Abarimu bigisha mu rwunge rw’amashuri rwa Busanza barinubira gukoresha ubwiherero bumwe n’abana bigisha muri iki kigo kuko babinamo intandaro yo...
Radio mpuzamahanga y’abafaransa (RFI) ivuga ko abayobozi barenga ½ cy’abayobora uyu muryango basohoye ibaruwa ifunguye yamagana ababangamira uburenganzira bw’abatinganyi. Ibi...
Mu karere ka Kamonyi abatuye mu mirenge ya Ngamba na Runda barasaba Leta kubasanira ibiraro kuri ubu byangijwe n'ibiza bigatuma...
Ku irimbi rya Karundo mu karere ka Rubavu habereye imirwano hagati y'abaje gushyingura bakizwa n'abasirikari bakorera ku mupaka uhuza uRwanda...
Mu gihe Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) itemera ko hagira umunyeshuri uvutswa amahirwe yo gukora ikizamini kubera kubura amafaranga y’ishuri cyangwa se...
Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier uherutse gufatanwa ikiyobyabwenge cy’urumogi, kuri uyu wa Kane tariki 24 Kamena, aragezwa imbere y’urukiko....
Kuri uyu wa gatatu, Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara uherutse gusabirwa igifungo cy'imyaka 25, yasubiye mu rukiko. Yavuze ko mu...
Minisiteri y’uburezi muri Tanzania yatangaje ko nyuma y’imyaka ine abakobwa babyaye batemererwa kwiga, ubu noneho bagiye gusubizwa ubwo burenganzira. Mu...
Hari abatuye mu murenge wa Byimana wo mu karere ka Ruhango mu ntara y’amajyepfo ku ruhande ruhana imbibi n’umurenge wa...
Inyeshyamba 134 zo mu mitwe ifite ibirindiro mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirimo n’izo mu mutwe wa...
© 2023 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2023 Radio TV 10 - Simply Rwandaful