• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame i Burayi yarebye umukino ikipe ya PSG yamamaza VisitRwanda yaboneyemo intsinzi

radiotv10by radiotv10
29/04/2026
in MU RWANDA
0
Perezida Kagame i Burayi yarebye umukino ikipe ya PSG yamamaza VisitRwanda yaboneyemo intsinzi
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame yarebye umukino ubanza wa 1/2 wahuje ikipe ya Paris Saint Germain isanzwe yamamaza Visit Rwanda na Bayern Munich yo mu Budage, wabonetsemo ibitego 9 birimo bitanu bya PSG kuri 4 bya Bayern Munich.

Uyu mukino ubanza wabereye kuri Sitade Parc des Princes i Paris mu ijoro ryacyeye, warangiye ikipe ya PSG ibonye intsinzi y’ibitego 5-4.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, byatangaje ko “Perezida Kagame yitabiriye umukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza wa UEFA Champions League i Paris aho umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yatsinze PSG yatsinze Bayern Munich.”

Umukuru w’u Rwanda ubwo yari muri Sidate, yari kumwe na Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, ndetse n’umunyemari Nasser bin Ghanim Al-Khelaifi  nyiri iyi kipe ya PSG.

Uretse kuba PASG yamamaza Visit Rwanda, iyi kipe yo mu Budage ya Bayern Munich byakinanaga, na yo ifitanye imikoranire n’u Rwanda, mu bijyanye n’iterambere ry’umupira w’amaguru, dore ko inafite irerero rikomeye muri iki Gihugu.

Uyu mukino wa mbere wa 1/2 ubaye nyuma yuko amakipe ane yose yagize imikoranire n’u Rwanda yinjiye muri iki cyiciro, yaba iyi ya PSG, Arsenal, Atlético Madrid ndetse n’iyi ya Bayern Munich.

Perezida Paul Kagame yari yashimiye aya makipe yamamaza Visit Rwanda, kuba ari yo yabashije kugera muri iki cyiciro kizavamo izegukana iri rushanwa rya UEFA Champions League riri mu yakunzwe cyane ku Isi.

Perezida Kagame muri Sitade Parc des Princes yarebye uyu mukino

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 5 =

Previous Post

Ubutumwa bw’ibyishimo bya Meddy ku isabukuru ya mbere y’umwana we wa kabiri

Next Post

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Next Post
Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Hagiye gutangwa Pasiporo ya America irimo ishusho ya Perezida Trump

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.