Saturday, July 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ariel Wayz yongeye kurikoroza kubera imyanya y’ibanga ye yongeye gushyira ku karubanda

radiotv10by radiotv10
06/12/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Ariel Wayz yongeye kurikoroza kubera imyanya y’ibanga ye yongeye gushyira ku karubanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi Uwayezu Ariel uzwi nka Ariel Wayz akomeje kuyobora amakuru ari kuvugwa mu myidagaduro yo mu Rwanda kubera amafoto ye yongeye kugaragaza imwe mu myanya ye y’ibanga.

Uyu muhanzikazi uri mu bagezweho mu Rwanda kubera indirimbo ari gukora ndetse n’udukoryo dukomeje kumuranga turimo ako yakoze mu minsi yashize ubwo yerekanaga ibere rye ubwo yariho acezanya n’umukunzi we Juno Kizigenza.

Kuri iki Cyumweru tariki 05 Ukuboza 2021, Ariel Wayz yongeye guhagurutsa ubwonko bw’abasore ubwo yashyiraga ifoto ye ku mbuga nkoranyambaga ze zerekana ibere rye ndetse n’umukondo.

Iyi foto yashyizeho ubutumwa agira ati “fata umubiri wanjye. Muvuge…n’ubundi ntabwo nteganya [yashakaga kuvuga ubukwe].”

Bamwe mu bamukurikira bahise bongera kumunenga aho uwitwa Peterson kuri Twitter yagize ati “Uyu mukobwa akurikiranwe kuko ariyandarika!” Ariel Wayz yahise amusubiza agira ati “Umubiri wanjye ni njye ureba.”

Undi witwa Bishoboka kuri Twitter, na we yahise agira ati “Niba ushaka icyubahiro ugomba gutekereza ejo hazaza hamwe n’uwo wifuza kuzaba mu myaka 40 yawe.”

Ariel Wayz wahitaga asubiza buri wese wamunengaga, yahise agira ati “Utekereza ko naje hano mu mikino, ibyo nkora ni ibyanjye kandi ntewe ishema na byo.”

Naho uwitwa Tuyishime Daniel we ati “Ibyo nabyita gusebya umuryango wawe ababyeyi bakureze iyaba wari uzi amagambo meza Mama wawe yahoraga akwaturiraho none uri kumwitura kwambara ubusa imbere y’isi yose. Ntakundi nta muryango ubura ikirumbo na we uri ikirumbo, ubwo se uri kwigisha iki abo uruta? uri ikigusha pe.”

Mu kumusubiza, Ariel Wayz yagize ati “Vana umuryango wanjye muri ibi. Ibi ni ibyanjye.”

Ariel Wayz kandi nyuma y’iyi foto, yanashyizeho indi foto iteguza indirimbo ye yise Love& Lust izasohoka mu minsi itanu.

Ni ifoto na yo ishotorana bidasanzwe kuko igaragaza amabere y’uyu Munyarwandakazi uretse utuntu yashyizeho dusa nk’uduhishe imoko.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + twenty =

Previous Post

Leta ya Uganda ikomeje kuryumaho ku rupfu rw’Umunyarwanda wari ukiri muto wahiciwe

Next Post

Zari wabyaranye na Diamond yahishuye ko amakariso yambara imwe ayigura 1.000.000 Frw

Related Posts

Amakuru agezweho kuri ‘Burikantu’ wari watawe muri yombi

Amakuru agezweho kuri ‘Burikantu’ wari watawe muri yombi

by radiotv10
25/07/2025
0

Mwitende Abdoulkarim uzwi nka ‘Burikantu’ ku mbuga nkoranyambaga, wari watawe muri yombi akurikiranyweho gufungirana abakobwa bapfaga 7 000 Frw, yarekuwe....

African Streetwear: A trend or a cultural movement?

African Streetwear: A trend or a cultural movement?

by radiotv10
25/07/2025
0

African streetwear is no longer just an underground aesthetic, it has transformed into a bold expression of culture, identity, and...

Amakuru yamenyekanye y’ibyabanjirije ifungwa rya ‘Burikantu’ byanabaye intandaro

Amakuru yamenyekanye y’ibyabanjirije ifungwa rya ‘Burikantu’ byanabaye intandaro

by radiotv10
22/07/2025
0

Umusore Mwitende Abdoulkarim uzwi nka ‘Burikantu’ ku mbuga nkoranyambaga uri mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB akurikiranyweho gufungirana mu nzu...

Miss Naomie wagaragaje ibya Hoteli Château le Marara yongeye kuvuga nyuma y’icyemezo cyafashwe

Miss Naomie wagaragaje ibya Hoteli Château le Marara yongeye kuvuga nyuma y’icyemezo cyafashwe

by radiotv10
22/07/2025
0

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2020, uri mu bari baherutse kugaragaza ibibazo bagiriye muri Hoteli Château le Marara...

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu ikimero cye mu mashusho y’inzongamubiri

by radiotv10
21/07/2025
1

Umuhanzikazi Marina yasangije abantu amashusho ye agaragaza ikimero cye, aho aba yambaye imyenda yenda kugaragaza imyanya y’ibanga nk’umukondo. Ni amashusho...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Zari wabyaranye na Diamond yahishuye ko amakariso yambara imwe ayigura 1.000.000 Frw

Zari wabyaranye na Diamond yahishuye ko amakariso yambara imwe ayigura 1.000.000 Frw

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.