Saturday, July 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in MU RWANDA
0
DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Imiryango itandukanye itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa ukongera kuba nyabagendwa bityo ukoroshya ubuhahirane mu duce tuwukoresha.

Inkuru ya Radio Okapi ikorera muri iki gihugu, ivuga ko sosiyete sivile ikorera mu gace ka Beni yasabye leta gukora ibishoboka byose igufungura uyu muhanda wa nimero kane (4) umaze ibyumweru bibiri ufunze kugira ngo ubuhahirane bw’intara ya Kivu y’amajyaruguru ,Ituri na Tchopo bwongere gukunda.

Uyu muhanda imiryango itegamiye kuri reta isaba ko ufungurwa, wafunzwe nyuma yaho imitwe yitwaje intwaro yibasiye uduce twa Walense Vonkutu, Komanda na Luna, bamwe bakahasiga ubuzima ndetse n’ibikorwa bikahangirikira, icyo gihe leta igahitamo gufunga umuhanda uhuza utu duce.

Maitre Pepe Kavotha perezida wa sosiyete sivile mu mujyi wa Beni yavuze ko uyu muhanda ufatwa nk’ibihaha by’umujyi wa Beni, intara ya Ituri na Butembo ndetse na Kisangani ,bakaba basaba ko wafungurwa vuba kuko ubu ntamutekano mucye ugihari.

Ibi akaba yabivugiye mu kiganiro cyabahuje n’abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abayihagarariye bemera ko uyu muhanda ufungurwa mu gihe cya vuba ariko birinda gutangaza amatariki.

Inkuru ya Vedatse Kubwimana/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × one =

Previous Post

Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga

Next Post

Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y’Epfo yagejejwe imbere y’urukiko

Related Posts

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

by radiotv10
18/07/2025
0

Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza uregwa ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo iminsi 30. Ni icyemezo...

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

by radiotv10
18/07/2025
0

Banki Nkuru y’u Rwanda BNR yatangaje igiye guhugura urubyiruko ku mikoreshereze y'ikoranabuhanga muri serivisi z'imari hifashishijwe telefoni ngendanwa, kugira ngo...

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Amakuru agezweho: Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu NAEB afunzwe ukurikiranyweho kwigwizaho imitungo

by radiotv10
18/07/2025
0

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NAEB), ari...

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

by radiotv10
18/07/2025
0

Umugabo w’imyaka 74 y’amavuko usanzwe akora akazi ko kunganira abantu mu mategeko, ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga icyaha...

Igisubizo cyahawe ushinja ubuyobozi kumuteza ubukene cyumvikanamo ko akwiye gukurayo ijisho

Igisubizo cyahawe ushinja ubuyobozi kumuteza ubukene cyumvikanamo ko akwiye gukurayo ijisho

by radiotv10
18/07/2025
0

Umuturage wo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, uvuga ko ubuyobozi bwamutwariye umusaruro w’ikawa wari kuvamo agera miliyoni...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe
MU RWANDA

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

by radiotv10
18/07/2025
0

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

18/07/2025
Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

18/07/2025
Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

The DRC Government has summoned the Ugandan Ambassador over diplomatic concerns

18/07/2025
Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Amakuru agezweho: Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu NAEB afunzwe ukurikiranyweho kwigwizaho imitungo

18/07/2025
Ubutegetsi bw’u Burundi buravugwaho gufata icyemezo cyatangiye guteza ihungabana impunzi z’Abanyekongo

Ubutegetsi bw’u Burundi buravugwaho gufata icyemezo cyatangiye guteza ihungabana impunzi z’Abanyekongo

18/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y’Epfo yagejejwe imbere y’urukiko

Afurika Y’Epfo: Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Africa y'Epfo yagejejwe imbere y'urukiko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.