Saturday, October 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amatariki y’ubuke bwa Patient Bizimana yamenyekanye

radiotv10by radiotv10
22/09/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Amatariki y’ubuke bwa Patient Bizimana yamenyekanye
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’ikirangirire mu njyana na Gospel, Patient Bizimana yamaze gushyira ahabona amatariki nyirizina y’ubukwe bwe na Gentille Uwera Karamira. Tariki 19 Ukuboza 2021 nibwo ubukwe bw’aba bombi buzatahwa.

Ubukwe bwa Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira bwakabaye bwaratashywe mu 2020 bugenda bubangamirwa n’icyorezo cya COVID-19, kuri ubu bamaze gufata itariki nyirizina ry’ubu bukwe.

Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira baheruka gusezerana mu rusengero rwa Restoration Church Masoro kuri ubu bikaba bigomba gukurikirwa no gukora ubukwe nyirizina.

Mu 2019 nibwo Patient Bizimana yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, igisigaye ni ugusaba no gukwa ibindi akegukana uwo yakunze.

Gentille utuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aherutse gukorerwa ibirori bya Bridal Shower asezera ku rungano.

Bivugwa ko Patient Bizimana n’amara gukora ubukwe n’umugore we bazahita bajyana mu Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bakaba ari ho bazatura.

Bidasubirwaho Patient Bizimana agiye kurongora! Reba umukobwa bagiye kurushinga – YEGOB

Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira baheruka gusezerana mu rusengero

Patient Bizimana agiye kuba uwa mbere uririmba izihimbaza Imana ugaragaye muri Iwacu Muzika Festival #rwanda #RwOT

Patient Bizimana  ni umuhanzi ufite izina mu muziki w’indirimbo zo guhimbaza Imana

Amatariki y’ubukwe bwa Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + nineteen =

Previous Post

Cristiano Ronaldo ayoboye Messi ku rutonde rw’abakinnyi bazasarura akayabo mu mwaka w’imikino 2021-2022 ku isi

Next Post

UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

Related Posts

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

by radiotv10
25/10/2025
0

Nyuma y'ibyumweru bibiri afunguwe, Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga n'umugore we Annette Murava, basohoye indirimbo nshya bise ‘Ndi inde”...

Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

by radiotv10
25/10/2025
0

Weekends are a time to relax, socialize, and enjoy the fruits of your hard work. But for many young professionals,...

Annette Murava na Bishop Gafaranga bagaragaye basohokanye umwe agenera undi ubutumwa

Annette Murava na Bishop Gafaranga bagaragaye basohokanye umwe agenera undi ubutumwa

by radiotv10
24/10/2025
0

Annette Murava, umugore wa Zacharie Habiyaremye wamenyekanye nka ‘Bishop Gafaranga’ uherutse gufungurwa nyuma yo guhamywa icyaha cyo guhoza ku nkeke...

Kigali this weekend: 5 must-attend youth events (24–27 October 2025)

Kigali this weekend: 5 must-attend youth events (24–27 October 2025)

by radiotv10
24/10/2025
0

Kigali, Rwanda, the weekend is here, and Kigali is ready to shine! From laughter-filled comedy shows to rooftop parties, Amapiano...

Umuhanzikazi Marina yavuze amahirwe yagize agatuma akabya inzozi amaranye imyaka 8

Umuhanzikazi Marina yavuze amahirwe yagize agatuma akabya inzozi amaranye imyaka 8

by radiotv10
23/10/2025
0

Umuhanzikazi Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi ze, ariko byatwaye imyaka hafi umunani kugira ngo zibe...

IZIHERUKA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA
FOOTBALL

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

by radiotv10
25/10/2025
0

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

25/10/2025
Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

25/10/2025
Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroon witangaje nk’uwatsinze amatora ya Perezida yavuze ikizakurikiraho nibitemezwa

Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroon witangaje nk’uwatsinze amatora ya Perezida yavuze ikizakurikiraho nibitemezwa

25/10/2025
Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

Smart weekend spending: Budget tips for young professionals

25/10/2025
Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

25/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Abatuye muri Kicukiro bagaragarijwe icyashimangira ubumwe n’ubudaheranwa bigifite ibibibangamiye

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.