Sunday, December 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya

radiotv10by radiotv10
18/06/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kamena 2021 nibwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yashyize umukono ku mabwiriza mashya yo kurwanya COVID-19, ingamba zasize akarere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu Karere”, gahunda itemerera abagatuye kugira akandi karere bajyamo uhereye kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021.

Aya mabwiriza avuga ko guhera kuri uyu wa kane tariki 17 Kamena 2021 aka karere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu karere” kugira ngo inzego zibishinzwe zifatanye n’abaturage zishobore gukurikirana neza no kugenzura iki cyorezo cya COVID-19 gikomeje gukaza umurego.

Muri aka karere ka Rubavu kandi guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Gusa abakora ubwikorezi bw’ibicuruzwa hakoreshejwe ibinyabiziga bemerewe kubizana mu karere ka Rubavu kandi abafite ibicuruzwa byamburakiranya umupaka nabo bemerewe kubyambutsa hakurikijwe amabwiriza abigenga.

Amabwiriza mashya areba akarere ka Rutsiro avuga ko guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Kuva kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, amabwiriza agenga Burera, Gicumbi na Nyagatare avuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (04:00’AM) mu mirenge ya: Cyanika, Kagogo, Kinyababa, Butaro,Kivuye na Bungwe mu karere ka Burera.

Rubaya, Cyumba na Kaniga mu karere ka Gicumbi. Matimba, Musheri, Rwempasha, Tabagwe, Karama na Kiyombe mu karere ka Nyagatare.

Sadam MIHIGO

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − two =

Previous Post

EURO 2020: Ibitego bibiri bya Cristiano Ronaldo yatsinze Hungry byatumye aca uduhigo tune muri ruhago

Next Post

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Related Posts

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

by radiotv10
06/12/2025
0

Imiryango 214 itishoboye y'abahinzi ba Kawa yo mu Mirenge ya Rwinkwavu na Kabarondo yatangiye guhabwa ibiti bya Kawa ibihumbi 80,...

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

by radiotv10
05/12/2025
0

I Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, ahari hahanzwe amaso n’Isi yose, haraye habereye umuhango wo gusinya amasezerano...

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

by radiotv10
05/12/2025
0

Impinduka mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari abo zahiriye abandi ntizabahira , Hashize imyaka itanu manda ya mbere irangiye kuva...

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

Abasirikarekazi b’u Rwanda beretse abagore bo muri Sudani y’Epfo uko bakwirwanaho igihe hari ubahohoteye

by radiotv10
05/12/2025
0

Abagore bo mu Ngabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, bagaragarije abagore n’abakobwa bo muri iki Gihugu...

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

by radiotv10
05/12/2025
0

Abanyekongo biganjemo abagore n’abana bakomeje guhungira mu Rwanda nyuma yuko imirwano ikomeje gukara mu bice bimwe mu byo muri Kivu...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

by radiotv10
06/12/2025
0

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

06/12/2025
U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

06/12/2025
Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

06/12/2025
Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

05/12/2025
Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

05/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.