cyo hejuru bigatuma nabo bahenda abaturage. ”

 

Yakomeje agira ati “Abo bose turikubahana kuko n’ubu hari abo twahannye kandi ubugenzuzi burakomeje hose mu gihugu.”

 

Miniciom ivuga ko hari abacuruzi icyenda imaze guca amande angana na milliyoni 19.5,kubera kuzamura igiciro cyamata nyamra bayakuye ku ruganda adahenze, ni mu gihe kandi hari n’ibidni bicururzwa byahenze ku isoko  ariko izi nzego zikavuga ko igiciro cyabyo kitigeze gihinduka.

Iyi Minisiteri ivuga ko kugeza uyu munsi amata yo mu gapaki gato agomba kugura amafaranga 500, ayo ku ikusanyirizo akagura 430 kuri litiro,naho litiro yo mu gapaki ikagura 1000,ngo ubirenzeho azajya abiryozwa kuko ntiyicaye.

Inyuma y’ibyuma by’itangazmaakuru abacuruzi bavuga ko Minicom ikwiye kugenzura inganda zitunganya amata ,nazo ikareba niba nta ruhare zigira mu rii tumbagira ry’ibiciro ,ngo bikareka guhimbirwa ku bacuruzi gusa kuko n’ikimenyimenyi bitigeze bibaho ko bazamura ibiciro bidaturuste kuho bayakura, ngo hanyuma igatahura uwigiza ankana uwo ari we.

Inkuru ya  Eugenie Nyiransabimana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × two =

Previous Post

Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe

Next Post

Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe

Related Posts

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Kigali is quietly becoming one of Africa’s most attractive destinations for digital nomads. Known for its cleanliness, safety, strong internet...

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

From mobile money to online banking and QR-code payments, the world is rapidly moving toward a cashless society. In Rwanda,...

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyunuzi bavuga ko umusaruro wabo utinda guhuza ibipimo bikenerwa kugira ngo ugurwe kuko batagira imashini...

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Inama y’Abaminisitiri ya nyuma y'umwaka wa 2025, yaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo kugezwaho isinywa ry’amasezerano y’Amahoro n’Ubufatanye mu by’Ubukungu hagati y’u...

IZIHERUKA

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?
IMIBEREHO MYIZA

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe

Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.