Saturday, October 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in MU RWANDA
0
Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga
Share on FacebookShare on Twitter

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, perezida w’igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambya agamije kureba uko babayeho no kubahumuriza no kubafasha gusana ibyangiritse.

Inkuru ya African News ivuga ko Perezida Ramaphosa uduce yasuye dutatu tw’umucuruzi muri Soweto atanga ubufasha bwo gusana ibyangijwe.

Ubusanzwe uduce tubarurwa nk’utwangijwe n’imyigaragambyo cyane ni inkuta z’intara ya  Kwazulu Natal na Guateng mu minsi 10.

Iyi myigaragambyo yahagurukijwe n’abantu bashyigikiye uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Jacob Zuma, bigaragambirizaga igifungo yahawe ku bwo gusuzugura urukiko akanga kwerekana ibimenyetso mu iperereza ku byaha bya ruswa ashinjwa.

From recovering economic status to securing more vaccines: 5 key points  from Cyril Ramaphosa's address

Perezida w’igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambya

Uyu mugabo yakatiwe gufungwa amezi 15. Kuva ubwo abamushyigikiye batangiye kwigabiza imihanda, basahura amaduka, banangiza ibikorwaremezo bitandukanye.

Perezida Ramaphosa yabwiye ikinyamakuru The Nation ko abaturage barenga ibihumbi 2500 bafashwe bari gukurikirwaho ibi bikorwa byo kwangiza iyi mitungo mu gihe abagera kuri 212 aribo bamenyekanye bapfiriye muri zi mvururu.

Ni mugihe kandi urubanza rwa Jacob Zuma biteganijwe ko rusubukurwa kuri uyu wa mbere.

Inkuru ya: Vedaste Kubwimana/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 2 =

Previous Post

U Burayi: Abantu barenga 160 bamaze guhitanwa n’umwuzure wibasiye u Budage

Next Post

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

Related Posts

Things to leave behind with the end of the week

Things to leave behind with the end of the week

by radiotv10
17/10/2025
0

Every new week is a quiet reset, a chance to step forward without dragging the emotional and mental clutter of...

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

by radiotv10
17/10/2025
0

Inzego z’umutekano n’iz’ibanze ziri gushakisha umusore wo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana, watorotse nyuma yo gukekwaho gutera...

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

by radiotv10
17/10/2025
0

Hasohotse Iteka rya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ryirukana abayobozi babiri mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC n’undi umwe wo mu Kigo...

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

by radiotv10
17/10/2025
0

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi...

Umugabo w’i Nyagatare watwitswe n’umugore we ku gitsina yavuze ko icyo akeka

Umugabo w’i Nyagatare watwitswe n’umugore we ku gitsina yavuze ko icyo akeka

by radiotv10
17/10/2025
0

Umugabo wo Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare watwikishijwe amazi yatuye n’umugore we byumwihariko ku bugabo bwe bugakomereka bikabije,...

IZIHERUKA

Things to leave behind with the end of the week
MU RWANDA

Things to leave behind with the end of the week

by radiotv10
17/10/2025
0

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

17/10/2025
Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

17/10/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

17/10/2025
Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

17/10/2025
Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

17/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Things to leave behind with the end of the week

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.