Gabon: Perezida yatunguye benshi ku munsi w’itangira ry’amashuri
Perezida w’Inzibacyuho muri Gabon, General Oligui Nguéma yajyanye abana be ku ishuri ku munsi w’itangira ry’amashuri anabatwaje igikapu kirimo ibikoresho...
Read moreDetailsPerezida w’Inzibacyuho muri Gabon, General Oligui Nguéma yajyanye abana be ku ishuri ku munsi w’itangira ry’amashuri anabatwaje igikapu kirimo ibikoresho...
Read moreDetailsIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko kwinjira mu mukino uhuza Ikipe y’Igihugu Amavubi, n’iya Nigeria, ahari hateganyijwe kwishyura...
Read moreDetailsAbapolisi 25 b’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi, barangije amahugurwa bari bamazemo ukwezi n’igice bakoreraga mu...
Read moreDetailsAbayobozi b’uduce tunyuranye mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye ko hakorwa...
Read moreDetailsIbiganiro bya Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byagombaga kuba mu ntangiro z’iki cyumweru byimuriwe mu mpera...
Read moreDetailsImodoka yo mu bwoko bwa Fuso yakoreye impanuka mu Karere ka Kicukiro, ihitana abantu batatu, aho iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko...
Read moreDetailsImiryango 104 yo mu Kagari ka Burunga mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, ivuga ko imaze umwaka ibaruriwe...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko icyerekezo 2050, cyagabanyijwe mu bindi byerecyezo bito bibiri birimo icya 2035, ahifuzwa ko umusaruro ku...
Read moreDetailsMinisitiri mushya wa Siporo, Nyirishema Richard yasabye abarimo Abaminisitiri babiri n’Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, kuzajya gushyigikira ikipe y’Igihugu...
Read moreDetailsUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 45 biganjemo abo mu cyiciro cy’urubyiruko, bakurikiranyweho ubujura bw’ubushukanyi bukorerwa kuri Telefone byumwihariko kuri...
Read moreDetails