• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hemejwe ifungwa ry’abahanzikazi nyarwanda babiri hanamenyekana icyatumye bafatwa

radiotv10by radiotv10
11/09/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Hemejwe ifungwa ry’abahanzikazi nyarwanda babiri hanamenyekana icyatumye bafatwa
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda yemeje ko abahanzikazi babiri, Ariel Wayz na Babo Ekeight bafunzwe bakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge, nyuma yuko bakorewe ibizamini.

Amakuru y’ifungwa ry’aba bahanzikazi, yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Nzeri 2025, aho bamwe mu bazikoresha bavugaga ko aba bahanzikazi bari mu maboko ya Polisi.

Amakuru dukesha ikinyamakuru The New Times cyavuganye n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga; aremeza ko aba Bahanzikazi Ariel Wayz na Babo Ekeight bafunzwe.

ACP Boniface Rutikanga yafize ati “Yego ni byo barafunze.”

Ifungwa ry’aba bahanzikazi, ryaje rikurikira gufatirwa n’ubundi mu makosa yo kurenga ku mabwiriza, aho bafatanywe n’izindi nshuti mu masaha y’ijoro, bakaza gusuzumwa ibiyobwenge, nyuma bakaza gutabwa muri yombi nyuma yuko babisanzwemo mu mubiri.

Aba bahanzikazi babiri, bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Remera, nk’uko byemejwe n’inshuti ya hafi y’umwe muri aba bahanzi.

Ariel Wayz uri mu bahanzikazi bahagaze neza mu Rwanda muri iki gihe, ni umwe mu bize umuziki mu ishuri ryawo rya Nyundo yarangijemo muri 2016, wagiye anakora indirimbo zakunzwe na benshi, akaba kandi ari umwe mu bigaragaje mu bitaramo rya MTN Iwacu Muzika Festival biherutse kuzenguruka Igihugu.

Babo, we wamenyekanye mu ndirimbo zirimo na Lose you yakoranye n’uyu mugenzi we Ariel Wayz, asanzwe abarizwa muri Laber ya 1K Entertainment y’umuhanzi DJ Pius.

Ariel Wayz arafunze
Umuhanzikazi Babo na we ari mu maboko ya Polisi
Ariel Wayz na Babo

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 − eight =

Previous Post

Abagombaga gusezerana barembeye mu Bitaro nyuma yo gutegwa n’abagizi ba nabi none abaturanyi bashobewe

Next Post

Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC

Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.