• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Amarira yabaye menshi nyuma y’igitero cya Israel cyahitanye abarimo abanyamakuru b’ibitangazamakuru mpuzamahanga

radiotv10by radiotv10
26/08/2025
in AMAHANGA
0
Amarira yabaye menshi nyuma y’igitero cya Israel cyahitanye abarimo abanyamakuru b’ibitangazamakuru mpuzamahanga
Share on FacebookShare on Twitter

Abantu 22 barimo abanyamakuru batanu bahitanywe n’igitero cy’igisirikare cya Israel cyagabye ku Bitaro bya Nasser Hospital biherereye mu gace ka Khan Yunis mu majyepfo y’Intara ya Gaza.

Aba banyamakuru baguye muri iki gitero gikomeye, barimo abakoreraga Ibiro Ntaramakuru by’Abongera Reuters, iby’Abanyamerika Associated Press, ndetse n’abakorera Al Jazeera na Middle East Eye.

Al Jazeera iravuga ko mu bahitanywe n’iki gitero, harimo na bane bakoraga mu nzego z’ubuzima nkuko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ryabitangaje.

Yifashishije imbuga nkoranyambaga, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Binjamin Netanyahu, yavuze ko Israel ibabajwe bikomeye n’ibyabereye ku bitaro bya Nasser Hospital, avuga ko Israel yubaha abakora umwuga w’itangazamakuru, abakora kwa muganga n’abasivile, ku buryo itari kubarasaho ibigambiriye.

Yashimangiye ko inzego z’umutekano zahise zitangira iperereza kuri iki gitero; cyakora yibukije ko intego ya Israel ari ukurandura burundu umutwe wa Hamas ashinja kuba warashimuse abaturage ba Israel, avuga ko ikiguzi cyose byamusaba azaruhuka asenye burundu umutwe wa Hamas.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − 2 =

Previous Post

Why critical thinking is missing subject in our schools?

Next Post

Ntituri ba Gashozantambara ariko twaba ba Karwanantambara- Perezida Kagame yasubije abashinja RDF ibinyoma

Related Posts

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Next Post
Ntituri ba Gashozantambara ariko twaba ba Karwanantambara- Perezida Kagame yasubije abashinja RDF ibinyoma

Ntituri ba Gashozantambara ariko twaba ba Karwanantambara- Perezida Kagame yasubije abashinja RDF ibinyoma

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.