Wednesday, July 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Charly na Nina bahise basohora indirimbo bavugamo amagambo ataka umusore bidasanzwe

radiotv10by radiotv10
21/02/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Charly na Nina bahise basohora indirimbo bavugamo amagambo ataka umusore bidasanzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzikazi Charlotte Rulinda (Charly) na Fatuma Muhoza (Nina) baherutse gusubirana, bashyize hanze indirimbo yabo nshya bise Lavender, irimo amagambo y’urukundo.

Iyi ndirimbo yasohotse mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022, igiye hanze nyuma y’igihe gito aba bahanzikazi bongeye kugaragara mu gitaramo baririmbano aho bitabiriye iserukiramuco muri DRC.

Bari bamaze imyaka ibiri badashyira hanze igihangano ndetse bivugwa ko batandukanye, gusa mu minsi yashize, bongeye guhamya ko bagarutse mu muziki.

Indirimbo Lavender [ururabo] bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho, itangizwa na Charly ashimira umukunzi agira ati “Mon amour mon bebe [rukundo rwanjye] tu m’as aime [warankunze] ndabibona.”

Lavender bitiriye iyi ndirimbo, ni ururabo rusanzwe ruzwiho guhumura cyane, bakaba baririmba bavuga ko uwo mukunzi ahumura nk’urwo rurabo. Agakomeza agira ati “Naguhisemo uzabibona.”

Ni indirimbo baririmbye mu ndimi zinyuranye zirimo Igifaransa, Ikinyarwanda n’Ikiswahili, yumvikanamo amagambo umuntu aba abwira umukunzi we amusezeranya ko azamukunda iteka ryose.

Hari aho bakomeza bagira bati “Uryoshye kubi, buno buki burandyohera nkumva nabuhoza mu itama, iwawe ni ho nisanga, umutima wanjye wifuza guhorana nawe ngaho gumana nanjye kandi nunasaza uzambona hafi aho sinzaguterera iyo…”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 + eleven =

Previous Post

Burera: Barakeka ko amabuye yuzuye mu mirima yabo ari imari ishyushye

Next Post

AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

Related Posts

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU ZO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU ZO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

by radiotv10
30/07/2025
0

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

by radiotv10
30/07/2025
0

Polisi yo mu Karere ka Huye yafashe abasore 9 bakekwaho ibikorwa bihungabanya umutekano w’abaturage by’ubujura bakoraga bitwaje intwaro gakondo zirimo...

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

by radiotv10
30/07/2025
0

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yemeje ikiruhuko ku basirikare 1 081 barimo 9 bo...

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

by radiotv10
30/07/2025
0

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera igitaramo cyihariye cy’umwihariko w’umuziki w’injyana yo mu bwoko bwa Country, aho kukinjiramo...

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

by radiotv10
30/07/2025
0

Umugabo w’imyaka 48 wari uzwiho ubusinzi, yasanzwe yapfuye mu mukingo wa metero zirindwi mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka...

IZIHERUKA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU ZO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
MU RWANDA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU ZO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

by radiotv10
30/07/2025
0

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

30/07/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

30/07/2025
Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

30/07/2025
Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

30/07/2025
Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

30/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

AMAFOTO: Umutoza wa APR yasuye Shangazi urembye amugenera ubufasha anamwizeza ubuhoraho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU ZO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Huye: Hafashwe abasore bakekwaho ibikorwa bigayitse bihungabanya umutekano w’abaturage

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.