• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Friday, June 26, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Hatanagajwe igihe hazabera ibirori bw’abakunzi ba Rayon Sports

radiotv10by radiotv10
26/06/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Hatanagajwe igihe hazabera ibirori bw’abakunzi ba Rayon Sports
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwatangaje itariki izaberaho umunsi w’iyi kipe uzwi nka Rayon Day cyangwa Umunsi w’Igikundiro, usanzwe urangwa n’ibikorwa binyuranye birimo kumurikira abakunzi b’iyi kipe abakinnyi n’abatoza izakoresha mu mwaka w’imikino uba ugiye gutangira.

Ni ibirori ngarukamwaka, iyi kipe igaragarizamo abakunzi bayo abakinnyi bashya n’abatoza iba igiye kwinjirana mu mwaka w’imikino ndetse iyi kipe ikanakira umukino wa gicuti.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwatangaje ko “Umunsi w’Igikundiro uragarutse, Bakunzi ba murera!!!!” aho uzaba tariki 17 z’ukwezi gutaha kwa Nyakanga muri Sitade Amahoro.

Ubuyobozi bw’iyi kipe kandi bwakomeje bubaza abakunzi bayo niba “Hari ikipe idasanzwe wifuza ko yazaza kwifatanya natwe kugira ngo uyu munsi urusheho kuba amateka?”

Bwabasabye abakunzi b’iyi kipe iri mu zigira abafana benshi mu Rwanda, gutanga ibitekerezo bagaragaza amakipe bifuza ko yazitabira uyu munsi wa Rayon Day.

Ibirori nk’ibi by’umwaka ushize na byo byabereye muri Sitade Amahoro, tariki 15 Kanama 2025 aho iyi kipe yanakinnye umukino wa gicuti na Yanga Africans yo muri Tanzania, warangiye iyi kipe yo mu Rwanda itsinzwe ibitego 3-1, ihita iyitwara igikombe.

Umwaka ushize ubwo abakinnyi bari bagiye gutangirana na Rayon umwaka w’imikino baje bambaye mu buryo bwa gakondo

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 18 =

Previous Post

Ruhango: Abikorera bagaragarijwe ko aho ubukungu bw’Akarere bushingiye hatarashorwa imari bihagije

Next Post

Umusore yabenze umukobwa bari gusezerana nyuma yuko atahuye ko atarangije kaminuza ahubwo yiga mu yisumbuye

Related Posts

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

by radiotv10
25/06/2026
0

Afahmia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yamaze kugirwa umutoza mushya wa Gicumbi FC mu gihe cy’imyaka ibiri iri...

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

by radiotv10
24/06/2026
0

Umukinnyi wa Baskeball Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda ukinira ikipe ya University of Tennessee, yatoranyijwe nka nimero 13 muri...

Rayon Sports imanuye rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona yakinagamo

Rayon Sports imanuye rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona yakinagamo

by radiotv10
23/06/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe yasinyishije Umunya-Togo Antonio Kossivi Atisso Kodjo watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’Icyiciro...

APR yatandukanye n’abakinnyi babiri bari mu b’ingenzi bayo

APR yatandukanye n’abakinnyi babiri bari mu b’ingenzi bayo

by radiotv10
22/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ikipe ya APR FC, bwamaze gutandukana n’abakinnyi babiri bari bayimazemo igihe, barimo Ruboneka Jean Bosco wari uyimazemo imyaka itandatu...

Haravugwa impinduka muri Rayon Sports

Haravugwa impinduka muri Rayon Sports

by radiotv10
22/06/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangiye gukora impinduka mu mitoreze y’amakipe yayo, zirimo izatumye bamwe mu batoza basezererwa, abandi bahindurirwa inshingano....

Next Post
Umusore yabenze umukobwa bari gusezerana nyuma yuko atahuye ko atarangije kaminuza ahubwo yiga mu yisumbuye

Umusore yabenze umukobwa bari gusezerana nyuma yuko atahuye ko atarangije kaminuza ahubwo yiga mu yisumbuye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

America yafatiye ibihano amasosiyete ane yo mu Rwanda iyashinja gutera inkunga M23

Umusore yabenze umukobwa bari gusezerana nyuma yuko atahuye ko atarangije kaminuza ahubwo yiga mu yisumbuye

Hatanagajwe igihe hazabera ibirori bw’abakunzi ba Rayon Sports

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.