Sunday, December 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID

radiotv10by radiotv10
21/02/2022
in MU RWANDA
0
UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19, akaba ari kwitabwaho n’abaganga be ndetse akaba akomeje kubahiriza inama zose bamugira.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yifurije Umwamikazi Elisabeth gukira vuba.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Boris Johnson yagize ati “Nizera ko mvugira buri wese mu kwifuriza Nyiricyubahiro Umwamikazi gukira vuba COVID no kugaruka vuba mu buzima busanzwe.”

Itangazo ryasohowe n’Ubwami bw’u Bwongereza, rivuga ko nyuma y’uko Umwamikazi Elisabeth II asanzwemo COVID “azakomeza kwitabwaho n’abaganga kandi agakurikiza amabwiriza yose ajyanye n’iyi ndwara.”

Umwamikazi Elisabeth II bamusanganye ubwandu bw’iki cyorezo, nyuma yo kugaragaza ibimenyetso byacyo birimo ibicurane.

Yanduye iki cyorezo nyuma y’uko umukungu we Wales na we yipimisha tariki 10 Gashyantare 2022, bakamusangamo ubwandu bw’iki cyorezo.

Mu bifurije Umwamikazi Elisabeth II gukira vuba kandi; harimo umuyobozi w’ishyaka ry’Abakozi rtavuga rumwe n’iri ku butegetsi, Sir Keir Starmer, wagize ati “Tukwifurije gukira vuba.”

na we nyene yipfurije umwamikazi “amagara meza no gukira ningoga”, yongerako ati: “Tukwipfurije gukira vuba, Ma’am”.

Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19 mu gihe habura iminsi micye ngo Guverinoma y’Igihugu cye ikureho amabwiriza yose yo kwirinda iki cyorezo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 1 =

Previous Post

AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

Next Post

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Related Posts

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

by radiotv10
20/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, byibanze ku guteza imbere...

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

by radiotv10
20/12/2025
0

Bamwe mu barema isoko ry’amatungo magufi ryo mu Murenge wa Kabarondo, bavuga ko babangamirwa n’uko ritazitiye, bigatuma amatungo yangiza ubusitani...

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

by radiotv10
20/12/2025
0

Rwanda’s Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, held talks with his Russian counterpart, Sergey Lavrov, focusing...

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

by radiotv10
20/12/2025
0

Gushengerera ni isengesho rikomeye muri Kiliziya Gatulika, rifasha abakristu kuganira na Yezu bucece, bamurangamiye mu isakaramentu ry’Ukarisitiya. Dore ibyo wakubahiriza...

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

by radiotv10
20/12/2025
1

Edouard Bamporiki wagize imyanya inyuranye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko muri Guverinoma, yagaragaje ibyishimo atewe n’isabukuru y’imyaka 15 amaze...

IZIHERUKA

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze
IBYAMAMARE

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

by radiotv10
21/12/2025
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.