• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Wednesday, June 17, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira

radiotv10by radiotv10
02/11/2021
in MU RWANDA
0
Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira
Share on FacebookShare on Twitter

Mu karere ka Rubavu mu murenge wa cyanzarwe abaturage bakorera mu isoko rya Bizige  bibaza impamvu isoko ryabo rimaze imyaka irenga ine barikoreramo riva kandi ngo iki kibazo baracyeretse ubuyobozi. Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanzarwe buvuga ko iki kibazo gihari kandi gihangayikishije abaturage bukavuga ko bwamaze gukora inyigo izagenderwaho risanwa nubwo ntagihe nyirizina ubu buyobozi bugaragaza.

 

Ni isoko ryubatse hejuru y’umuhanda ni mukibanza gicuramye kuburyo amazi ava hejuru yaryo amanuka yerekeza mubaturage.isoko ricyubakwa ryari ryahawe imireko yinjiza amazi mubigega kuburyo nta mazi ava kuri aya mabati ngo ajye gusenyera abaturage.gusa igihangayikishije ni uko ari ibigega ubu byamaze gutoboka imireko nayo iracika amazi ubu Aruhukira mumazu y’abaturage ikindi iri soko naryo ubwaryo rirava abarikoreramo ba baba banyagirwa.

 

Nyirazaninka Beatrice  aganira na Radiotv10 yagize ati : ‘‘Maze igihe kinini nkorera muri iri soko rya ryabizige twagaragaje ko iyo imvura iguye tunyagirwa ariko ntituzi impamvu batarisana. Basi bazatwake amafaranga tujye dusora ariko iri soko risanwe’’

 

Aba baturage bavuga ko bamaze imyaka irenga irenze bagaragaza iki kibazo ubuyobozi ngo ntibugire icyo bugikoraho gusa uwimana vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe avuga ko iri soko ryamaze gukorerwa inyigo kugirango risanwe n’ubwo uyu muyobozi atagaragaza igihe.

 

UWIMANA vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe yemeza ko ari ikibazo gihari ati ni ikibazo koko gihari ariko twatangiye gukora ubuvugizi kuburyo muminsi iri imbere cyazaba cyakemutse.kuko ubu twamaze no gukora inyigo izagenderwaho mu kurisana kuko nubundi risanzwe ryubatse muburyo ryemerera amazi kwinjiramo rero tuzasaba ko ryakubakwa muburyo bwiza.

 

Iri soko rya ryabizige abaturage basaba ko ryasanwa abatuareg bavuga ko ribafatiye runini kuko ariryo ribafasha guhahirana n’abaturanyi  gusa ubwitabire bw’abarikoreramo bukaba buri hasi kuko abeshi bacibwa intege n’uburyo iri soko rubtse kuko usanga ibicuruzwa byabo binyagirwa nabo bagakora imvura n’izuba bibari kumugongo.

Inkuru ya Darton Gasigwa 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − five =

Previous Post

#10Sports : Bimwe mu byaranze tariki ya 02 Ugushyingo mu Siporo

Next Post

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Related Posts

U Rwanda rwakiriye inama y’Inzego za Gisirikare mu Bihugu bitatu byo mu karere ruherereyemo

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Umuvugizi mushya wa RDF

by radiotv10
17/06/2026
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashyizeho Brigadier General Patrick Karuretwa nk’Umuvugizi wa RDF, asimbura...

Umuyobozi w’ishuri yirukaniwe kwicisha inzara abanyeshuri kandi ‘stock’ irimo ibiryo

Umuyobozi w’ishuri yirukaniwe kwicisha inzara abanyeshuri kandi ‘stock’ irimo ibiryo

by radiotv10
17/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwirukanye Umuyobozi w’Ishuri Ribanza rya Gashirabwoba ryo mu Murenge wa Bushenge, kubera kwicisha inzara abanyeshuri, kuko...

Nyamagabe: Abagabo batanu bakekwaho kwishora mu bikorwa bigayitse bafashwe

Nyamagabe: Abagabo batanu bakekwaho kwishora mu bikorwa bigayitse bafashwe

by radiotv10
17/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abagabo batanu bakekwaho kwishora mu bikorwa bigayitse bigamije guhungabanya umutekano n’ituze by’abaturage, birimo...

Ibirambuye ku muntu wa mbere wanduye Marburg mu Rwanda n’uko yakwirakwiye

U Rwanda ruraha icyizere cy’ijana ku ijana abazarusura ko batazahura na Ebola

by radiotv10
17/06/2026
0

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko igihe cyose hagiye haduka icyorezo cya Ebola mu Bihugu bikikije u Rwanda, iki...

Nyaruguru: Bemerewe inkunga nyuma yo kwangirizwa n’ibiza bikomeye none baheruka babarurwa

Nyaruguru: Bemerewe inkunga nyuma yo kwangirizwa n’ibiza bikomeye none baheruka babarurwa

by radiotv10
17/06/2026
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Munini, Akarere ka Nyaruguru, bavuga ko bafite ikibazo cy’ubukene buturuka ku ngaruka z’ibiza...

Next Post
Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

BREAKING: Perezida Kagame yashyizeho Umuvugizi mushya wa RDF

Umuyobozi w’ishuri yirukaniwe kwicisha inzara abanyeshuri kandi ‘stock’ irimo ibiryo

Igisubizo Miss Jolly yahaye umuhanzi ukomeye mu karere wiyemeje gushyira hanze ubutekamutwe amushinja

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.