Thursday, March 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira

radiotv10by radiotv10
02/11/2021
in MU RWANDA
0
Abatuye mu murenge wa Cyanzarwe bahangayikishijwe n’isoko ryabo bamaze imyaka ine barikoreramo imvura ibanyagira
Share on FacebookShare on Twitter

Mu karere ka Rubavu mu murenge wa cyanzarwe abaturage bakorera mu isoko rya Bizige  bibaza impamvu isoko ryabo rimaze imyaka irenga ine barikoreramo riva kandi ngo iki kibazo baracyeretse ubuyobozi. Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanzarwe buvuga ko iki kibazo gihari kandi gihangayikishije abaturage bukavuga ko bwamaze gukora inyigo izagenderwaho risanwa nubwo ntagihe nyirizina ubu buyobozi bugaragaza.

 

Ni isoko ryubatse hejuru y’umuhanda ni mukibanza gicuramye kuburyo amazi ava hejuru yaryo amanuka yerekeza mubaturage.isoko ricyubakwa ryari ryahawe imireko yinjiza amazi mubigega kuburyo nta mazi ava kuri aya mabati ngo ajye gusenyera abaturage.gusa igihangayikishije ni uko ari ibigega ubu byamaze gutoboka imireko nayo iracika amazi ubu Aruhukira mumazu y’abaturage ikindi iri soko naryo ubwaryo rirava abarikoreramo ba baba banyagirwa.

 

Nyirazaninka Beatrice  aganira na Radiotv10 yagize ati : ‘‘Maze igihe kinini nkorera muri iri soko rya ryabizige twagaragaje ko iyo imvura iguye tunyagirwa ariko ntituzi impamvu batarisana. Basi bazatwake amafaranga tujye dusora ariko iri soko risanwe’’

 

Aba baturage bavuga ko bamaze imyaka irenga irenze bagaragaza iki kibazo ubuyobozi ngo ntibugire icyo bugikoraho gusa uwimana vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe avuga ko iri soko ryamaze gukorerwa inyigo kugirango risanwe n’ubwo uyu muyobozi atagaragaza igihe.

 

UWIMANA vedaste umunyamabanganshingwabikorwa w’uyu murenge wa cyanzarwe yemeza ko ari ikibazo gihari ati ni ikibazo koko gihari ariko twatangiye gukora ubuvugizi kuburyo muminsi iri imbere cyazaba cyakemutse.kuko ubu twamaze no gukora inyigo izagenderwaho mu kurisana kuko nubundi risanzwe ryubatse muburyo ryemerera amazi kwinjiramo rero tuzasaba ko ryakubakwa muburyo bwiza.

 

Iri soko rya ryabizige abaturage basaba ko ryasanwa abatuareg bavuga ko ribafatiye runini kuko ariryo ribafasha guhahirana n’abaturanyi  gusa ubwitabire bw’abarikoreramo bukaba buri hasi kuko abeshi bacibwa intege n’uburyo iri soko rubtse kuko usanga ibicuruzwa byabo binyagirwa nabo bagakora imvura n’izuba bibari kumugongo.

Inkuru ya Darton Gasigwa 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 + 17 =

Previous Post

#10Sports : Bimwe mu byaranze tariki ya 02 Ugushyingo mu Siporo

Next Post

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Related Posts

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

by radiotv10
18/03/2026
0

I La Haye mu Buholandi, hatangiye kuburanishwa urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza ku bijyanye no kutubahiriza amasezerano y’Ibihugu byombi,...

Hatangajwe igihe ingendo z’indege z’imbere mu Rwanda zizasubukurwirwa n’ibiciro byazo

Hatangajwe igihe ingendo z’indege z’imbere mu Rwanda zizasubukurwirwa n’ibiciro byazo

by radiotv10
18/03/2026
0

Sosiyete y’u Rwanda y’Indege RwandAir yatangaje ko mu cyumweru gitaha izasubukura ingendo hagati ya Kigali na Kamembe mu Karere ka...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

by radiotv10
18/03/2026
0

In The Hague, Netherlands, hearings have begun in a case where Rwanda has sued the United Kingdom over failure to...

Bavuga ko batumva icyabuze ngo bakemurirwe ikibazo cy’ingutu bagaragarije inzego zitandukanye

Bavuga ko batumva icyabuze ngo bakemurirwe ikibazo cy’ingutu bagaragarije inzego zitandukanye

by radiotv10
18/03/2026
0

Bamwe mu bahinzi ba kawa bo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bagorwa no kugeza umusaruro...

Rainy Season Tips: Stay Safe If You Get Cold Allergies

Rainy Season Tips: Stay Safe If You Get Cold Allergies

by radiotv10
18/03/2026
0

The past few days have been full of rain, and weather experts say even more heavy rain is coming. For...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe
AMAHANGA

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

by radiotv10
18/03/2026
0

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

18/03/2026
U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

18/03/2026
Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

18/03/2026
Ikipe ya Senegal yari yegukanye Igikombe cya Afurika byarangiye icyambuwe nyuma y’amezi 2

Ikipe ya Senegal yari yegukanye Igikombe cya Afurika byarangiye icyambuwe nyuma y’amezi 2

18/03/2026
Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

18/03/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.