• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Monday, July 6, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Abakinnyi ba Cape-Verde bakiriwe nk’intwari bageze iwabo

radiotv10by radiotv10
06/07/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Abakinnyi ba Cape-Verde bakiriwe nk’intwari bageze iwabo
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Cape-Verde yatanze ibyishimo mu mikino y’Igikombe cy’Isi, bakiriwe nk’intwari ubwo bari bageze mu murwa mukuru w’igihugu cyabo Praia .

Ni nyuma yo kwitwara neza mu Gikombe cy’Isi cya 2026 kiri gukinirwa mukuru w’igihugu bihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique.

Nubwo Cap Vert yasezerewe muri 1/8 cy’irangiza nyuma yo gutsindwa na Argentine ibitego 3-2 mu mukino warangiye hifashishijwe iminota y’inyongera, abakinnyi bayo na Staff bashimiwe uburyo barwanye kugeza ku munota wa nyuma.

Cap Vert yanditse amateka inganya ubusa ku busa na Spain , igihugu gifite irushanwa rya Euro riheruka.

Bakigera iwabo, imbaga y’abaturage yabakiriye mu byishimo byinshi, ibashimira aya mateka meza banditse muri iri rushanwa.

Ibihumbi by’abaturage binjiye mu kibuga cy’indege kwakira iyi kipe.

Nyuma y’uyu muhango wo kubakira ku kibuga cy’indege, habaye urugendo rwihariye (parade) mu mihanda ya Praia, aho abaturage bizihije urugendo rw’amateka iyi kipe bakunze kwita Tubarões Azuis yagize mu Gikombe cy’Isi cya 2026.

Ephrem KAYIRANGA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen + sixteen =

Previous Post

Amajyepfo: Dore ibikorwa by’ingenzi by’Ingabo na Polisi byo gufasha abaturage kwizihiza Umunsi wo Kwibohora

Related Posts

Igisubizo kirimo gutebya rurangiranwa Cristiano Ronaldo yasubije umunyamakuru w’Umunyarwanda bavuganye imbonankubone

Igisubizo kirimo gutebya rurangiranwa Cristiano Ronaldo yasubije umunyamakuru w’Umunyarwanda bavuganye imbonankubone

by radiotv10
03/07/2026
0

Rurangiranwa mu mupira w’amaguru ku Isi, Cristiano Ronaldo yabajijwe ikibazo n’umunyamakuru w’Umunyarwanda uri muri Canada ahari kubera Igikombe cy’Isi, kirebana...

Ikipe ya Police FC yibitseho abakinnyi batanu ku munsi umwe

Ikipe ya Police FC yibitseho abakinnyi batanu ku munsi umwe

by radiotv10
03/07/2026
0

Ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi batanu bashya biganjemo abanyamahanga,n'Umunyarwanda ukina nka myugariro Rushema Chris wari usanzwe...

Hagiye kujya hakorwa isuzuma ritunguranye mu Rwanda rishobora gutahura abakinnyi bakoresha ibiyobyabwenge

Hagiye kujya hakorwa isuzuma ritunguranye mu Rwanda rishobora gutahura abakinnyi bakoresha ibiyobyabwenge

by radiotv10
03/07/2026
0

Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangaje mu guhera mu mwaka w’imikino wa 2026-2026 abakinnyi bazajya bakorerwa isuzuma...

Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est

Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est

by radiotv10
02/07/2026
0

Nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports isoje umwaka w’imikino idafite umutoza mukuru, yatangiye kurambagiza uwatozaga Amagaju, gusa amakuru aravuga ko...

FERWAFA yirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo

FERWAFA yirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo

by radiotv10
30/06/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo, rimuziza kuwucunga nabi. Ibi bibaye nyuma y’aho kompanyi...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abakinnyi ba Cape-Verde bakiriwe nk’intwari bageze iwabo

Amajyepfo: Dore ibikorwa by’ingenzi by’Ingabo na Polisi byo gufasha abaturage kwizihiza Umunsi wo Kwibohora

Rusizi: Abagore bubakiye  uwarokotse jenoside wabaga mu nzu imeze nabi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.