Monday, February 23, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Ufite inkomoko mu Rwanda wageze mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgium ntiyahiriwe

radiotv10by radiotv10
23/02/2026
in IMYIDAGADURO
0
Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi
Share on FacebookShare on Twitter

Kyra Nkezabera ukomoka ku babyeyi barimo Umunyarwanda, wahatanaga muri Miss Belgium wanageze mu cyiciro cya nyuma cy’iri rushanwa, ntiyabashije kwegukana ikamba.

Uyu mukobwa ukomoka kuri Se w’Umunuyarwanda na Nyina w’Umubiligikazi, yahatanaga muri uri rushanwa ry’ubwiza ryasojwe mu mpera z’icyumweru twaraje dusoje, ku wa Gatandatu.

Muri iri rushanwa ryegukanywe na Olga Lambordo wamaze kuba Miss w’u Bubiligi, uyu mukobwa ukomoka mu Rwanda, yaje muri 15 ba mbere.

Uyu mukobwa w’imyaka 21 wari winjiye muri iri rushanwa azamukiye mu bahatanye mu Mujyi wa Bruxelles, yageze mu cyiciro cya nyuma abanje gutsinda mu bindi byiciro byabanje yagiye anazamuka ari mu myanya ya mbere muri ibyo byiciro.

Ubwo yari ageze mu cyiciro cya nyuma cy’iri rushanwa, Kyra Nkezabera yavugaga ko yizeye kuba yakwegukana iri kamba, cyangwa akaza mu myanya myiza nk’igisonga, ariko nanone akavuga ko umwanya wose yabona ntacyo uzamutwara kuko no kugera mu cyiciro cya nyuma, byamushimishije.

Uyu mukobwa wavukiye i Bruxelles mu Bubiligi muri 2003, avuga ko ahoza u Rwanda ku mutima, kuko nubwo atarubamo, ariko azirikana ko afitanye isano n’iki Gihugu cyibarutse umwe mu babyeyi be.

Olga Lambordo watwaye iri kamba ry’iri rushanwa rya Miss Belgium ryari ribaye ku nshuro yaryo ya 93, asanzwe ari umunyeshuri wiga muri Kamonuza ibijyanye n’imiti (Pharmacie).

Olga Lambordo wegukanye Miss Belgium
Kyra ufite inkomoko mu Rwanda ntiyahiriwe
Kyra Nkezabera yageze mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgium
Kyra Nkezabera yazamutse mu bahataniraga mu mujyi wa Bruxelles

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − 16 =

Previous Post

Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

Next Post

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Related Posts

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

by radiotv10
23/02/2026
0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yagaye Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu gufasha abahanzi nyarwanda, kubera...

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

Ubutumwa bukora ku mutima bwa nyuma umukinnyi wa filimi Eric Dane yageneye abakobwa be mbere yuko apfa

by radiotv10
22/02/2026
0

Mu kiganiro yagiranye na Netflix mbere yuko yitaba Imana, umukinnyi wa filimi wamamaye ku Isi, Eric Dane, yageneye ubutumwa abakobwa...

Stay clean and confident: Simple hygiene habits every man needs

Stay clean and confident: Simple hygiene habits every man needs

by radiotv10
21/02/2026
0

Good hygiene is not just about smelling good. It is about health, confidence, and self-respect. A man who takes care...

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

Dore icyo urwego rwa Leta muri Uganda rwabwiye Umuhanzikazi wavuze ko yahundagajweho amafaranga

by radiotv10
20/02/2026
0

Nyuma yuko umuhanzikazi Omega Baibe uri mu bagezweho muri Uganda, agaragaje ko yahundagajweho amafaranga mu gitaramo yakoreye muri Sudani y’Epfo,...

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

Beauty is not the same everywhere: Who defines what is beautiful?

by radiotv10
20/02/2026
0

Beauty standards are the ideas society has about what makes someone “beautiful.” These ideas can be about body shape, skin...

IZIHERUKA

What to activate in yourself to make 2026 your best year yet
MU RWANDA

What to activate in yourself to make 2026 your best year yet

by radiotv10
23/02/2026
0

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

23/02/2026
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

23/02/2026
Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

23/02/2026
Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda wageze mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgium ntiyahiriwe

23/02/2026
Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

Kayonza: Bari mu rujijo nyuma yo kumara 1/2 cy’umwaka badahembwa

23/02/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy’ingirakamaro cyabasigiye akaga

Nyanza: Bavuze uko igikorwa remezo cy'ingirakamaro cyabasigiye akaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

What to activate in yourself to make 2026 your best year yet

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.