Monday, January 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Amatariki y’ubuke bwa Patient Bizimana yamenyekanye

radiotv10by radiotv10
22/09/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Amatariki y’ubuke bwa Patient Bizimana yamenyekanye
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’ikirangirire mu njyana na Gospel, Patient Bizimana yamaze gushyira ahabona amatariki nyirizina y’ubukwe bwe na Gentille Uwera Karamira. Tariki 19 Ukuboza 2021 nibwo ubukwe bw’aba bombi buzatahwa.

Ubukwe bwa Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira bwakabaye bwaratashywe mu 2020 bugenda bubangamirwa n’icyorezo cya COVID-19, kuri ubu bamaze gufata itariki nyirizina ry’ubu bukwe.

Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira baheruka gusezerana mu rusengero rwa Restoration Church Masoro kuri ubu bikaba bigomba gukurikirwa no gukora ubukwe nyirizina.

Mu 2019 nibwo Patient Bizimana yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, igisigaye ni ugusaba no gukwa ibindi akegukana uwo yakunze.

Gentille utuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aherutse gukorerwa ibirori bya Bridal Shower asezera ku rungano.

Bivugwa ko Patient Bizimana n’amara gukora ubukwe n’umugore we bazahita bajyana mu Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bakaba ari ho bazatura.

Bidasubirwaho Patient Bizimana agiye kurongora! Reba umukobwa bagiye kurushinga – YEGOB

Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira baheruka gusezerana mu rusengero

Patient Bizimana agiye kuba uwa mbere uririmba izihimbaza Imana ugaragaye muri Iwacu Muzika Festival #rwanda #RwOT

Patient Bizimana  ni umuhanzi ufite izina mu muziki w’indirimbo zo guhimbaza Imana

Amatariki y’ubukwe bwa Patient Bizimana na Gentille Uwera Karamira

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 5 =

Previous Post

Cristiano Ronaldo ayoboye Messi ku rutonde rw’abakinnyi bazasarura akayabo mu mwaka w’imikino 2021-2022 ku isi

Next Post

UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

Related Posts

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

by radiotv10
05/01/2026
0

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yavuze ko uretse ibibazo by’amashusho ye y’urukozasoni yasakaye, yanagize ibindi byago bikomeye byo gupfusha...

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

by radiotv10
03/01/2026
0

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, yagaragaje ko umwaka ushize wa 2025 yawuhuriyemo na byinshi bimukomeretsa umutima, anahishura ko atangiye...

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

Umunyamakuru umaze imyaka ine asezeye igitangazamakuru yakoreraga agiye kumvikana ku yindi radio mu Rwanda

by radiotv10
02/01/2026
0

Umunyamakuru Fiona Mbabazi umaze imyaka ane asezeye igitangazamakuru yakoreraga, agiye kumvikana ku yindi radio yo mu Rwanda, imaze iminsi iri...

Umunyamideli uzwi mu Rwanda yahishuye ko we n’umugabo we w’Umunya-Israel benda kwibaruka

Umunyamideli uzwi mu Rwanda yahishuye ko we n’umugabo we w’Umunya-Israel benda kwibaruka

by radiotv10
02/01/2026
0

Umunyamideli Isimbi Model yasangije abantu ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza yenda kwibaruka imfura ye n’umugabo we w’Umunya-Israel Shaul Hatzir bamaze...

Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

by radiotv10
02/01/2026
0

Amateka yiyanditse mu myidagaruro yo mu Rwanda, nyuma yuko ibyifujwe na benshi bikanazamura impaka, bibaye. Nta bindi ni igitaramo cyahuriyemo...

IZIHERUKA

Habaye impanuka y’imodoka itwara abagenzi mu Muhanda Kigali-Muhanga
MU RWANDA

Habaye impanuka y’imodoka itwara abagenzi mu Muhanda Kigali-Muhanga

by radiotv10
05/01/2026
0

Trump yagaragaje ibindi Bihugu bishobora gukurikiraho nyuma y’ibyo yakoreye Venezuela

Trump yagaragaje ibindi Bihugu bishobora gukurikiraho nyuma y’ibyo yakoreye Venezuela

05/01/2026
Perezida w’Agateganyo wa Venezuela yagize icyo asezeranya America nyuma yuko ifashe uwo yasimbuye

Perezida w’Agateganyo wa Venezuela yagize icyo asezeranya America nyuma yuko ifashe uwo yasimbuye

05/01/2026
Afurika yagize icyo ivuga ku byakozwe na America yagiye gufatira Perezida w’ikindi Gihugu iwe

Afurika yagize icyo ivuga ku byakozwe na America yagiye gufatira Perezida w’ikindi Gihugu iwe

05/01/2026
Icyakurikiye ubutumwa butavugwaho rumwe bwa Minisitiri wo mu Burundi kuri Qatar yazanyemo n’u Rwanda

Icyakurikiye ubutumwa butavugwaho rumwe bwa Minisitiri wo mu Burundi kuri Qatar yazanyemo n’u Rwanda

05/01/2026
Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

05/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

UBUCURUZI: Barinubira ko basigaye bakatwa kuri MOMO Pay

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Habaye impanuka y’imodoka itwara abagenzi mu Muhanda Kigali-Muhanga

Trump yagaragaje ibindi Bihugu bishobora gukurikiraho nyuma y’ibyo yakoreye Venezuela

Perezida w’Agateganyo wa Venezuela yagize icyo asezeranya America nyuma yuko ifashe uwo yasimbuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.