Friday, April 24, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza

radiotv10by radiotv10
24/04/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza
Share on FacebookShare on Twitter

Umutoza Pep Guardiola w’ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza, uri mu bafite ibigwi ku Mugabane w’u Burayi, biravugwa ko ashobora kugirwa Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Butariyani mu mpeshyi y’uyu mwaka.

Ni amakuru yatangajwe n’Ikinyamakuru La Gazzetta dello Sport cyatangaje ko umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, ashobora kuba umutoza ikipe y’Igihugu y’u Butariyani.

Biravugwa ko Guardiola Yaba yaramaze kwegerwa n’ubuyobozi bw’umupira w’amaguru mu Butaliyani Kandi ko icyizere ari cyose ko ashobora kwemera ubusabe bamuhaye .

Gutoza amakipe y’ibihugu byari bisanzwe biri mu bitekerezo bya Pep Guardiola , kuko yigeze gutangaza ko ubwo azaba asoje gutoza Manchester City atibona yongeye gutoza indi Club ahubwo yumba yakomereza mu makipe y’ibihugu.

Uyu Munya-Espagne kandi afite umubano ukomeye n’u Butaliyani, kuko yahakiniye muma Ekipe nkas As Roma na Brescia ndetse akaba afite imishinga n’amakipe yo muri iki gihugu, bityo bikaba byatuma yumva neza icyo gutoza ikipe y’igihugu.

Umunyabigwi usanzwe unakora muri federasiyo y’imupira w’amaguru mub’Ubutariyani Leonardo Bonucci na we yashimangiye ko yifuza kubona Guardiola atoza iyo kipe, agira ati “Niba hari icyakorwa ngo tumuzane turagikora, Biragoye cyane kubigeraho, ariko kurota ntibihenda.”

Hagati aho, ikinyamakuru The Guardian kivuga ko mu gihe Guardiola yaba avuye muri Manchester City, Enzo Maresca ari we wahabwa amahirwe ya mbere yo kumusimbura, ndetse ibiganiro bya mbere bikaba byaratangiye.

Iyi nkuru ikomeje gukurura impaka mu bakunzi b’umupira w’amaguru, bibaza niba koko Guardiola ashobora kuva muri Manchester City akerekeza mu kazi ko gutoza ikipe y’igihugu y’u Butaliyani.

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × three =

Previous Post

Ubuhamya bw’impunzi z’Abanyekongo za mbere zihungutse zivuye i Burundi zari zahungiyemo ubwo M23 yafataga Uvira

Related Posts

Hatangajwe ibihano byafatiwe abakinnyi babiri mu Rwanda barimo uwakoze ibyateye urujijo

Hatangajwe ibihano byafatiwe abakinnyi babiri mu Rwanda barimo uwakoze ibyateye urujijo

by radiotv10
22/04/2026
0

Abakinnyi Daouda Yussif Seidu wa APR FC na Gédéon Ndinga Bivula wa Etincelles FC, bafatiwe ibihano n'ubuyobozo bwa Rwanda Premier...

AMAKURU MASHYA: Rutahizamu Bassane wa Rayon Sports yahagaritswe anasabwa ibisobanuro

AMAKURU MASHYA: Rutahizamu Bassane wa Rayon Sports yahagaritswe anasabwa ibisobanuro

by radiotv10
21/04/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwahagaritse rutahizamu w'iyi kipe, Umunya-Cameroon Aziz Bassane kubera imyitwarire mibi avugwaho, bunamwandikira ibaruwa bumusaba ibisobanuro. Amakuru...

APR VC yitije abakinnyi bane ba Gisagara VC, Kepler ijyana umwe: Menya imyitegure y’Amakipe y’u Rwanda

APR VC yitije abakinnyi bane ba Gisagara VC, Kepler ijyana umwe: Menya imyitegure y’Amakipe y’u Rwanda

by radiotv10
19/04/2026
0

Imyiteguro irarimbanyije ku makipe ane ahagarariye u Rwanda mu irushanwa ry'amakipe y'abagabo yabaye aya mbere iwayo muri Afurika mu mukino...

Ihangana hagati y’abakinnyi bayoboye ruhago ku Isi ya none ryimukiye mu ishoramari

Ihangana hagati y’abakinnyi bayoboye ruhago ku Isi ya none ryimukiye mu ishoramari

by radiotv10
17/04/2026
0

Nubwo Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bamaze imyaka myinshi bahanganiye mu kibuga nk’abakinnyi beza ku isi, ubu iryo hangana riri...

RDF Liberation Cup: Diviziyo ya 4 yitwaye neza itsinda Engineering Command muri Football na Volleyball

RDF Liberation Cup: Diviziyo ya 4 yitwaye neza itsinda Engineering Command muri Football na Volleyball

by radiotv10
17/04/2026
0

Mu gutangiza amarushanwa ya RDF Liberation Cup ategurwa mu rwego rwo kwizihiza Umunsi wo Kwibohora, mu mikino yabereye mu Ntara...

IZIHERUKA

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza
FOOTBALL

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza

by radiotv10
24/04/2026
0

Ubuhamya bw’impunzi z’Abanyekongo za mbere zihungutse zivuye i Burundi zari zahungiyemo ubwo M23 yafataga Uvira

Ubuhamya bw’impunzi z’Abanyekongo za mbere zihungutse zivuye i Burundi zari zahungiyemo ubwo M23 yafataga Uvira

24/04/2026
Hemejwe mu buryo budasubirwaho uwatsinze amatora ya Perezida muri Benin

Hemejwe mu buryo budasubirwaho uwatsinze amatora ya Perezida muri Benin

24/04/2026
Inkuru iteye amatsiko y’urukundo rw’abahanzi Papi Claver na Dorcas mbere yo kurushingana nk’umugore n’umugabo

Inkuru iteye amatsiko y’urukundo rw’abahanzi Papi Claver na Dorcas mbere yo kurushingana nk’umugore n’umugabo

24/04/2026
Hatangajwe izindi mbaraga zungutswe mu kunoza gahunda yo gutwara abagenzi muri Kigali

Hatangajwe izindi mbaraga zungutswe mu kunoza gahunda yo gutwara abagenzi muri Kigali

24/04/2026
Perezida w’u Burundi yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’igisirikare zikurikiye isanganya ryabayeho

Perezida w’u Burundi yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’igisirikare zikurikiye isanganya ryabayeho

24/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza

Ubuhamya bw’impunzi z’Abanyekongo za mbere zihungutse zivuye i Burundi zari zahungiyemo ubwo M23 yafataga Uvira

Hemejwe mu buryo budasubirwaho uwatsinze amatora ya Perezida muri Benin

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.