Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira

radiotv10by radiotv10
02/11/2021
in MU RWANDA
0
Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira
Share on FacebookShare on Twitter

Mu karere ka Rubavu mu murenge wa cyanzarwe abaturage bakorera mu isoko rya Bizige  bibaza impamvu isoko ryabo rimaze imyaka irenga ine barikoreramo riva kandi ngo iki kibazo baracyeretse ubuyobozi. Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanzarwe buvuga ko iki kibazo gihari kandi gihangayikishije abaturage bukavuga ko bwamaze gukora inyigo izagenderwaho risanwa nubwo ntagihe nyirizina ubu buyobozi bugaragaza.

 

Ni isoko ryubatse hejuru y’umuhanda ni mukibanza gicuramye kuburyo amazi ava hejuru yaryo amanuka yerekeza mubaturage.isoko ricyubakwa ryari ryahawe imireko yinjiza amazi mubigega kuburyo nta mazi ava kuri aya mabati ngo ajye gusenyera abaturage.gusa igihangayikishije ni uko ari ibigega ubu byamaze gutoboka imireko nayo iracika amazi ubu Aruhukira mumazu y’abaturage ikindi iri soko naryo ubwaryo rirava abarikoreramo ba baba banyagirwa.

 

Nyirazaninka Beatrice  aganira na Radiotv10 yagize ati : ‘‘Maze igihe kinini nkorera muri iri soko rya ryabizige twagaragaje ko iyo imvura iguye tunyagirwa ariko ntituzi impamvu batarisana. Basi bazatwake amafaranga tujye dusora ariko iri soko risanwe’’

 

Aba baturage bavuga ko bamaze imyaka irenga irenze bagaragaza iki kibazo ubuyobozi ngo ntibugire icyo bugikoraho gusa uwimana vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe avuga ko iri soko ryamaze gukorerwa inyigo kugirango risanwe n’ubwo uyu muyobozi atagaragaza igihe.

 

UWIMANA vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe yemeza ko ari ikibazo gihari ati ni ikibazo koko gihari ariko twatangiye gukora ubuvugizi kuburyo muminsi iri imbere cyazaba cyakemutse.kuko ubu twamaze no gukora inyigo izagenderwaho mu kurisana kuko nubundi risanzwe ryubatse muburyo ryemerera amazi kwinjiramo rero tuzasaba ko ryakubakwa muburyo bwiza.

 

Iri soko rya ryabizige abaturage basaba ko ryasanwa abatuareg bavuga ko ribafatiye runini kuko ariryo ribafasha guhahirana n’abaturanyi  gusa ubwitabire bw’abarikoreramo bukaba buri hasi kuko abeshi bacibwa intege n’uburyo iri soko rubtse kuko usanga ibicuruzwa byabo binyagirwa nabo bagakora imvura n’izuba bibari kumugongo.

Inkuru ya Darton Gasigwa 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine − 3 =

Previous Post

#10Sports : Bimwe mu byaranze tariki ya 02 Ugushyingo mu Siporo

Next Post

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Related Posts

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Mu busabane bwa Noheli Gianni Infantino, Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yagiranye n’abakiri bato bafite impano muri uyu...

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi
MU RWANDA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

26/12/2025
Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

26/12/2025
Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.