• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID

radiotv10by radiotv10
21/02/2022
in MU RWANDA
0
UK: Umwamikazi Elisabeth yanduye COVID
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19, akaba ari kwitabwaho n’abaganga be ndetse akaba akomeje kubahiriza inama zose bamugira.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yifurije Umwamikazi Elisabeth gukira vuba.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Boris Johnson yagize ati “Nizera ko mvugira buri wese mu kwifuriza Nyiricyubahiro Umwamikazi gukira vuba COVID no kugaruka vuba mu buzima busanzwe.”

Itangazo ryasohowe n’Ubwami bw’u Bwongereza, rivuga ko nyuma y’uko Umwamikazi Elisabeth II asanzwemo COVID “azakomeza kwitabwaho n’abaganga kandi agakurikiza amabwiriza yose ajyanye n’iyi ndwara.”

Umwamikazi Elisabeth II bamusanganye ubwandu bw’iki cyorezo, nyuma yo kugaragaza ibimenyetso byacyo birimo ibicurane.

Yanduye iki cyorezo nyuma y’uko umukungu we Wales na we yipimisha tariki 10 Gashyantare 2022, bakamusangamo ubwandu bw’iki cyorezo.

Mu bifurije Umwamikazi Elisabeth II gukira vuba kandi; harimo umuyobozi w’ishyaka ry’Abakozi rtavuga rumwe n’iri ku butegetsi, Sir Keir Starmer, wagize ati “Tukwifurije gukira vuba.”

na we nyene yipfurije umwamikazi “amagara meza no gukira ningoga”, yongerako ati: “Tukwipfurije gukira vuba, Ma’am”.

Umwamikazi Elisabeth II yanduye COVID-19 mu gihe habura iminsi micye ngo Guverinoma y’Igihugu cye ikureho amabwiriza yose yo kwirinda iki cyorezo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − eight =

Previous Post

AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

Next Post

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

TdRwanda2022: Umufaransa yegukanye Kigali-Rwamagana ahagerera rimwe n’Umunyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.