• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Igisubizo kigufi umuhanzi King James yatanze abajijwe ikibazo akunze kubazwa

radiotv10by radiotv10
18/06/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Igisubizo kigufi umuhanzi King James yatanze abajijwe ikibazo akunze kubazwa
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James, yongeye kubazwa igihe azashingira urugo, avuga ko igihe kitaragera, ariko ko nikigera azabikora ntakabuza.

Umuhanzi King James yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kamena 2025 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, ubwo yari yitabiriye ikiganiro cyagarukaga ku iserukiramuco MTN Iwacu Muzika Festival rigiye kuzenguruka Igihugu cyose, aho na we azaba ari mu bahanzi bazaririmbamo akaba ari na we muhanzi mukuru.

Ubwo ikiganiro yari ari kugirana n’abanyamakuru cyarimo gihumuza, umwe mu banyamakuru yamubwiye ko hari ikibazo abafana be bakunze kwibaza cy’igihe azashakira, kandi ko banabimwifuriza cyane ko babona igihe cyabyo cyarageze.

Uyu muhanzi uri mu bafite abakunzi benshi kubera indirimbo ze zinyura abatari bacye wahise akubitwa agatwenge, yagize ati “Ni ubwa mbere iki kibazo nari ngiye ngicitse, biranze.”

King James yakomeje agira ati “Muri rusange igihe kizagera, ahubwo wenda buriya ni igihe kiba kitaragera, ariko buriya igihe kizagera.”

Abajijwe niba afite umukunzi baba bateganya kuzarushingana, King James, yagize ati “Igihe kizagera na byo mbibabwire.”

Uyu muhanzi uri kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 amaze muri muzika, aherutse gushyira hanze indirimbo yise Mowana iri mu zigezweho muri iyi minsi mu muziki w’u Rwanda.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen + 1 =

Previous Post

Eng.-What Politician Ingabire Victoire says about being summoned in coup plot case

Next Post

What made a popular Rwandan artist Fireman joining commission based land brokerage work

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
What made a popular Rwandan artist Fireman joining commission based land brokerage work

What made a popular Rwandan artist Fireman joining commission based land brokerage work

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.