Monday, November 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amakuru mashya ku mugore w’umuraperi nyarwanda umaze iminsi amutabariza

radiotv10by radiotv10
15/03/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Amakuru mashya ku mugore w’umuraperi nyarwanda umaze iminsi amutabariza
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore w’umuhanzi nyarwanda Fireman, uherutse gukora impanuka akavunika bikomeye ndetse akaba yari aherutse gusaba abantu kumuha inkunga kugira ngo abashe kubagwa, yamaze kuva mu bitaro.

Kabera Charlotte, umugore wa Uwimana Leonard Francis nka Fireman, yari amaze iminsi ari mu bitaro nyuma y’impanuka y’imodoka.

Kubera uburemere bw’imvune yatewe n’iyi mpanuka, umuhanzi Fireman yari aherutse gusaba abagiraneza ko bamufasha kubona ubushobozi bwo kugira ngo abagwe nkuko byari byategetswe n’abaganga.

Amakuru agera kuri RADIOTV10, avuga ko Kabera Charlotte yageze mu Bitaro byitiriwe Umwami Fayisali tariki 05 Werurwe kugira ngo abagwe.

Ntibyatinze kuko nyuma y’umunsi umwe gusa, ku ya 07 Werurwe yabazwe ndetse igikorwa cyo kumugaba kikagenda neza, ku buryo nyuma y’icyumweru kimwe abazwe, kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Werurwe 2023, yavuye mu Bitaro agasubira mu rugo.

Kabera Charlotte yajyanywe mu Bitaro Byitiriwe Umwami Fayisali nyuma yo kumara ibyumweru birenze bitatu arwariye mu Bitaro Bikuru bya Gisirikare biri i Kanombe

Impanuka yasigiye imvune ikomeye umugore wa Fireman yabaye tariki 08 Gashyantare 2023 ubwo bombi, Fireman n’umugore we Kabera Charlotte bakoze impanuka y’imodoka bari kumwe.

Khamiss SANGO
RADIOTV10

Comments 1

  1. Ruzindana says:
    3 years ago

    Byiza cyn

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − four =

Previous Post

Hahishuwe impamvu ikomeye yatumye Abanyarwanda bategereza ibyiciro bishya by’Ubudehe bagaheba

Next Post

Perezida Kagame yakiniye u Rwanda mu mukino ufungura Sitade yitiriwe rurangiranwa Pelé

Related Posts

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

by radiotv10
02/11/2025
0

As the week draws to a close, many people rush into the weekend with long to-do lists, errands to run,...

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

by radiotv10
29/10/2025
0

Ange Niyonshuti Tricia, umugore w’umuhanzi Tom Close; yongeye kumwibutsa ko amukunda urutagereranywa, anamubwira ko amwifuriza kuramba kugeza igihe azabonera ubuvivi....

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera, who has Rwandan roots, is among the contestants for the Miss Belgium title. She is confident about her...

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera ufite inkomoko mu Rwanda, ari mu bahatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi, ndetse akaba afite icyizere cyo kuryegukana,...

How musicians are using streaming platforms to make money

How musicians are using streaming platforms to make money

by radiotv10
27/10/2025
0

In today’s digital world, streaming platforms have completely changed how musicians share their music and earn a living. Instead of...

IZIHERUKA

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare
MU RWANDA

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

by radiotv10
02/11/2025
0

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

02/11/2025
Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

01/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

01/11/2025
Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

01/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yakiniye u Rwanda mu mukino ufungura Sitade yitiriwe rurangiranwa Pelé

Perezida Kagame yakiniye u Rwanda mu mukino ufungura Sitade yitiriwe rurangiranwa Pelé

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Menya ibigo by’amashuri n’abanyeshuri bahize abandi mu marushanwa y’imibare

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.