• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

AMAFOTO: Perezida Kagame na Perezida wa Indonesia batembereye banaganira

radiotv10by radiotv10
16/11/2022
in AMAHANGA, POLITIKI
0
AMAFOTO: Perezida Kagame na Perezida wa Indonesia batembereye banaganira
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame uri muri Indonesia mu bikorwa by’inama ihuza Ibihugu 20 bikize kurusha ibindi (G20), uyu munsi yahuye na Perezida wa Indonesia, baratemberana ari na ko baganira ku mubano w’Ibihugu byombi.

Amakuru dukesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, avuga ko “Perezida Kagame na Perezida wa Indonesia, Joko Widodo unayoboye inama y’Abakuru b’Ibihugu bya G20, batembereye bari kumwe ari na ko banaganira ku hazaza h’imiberanire y’Ibihugu byombi, harimo gukomeza gutsimbataza umubano usanzweho hagati y’u Rwanda na Indonesia.”

Umukuru w’u Rwanda unayoboye Ishami rya komite y’Abakuru b’Ibihugu rishizwe kwiga iterambere ry’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUDA-NEPAD), ari muri Indonesia kuva kuri uyu wa Mbere tariki 14 Ugushyingo ubwo yageraga i Bali.

Ku munsi w’ejo kandi yanahuye n’abayobozi batandukanye barimo Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Minisitiri w’Intebe wa Japan, Fumio Kishida, Perezida wa Senegal, Macky Sall unayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ndetse n’uwa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa.

Perezida Kagame na Perezida wa Indonesia

Umukuru w’u Rwanda aramukanya n’Umunyamabanga Mukuru wa UN

Yahuye n’abandi bayobozi batandukanye

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + nine =

Previous Post

Amakuru atari yitezwe ku rubanza rwa Prince Kid

Next Post

Huye&Nyanza: Inzara iravuza ubuhuha kandi barabona izarushaho

Related Posts

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

by radiotv10
01/06/2026
0

Konti ya Instagram y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za America (White House) yakoreshwaga ku buyobozi bwa Barack Obama,...

Next Post
Huye&Nyanza: Inzara iravuza ubuhuha kandi barabona izarushaho

Huye&Nyanza: Inzara iravuza ubuhuha kandi barabona izarushaho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.