Abagaba Bakuru b’Ingabo z’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, barimo Lt Gen Mubarakh Muganga wa RDF, bahuriye mu nama idasanzwe yaganiriwemo ku bibazo by’umutekano biri mu burasirazuba bwa Repubulika...
Read moreAbanya-Zimbabwe bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, arimo abakandida 11 barimo usanzwe ari Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa uhabwa amahirwe macye kuko abaturage bamaze iminsi bagaragaza ko batamwishimiye. Biteganyijwe ko abarenga...
Read moreIbihugu bitanu bigize Umuryango BRICS wiyemeje gukura idolari rya Amerika mu bucuruzi mpuzamahanga; byavuze ko bifite amahirwe yo kwigarurira Umugabane wa Afurika binyuze mu isoko rusange ryawo. Ku munsi wa...
Read moreAbantu umunani (8) baburiye ubuzima mu nkongi y’umuriro yatwitse inzu zirenga 400 mu nkambi ya Mushonezo y’abavanywe mu byabo n’imyuzure idasanzwe yabaye mu gace ka Kalehe mu Ntara ya Kivu...
Read moreItsinda ry’Abapolisi ba Kenya ryageze muri Haiti, n’ibikoresho birimo imodoka z’intambara, aho bagiye mu butumwa bwo kugarura amahoro n’umutekano, nyuma y'icyifuzo cy'iki Gihugu cyo gufasha Abapolisi bacyo mu kurwanya agatsiko...
Read moreIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zateye ibiti ndetse zinatanga serivisi z’ubuvuzi mu bukangurambaga bwo kurwanya Malariya. Ibyo bikorwa byakozwe na...
Read moreNkuko byatangajwe n’umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Peter Mathuki, Somalia imaze gutera intambwe ikomeye iyinjiza muri uyu muryango ku buryo bitarenze uyu mwaka isbobora kwakirwa nk’umunyamuryango mushya. Ubwo...
Read moreUmukambwe w’imyaka 82 n’umukecuru w’imyaka 81 bo mu Bwongereza, basezeranye kubana nk’umugore n’umugabo, nyuma yo kwisanga bari mu rukundo ruzira uburyarya rwaje ubwo bahuriraga mu kigo cyita ku bakuze, rwavutse...
Read moreIgisirikare cya Nigeria cyatangaje ko abasirikare bacyo 36, bishwe bahitanywe n’abo bise amabandi yitwaje intwaro yabateze igico, mu majyaruguru y’Igihugu, ubwo bari bari mu bikorwa byo guhiga bukware inyeshyamba muri...
Read morePolisi ya Zimbabwe yataye muri yombi abantu 40 b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wabo uzarihagararira mu amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri iki Gihugu. Umuvugizi...
Read more