Gacinya Chance Denys wari wajuririye icyemezo cyo gutesha agaciro kandidatire ye muri FERWAFA, ndetse ubujurire bwe bugahabwa agaciro, yongeye kwangirwa,...
Read moreDetailsIgihugu cya Uruguay cyatsinze u Butaliyani mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 20, cyegukana iki gikombe ku nshuro...
Read moreDetailsMu bantu batatu bari bajuririye icyemezo cyo kwangirwa kandidatire zabo zo kwiyamamariza imyanya itandukanye muri FERWAFA, Gacinya Chance Denys, ni...
Read moreDetailsUmunya Guinée Naby Keïta uri mu Banyafurika bazwiho ubuhanga mu guconga ruhago, nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Liverpool, yerekeje...
Read moreDetailsLionel Messi wasoje amasezerano ye muri Paris Saint Germain, ntiyongerwe, yari akomeje kuvugwa ko ashobora gusubira muri FC Barcelona yahozemo,...
Read moreDetailsRayon Sports iherutse kwegukana igikombe cy’Amahoro yabonye inyotewe, yasinyishije myugariro Bugingo Hakim imukuye muri Gasogi United. Uyu musore ukina inyuma...
Read moreDetailsIkipe ikomoka mu Rwanda y’abatarengeje imyaka 11 yegukanye Igikombe cy’Isi cy’amakipe y’amarerero ya PSG, itsinze iya Brazil mu irushanwa ryaberaga...
Read moreDetailsIrushanwa ryo gusiganwa ku maguru rizwi nka ‘Kigali International Peace Marathon’ riregereje, abaryiteguye na bo bakomeje guhiga. Umudepite mu Nteko...
Read moreDetailsKizigenza w'Umunya Sweden, Zlatan Ibrahimovic, yemeje ko asezeye ku mupira w'amaguru nyuma y'uko yari ashoje amasezerano ye muri AC Milan....
Read moreDetails