• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

BREAKING: Amagare-Kigali: Umwongereza yegukanye Shampiyona y’Isi mu bakobwa U23

radiotv10by radiotv10
22/09/2025
in SIPORO
0
BREAKING: Amagare-Kigali: Umwongereza yegukanye Shampiyona y’Isi mu bakobwa U23
Share on FacebookShare on Twitter

Muri Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare iri kubera i Kigali, mu cyiciro cy’abakobwa batarengeje imyaka 23 gikinwe bwa mbere, Umwongereza Zoé Backstedt yegukanye umudali wa Zahabu.

Ni icyiciro cyakinwe kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, aho abasiganwa n’ubundi bahagurikiye muri BK Arena berecyeza kuri Kigali Convention Center, babanje kujya kunzenguruka i Gahanga mu Karere ka Kicukiro, bakoze ibilometero 22,6.

Zoé Backstedt wari wegukanye shampiyona y’iwabo mu Bwongereza, yegukanye umudali wa zahabu, akoresheje iminota 30’:56’’, naho ku mwanya wa kabiri hakaba haje Umunya-Slovakia SCHREIBER Marie wakoresheje iminota 34′:25”.48, naho ku mwanya wa gatatu hakaba haje Umutaliyani KOPECKY Julia wakoresheje 35′:41”.03.

Naho Abanyarwanda babiri bakinnye muri iki cyiciro, uwaje hafi ni Ntakirutimana Martha warushijwe iminota 5:’:31”, mu gihe mugenzi we Nyirarukundo Claudette wanabimbiriye abandi guhagukuruka, we yaje ku mwanya wa 31 aho we arushwa iminota 6:’18”

Byari biteganyijwe ko iki cyiciro cy’abakobwa batarengeje imyaka 23 gikinwe bwa mbere mu mateka ya Shampiyona y’Isi, cyagombaga gukinwa n’abakinnyi 50, ariko hakaba hakinnye 47.

Abanyakigali bari babucyereye
Muri BK Arena na ho byari ibirori

Zoé Backstedt mu muhanda yakoresheje imbaraga nyinshi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × one =

Previous Post

Ngororero: Bavuze impamvu y’ibikorwa bibabangamira bigaragara ahantu hatinywa na benshi

Next Post

He came from America to visit parts of Rwanda and built an amazing school

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
He came from America to visit parts of Rwanda and built an amazing school

He came from America to visit parts of Rwanda and built an amazing school

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.