• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amashimwe akomeje kuba menshi ku muhanzikazi Tonzi

radiotv10by radiotv10
02/09/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Amashimwe akomeje kuba menshi ku muhanzikazi Tonzi
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Tonzi uherutse gushyira hanze igitabo, yarangije icyirico cya gatatu cya kaminuza mu bijyanye na Tewolojiya, habura iminsi micye ngo anamurike album ye ya 10.

Uyu muhanzikazi Uwitonze Clémentine wamamaye nka Tonzi, yahawe impamyabumenyi ya masters yakuye muri Kaminuza ya ’Gate breakers university’ yo muri Uganda.

Ni impamyabumenyi abonye habura ibyumweru bibiri gusa ngo amurike album ye ya 10, izajya hanze tariki 15 z’uku kwezi kwa Nzeri 2025.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, Tonzi yagaragaje amashimwe afitiye Imana. aho yagize ati “Urakoze Mana kuri buri kimwe. Mbega urugendo rutari rworoshye.”

Uyu muhanzikazi uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, avuga ko kuba arangije amasomo ya masters yarayafatanyaga n’ibindi bikorwa binyuranye, ari ibyo kwishimira.

Yagize ati “Rwari urugendo rutoroshye, kwiga mbivanga n’izindi nshingan, nahoraga mbifite mu nzozi, none mbigezeho.”

Uyu muhanzikazi ahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza unitegura gushyira hanze album ye ya 10, mu gihe kandi hashize ukwezi ashyize hanze igitabo yise ‘An Open Jail: When the World Crucifies You’, yamuritse mu mpera za Nyakanga.

Ni igitabo agaragazamo imbogamizi n’ibibazo yagiye anyuramo, ariko akanga ko bimuherana, agashikama mu rugendo rwe yabaga arimo, aho yatangaje ko yagize iyerekwa ryacyo muri 2012.

Tonzi yishimiye iyi ntambwe yindi yateye

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten + six =

Previous Post

Intego Ikipe y’Igihugu Amavubi ihagurukanye i Kigali yerekeza muri Nigeria

Next Post

Eng.- Advice for students who failed the national secondary school exams

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
Eng.- Advice for students who failed the national secondary school exams

Eng.- Advice for students who failed the national secondary school exams

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.