Thursday, May 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Batatu bafatanywe ibimenyetso by’ubujura bwa moto bakoraga

radiotv10by radiotv10
14/05/2026
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Batatu bafatanywe ibimenyetso by’ubujura bwa moto bakoraga
Share on FacebookShare on Twitter

Abagabo batatu bakekwaho kwiba moto bakazijyana mu mashyamba bakazikuramo amapiyese, bafatiwe mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, n’ubundi bari muri ibyo bikorwa.

Umuvugizi wa polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi avuga ko aba bagabo bafashwe ku bufatanye bw’uru rwego n’izindi nzego ndetse n’abaturage mu bikorwa bitemewe bigamije guhungabanya umutekano n’ituze by’abaturage.

Aba bagabo bafashwe mu ijoro ryacyeye mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Rwesero.

CIP Hassan Kamanzi yavuze ko “itsinda ry’abagabo batatu bakekwaho kwiba za moto bakazitwara mu dushyamba bagahita bazibaga ku buryo bazitwaraga ari amapiyesi (Spare parts) bakayashyira mu zindi moto babaga baribye.”

Abafashwe bafatanwe moto ebyiri (02) barimo kuzikuraho ibyuma byazo, ubu bombi bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana.

CIP Hassan Kamanzi ati “Ubugenzacyaha bwatangiye iperereza, kandi ibikorwa byo gufata n’abandi birakomeje”

Yaboneyeho gushimira abaturage bakomeje gusobanukirwa ko umutekano ari inshingano rusange, ndetse bakaba barimakaje umuco wo gutangira amakuru ku gihe hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha.

Ati “Nanone kandi Police iraburira uwo ari we wese utekereza gukora ibinyuranyije n’amategeko by’umwihariko abishora mu bujura guhita babihagarika kuko uwo ari we wese uzajya ubigaragaramo ko Police itazajya imwihanganira ahubwo azajya afatwa ashyikirizwe Ubugenzacyaha amategeko yubahirizwe.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − 12 =

Previous Post

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

Related Posts

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

by radiotv10
14/05/2026
0

Nyuma yuko Umunyamakurukazi ukorera igitangazamakuru cyo mu Rwanda, yandikiye Perezida Paul Kagame ibaruwa ifunguye avugamo akarengane yakorewe mu butabera yashaga...

RIB yafunze ukekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo amuziza gutinda guteka

RIB yafunze ukekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo amuziza gutinda guteka

by radiotv10
14/05/2026
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi ukekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukobwa ukora mu rugo rwo mu Murenge wa Gatumba...

Iby’ababeshye urubyiruko muri Kigali rukaza rwizeye amahirwe byatangiye gukurikiranwa n’inzego

Iby’ababeshye urubyiruko muri Kigali rukaza rwizeye amahirwe byatangiye gukurikiranwa n’inzego

by radiotv10
14/05/2026
0

Inzego ziri gukora iperereza ku bantu bakekwaho kubeshya urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada, nyuma yuko abarenga 1000 bari...

Menya Abaperezida batandatu bageze mu Rwanda mu gihe cy’umunsi umwe

Menya Abaperezida batandatu bageze mu Rwanda mu gihe cy’umunsi umwe

by radiotv10
14/05/2026
0

Abakuru b’Ibihugu batandatu bageze mu Rwanda, barimo abitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo ku Mugabane wa Afurika izwi nka Africa...

Polisi y’u Rwanda yemeje iraswa ry’uwavugwagaho ibikorwa bigayitse

Polisi y’u Rwanda yemeje iraswa ry’uwavugwagaho ibikorwa bigayitse

by radiotv10
13/05/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yemeje ko umusore w’imyaka 22 wavugwagaho ibikorwa bigayitse birimo gufata ku ngufu abagore...

IZIHERUKA

Batatu bafatanywe ibimenyetso by’ubujura bwa moto bakoraga
MU RWANDA

Batatu bafatanywe ibimenyetso by’ubujura bwa moto bakoraga

by radiotv10
14/05/2026
0

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

14/05/2026
Harumvikana kudahuza imvugo ku ruzinduko rw’ibanga rwa Netanyahu

Harumvikana kudahuza imvugo ku ruzinduko rw’ibanga rwa Netanyahu

14/05/2026
RIB yafunze ukekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo amuziza gutinda guteka

RIB yafunze ukekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo amuziza gutinda guteka

14/05/2026
Iby’ababeshye urubyiruko muri Kigali rukaza rwizeye amahirwe byatangiye gukurikiranwa n’inzego

Iby’ababeshye urubyiruko muri Kigali rukaza rwizeye amahirwe byatangiye gukurikiranwa n’inzego

14/05/2026
Menya Abaperezida batandatu bageze mu Rwanda mu gihe cy’umunsi umwe

Menya Abaperezida batandatu bageze mu Rwanda mu gihe cy’umunsi umwe

14/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Batatu bafatanywe ibimenyetso by’ubujura bwa moto bakoraga

Hatanzwe umucyo ku by’umunyamakurukazi wandikiye Perezida Kagame amusaba ubutabera ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe

Harumvikana kudahuza imvugo ku ruzinduko rw’ibanga rwa Netanyahu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.