• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Breaking: Iran yatangaje ifungwa ryuzuye rya Hormuz nyuma yo gushotorwa na America

radiotv10by radiotv10
11/06/2026
in AMAHANGA, POLITIKI, UMUTEKANO
0
Breaking: Iran yatangaje ifungwa ryuzuye rya Hormuz nyuma yo gushotorwa na America
Share on FacebookShare on Twitter

Igisirikare cya Iran cyatangaje ko cyafunze mu buryo bwuzuye inzira ya Hormuz nyuma yuko habayeho ibitero bishya bya Leta Zunze Ubumwe za America.

Byemejwe n’Icyicaro Gikuru cy’Igisirikare cya Iran, Khatam al-Anbia kuri uyu wa Kane mu itangazo cyashinze hanze kuri uyu wa Kane tariki 11 Kamena 2026.

Iri tangazo rivuga ko “Kuva ubu, kubera umutekano mucye mu karere, inzira ya Hormuz, byemejwe ko ifunze ku ku mato yose, harimo n’amato ya peteroli n’amato y’ubucuruzi, kandi ko ibihanyura byose bizagenzurwa.”

Iki Gisirikare cyatangaje ko iki cyemezo gifashwe ndetse kigatangazwa nyuma y’ibikorwa by’ubushotoranyi byakozwe na Leta Zunze Ubumwe za America no kubera gutangira kugaba ibitero by’igisirikare cy’icyo Gihugu mu bice binyuranye byo mu Ntara yo mu majyepfo ya Hormozgan.

Iran kandi yanahakanye yivuye inyuma ibyavuzwe n’abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za America ku bijyanye no kunyura mu muhora wa Hormuz, igira iti “Ibirego bya Leta Zunze Ubumwe za America bivuga ko amato arimo kunyura mu muhanda wavuzwe haruguru, sibyo.”

Muri iri tangazo, Igisirikare cya Iran Islamic Revolution Guards Corps (IRGC) cyavuze ko “Umuhora wa Hormuz uzafungwa kugeza igihe hazatangarizwa ikindi cyemezo.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + twelve =

Previous Post

President Kagame makes cabinet changes and appoints new ambassadors and officials

Related Posts

Icyo Umuvugizi wa M23 avuga ku bihano America yamufatiye rimwe na Gen.(Rtd) Kabarebe

AFC/M23 yamaganiye kure raporo ya HRW yongeye no kuzamo ibinyoma ku Ngabo z’u Rwanda

by radiotv10
10/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryamaganiye kure raporo y’Umuryango Mpuzamahanga Uharanira Uburenganzira bwa Muntu HRW,...

Umupilote yatahuweho kumara imyaka 17 atwara indege atagira uruhushya

Umupilote yatahuweho kumara imyaka 17 atwara indege atagira uruhushya

by radiotv10
10/06/2026
0

Uwari umupilote wa Sosiyete y’Indege ya Canada (Air Canada), yatawe muri yombi nyuma yo gutahurwaho kutagira uruhushya rumwerera gutwara indege...

America yatanze umucyo ku cyemezo cyayo cyateje impaka cyo kwangira umusifuzi w’Umunyafurika kwinjirayo

America yatanze umucyo ku cyemezo cyayo cyateje impaka cyo kwangira umusifuzi w’Umunyafurika kwinjirayo

by radiotv10
10/06/2026
0

Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za America, bwavuze ko bwangiye Umusifuzi w’Umunya-Somalia kwinjira muri iki Gihugu ku mpamvu z’impungenge z’umutekano...

Colonel muri FARDC byavugwaga ko yirashe agapfa byemejwe ko akiri muzima

Colonel muri FARDC byavugwaga ko yirashe agapfa byemejwe ko akiri muzima

by radiotv10
10/06/2026
0

Colonel Makelele wo mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ukuriye Ingabo mu gace ka Baraka mu Ntara...

Imyigaragambyo muri Kenya yakajije umurego bamwe batangira no kuyisigamo ubuzima

Imyigaragambyo muri Kenya yakajije umurego bamwe batangira no kuyisigamo ubuzima

by radiotv10
10/06/2026
0

Abantu babiri bishwe barashwe mu mujyi wa Nanyuki muri Kenya mu gihe habaga imyigaragambyo yamaganaga umugambi wa Leta Zunze Ubumwe...

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Breaking: Iran yatangaje ifungwa ryuzuye rya Hormuz nyuma yo gushotorwa na America

President Kagame makes cabinet changes and appoints new ambassadors and officials

Umugabo yaguwe gitumo ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe ku manywa y’ihangu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.