Tuesday, April 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma

radiotv10by radiotv10
28/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashyize mu myanya Abaminisitiri batatu muri Guverinoma y’iki Gihugu, barimo Ambasaderi Evelyne Butoyi wagizwe Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru.

Ni impinduka zatangajwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tairki 28 Mata 2026, nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi, GATONI Rosine Guilene kuri Radio na Televiziyo by’u Burundi (RTNB).

Uretse Ambasaderi Evelyne Butoyi wagizwe Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, abandi Baminisitiri bashyizweho na Perezida Ndayishimiye, barimo Eng. Égide Nijimbere wagizwe Minisitri w’Ibikorwa Remezo, Imiturire n’Ubwikorezi.

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye kandi, yanashyizeho Minisitiri w’Ubuzima, ari we Dr Fidèle Nkezabahizi.

Izi mpinduka za bamwe mu bagize Guverinoma y’u Burundi, zikozwe na Perezida Ndayishimiye nyuma y’iminsi micye anakoze izindi mu buyobozi bw’Igisirikare cy’iki Gihugu, aho mu cyumweru gishize yagize Colonel Thierry Kabura Umuyobozi ushinzwe ibikoresho bya Gisirikare, asimbura Col Ernest Musaba.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − sixteen =

Previous Post

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

Related Posts

Congo yashyize hanze ibimenyetso biri muri raporo ishinja u Rwanda gufasha M23

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

by radiotv10
28/04/2026
0

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yagize icyo avuga ku banengera iki Gihugu kwakira abimukira...

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

by radiotv10
28/04/2026
0

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, yataye muri yombi abanyamahanga 231 badafite ibyangombwa byo kuba muri kiriya Gihugu, barimo...

Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

by radiotv10
28/04/2026
0

Igisirikare cy’u Burundi kimuye amasasu n’intwaro za rutura bivanwa mu bigo bikomeye bya gisirikare i Bujumbura bijyanwa i Gitega, mu...

BREAKING: Perezida Trump yahungishijwe igitaraganya nyuma yuko humvikanye amasasu

Hatangajwe ibyaha bigomba gushinjwa uwagabye igitero ahari Perezida Trump

by radiotv10
27/04/2026
0

Umugabo ukekwaho kugaba igitero i Washington, ahaberaga ibirori byari byitabiriwe na Perezida Donald Trump, ategerejwe kugezwa imbere y’urukiko kuri uyu...

Abasirikare bane bakuru muri Uganda barimo Brigadier General bararegwa ubujura bwa litiro 270.000 za Lisansi

Abasirikare bane bakuru muri Uganda barimo Brigadier General bararegwa ubujura bwa litiro 270.000 za Lisansi

by radiotv10
27/04/2026
0

Abasirikare bane bo ku rwego rw’abofisiye, barimo ufite ipeti rya Brigadier, bagejejwe imbere y’Urukiko rwa Gisirikare Rukuru rwa Makindye, baregwa...

IZIHERUKA

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma
AMAHANGA

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma

by radiotv10
28/04/2026
0

Congo yashyize hanze ibimenyetso biri muri raporo ishinja u Rwanda gufasha M23

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

28/04/2026
Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

28/04/2026
Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

28/04/2026
Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

28/04/2026
Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

28/04/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Breaking: Perezida w’u Burundi yakoze impinduka muri Guverinoma

Ibisobanuro bya mbere byatanzwe na Guverinoma ya Congo ku kwakira abimukira birukanywe muri America

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga barenga 200 biganjemo abasanzwe ahantu hamwe bakora ibidasobanutse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.