• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, July 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est

radiotv10by radiotv10
02/07/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports isoje umwaka w’imikino idafite umutoza mukuru, yatangiye kurambagiza uwatozaga Amagaju, gusa amakuru aravuga ko ari no gushakishwa na Etoile de l’Est yongeye kuzamuka mu cyiciro cya mbere.

Umunya-Maroc Sghir Hammadi yasimbuye Amarisi Niyongabo, afasha Amagaju kutamanuka mu Cyiciro cya Kabiri.

Mu mpera z’ukwezi kwa Gatatu uyu mwaka, Ueari, wari umutoza wa Kiyovu, yasheshe amasezerano yerekeza muri Rayon Sports.

Kiyovu yavuze ko ibyo binyuranyije n’amategeko, irega Haringingo muri FERWAFA.

Mu guca urubanza, FERWAFA yasanze hari ingingo zitubahirijwe, itegeka Haringingo kwishyura Kiyovu miliyoni 15 Frw.

Imikino itandatu yari isigaye, Kiyovu yatojwe n’uwari umutoza wungirije, Sebarera, ayifasha kwegukana umwanya wa gatanu muri Rwanda Premier League.

Kubera ko uyu mutoza adafite ibyangombwa bimwemerera gutoza mu Cyiciro cya Mbere mu buryo burambye, byatumye Kiyovu yegera umutoza w’Amagaju. Gusa, Etoile de l’Est, izakina mu Cyiciro cya Mbere uyu mwaka, ishobora kumutwara.

Leonidas NDAYISABA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 4 =

Previous Post

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Related Posts

FERWAFA yirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo

FERWAFA yirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo

by radiotv10
30/06/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryirukanye Peggy Kagwire wari ushinzwe umutungo, rimuziza kuwucunga nabi. Ibi bibaye nyuma y’aho kompanyi...

Rwabuze gica hagati ya APR HC na Police HC imbere y’abafana b’ingeri zinyuranye (Amafoto)

Rwabuze gica hagati ya APR HC na Police HC imbere y’abafana b’ingeri zinyuranye (Amafoto)

by radiotv10
29/06/2026
0

Imikino ya nyuma ya kamarampaka muri shampiyona ya Handball yafashe indi ntera nyuma y’aho APR HC yishyuriye Police HC, amakipe...

Hatanagajwe igihe hazabera ibirori bw’abakunzi ba Rayon Sports

Hatanagajwe igihe hazabera ibirori bw’abakunzi ba Rayon Sports

by radiotv10
26/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwatangaje itariki izaberaho umunsi w’iyi kipe uzwi nka Rayon Day cyangwa Umunsi w’Igikundiro, usanzwe urangwa...

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

Uwahoze ari Umutoza wa Rayon Sports yagizwe uwa Gucumbi FC

by radiotv10
25/06/2026
0

Afahmia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yamaze kugirwa umutoza mushya wa Gicumbi FC mu gihe cy’imyaka ibiri iri...

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

Umukinnyi mpuzamahanga ufite inkomoko mu Rwanda yateye intambwe ikomeye muri NBA

by radiotv10
24/06/2026
0

Umukinnyi wa Baskeball Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda ukinira ikipe ya University of Tennessee, yatoranyijwe nka nimero 13 muri...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Kiyovu Sports ishobora guterwa gapapu n’ikipe ya Etoile de l’Est

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Umukinnyi wa Filimi uzwi mu Rwanda ari guteza ibye birimo moto ngo akemura ikibazo afite

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.