Sunday, July 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya

radiotv10by radiotv10
18/06/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kamena 2021 nibwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yashyize umukono ku mabwiriza mashya yo kurwanya COVID-19, ingamba zasize akarere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu Karere”, gahunda itemerera abagatuye kugira akandi karere bajyamo uhereye kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021.

Aya mabwiriza avuga ko guhera kuri uyu wa kane tariki 17 Kamena 2021 aka karere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu karere” kugira ngo inzego zibishinzwe zifatanye n’abaturage zishobore gukurikirana neza no kugenzura iki cyorezo cya COVID-19 gikomeje gukaza umurego.

Muri aka karere ka Rubavu kandi guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Gusa abakora ubwikorezi bw’ibicuruzwa hakoreshejwe ibinyabiziga bemerewe kubizana mu karere ka Rubavu kandi abafite ibicuruzwa byamburakiranya umupaka nabo bemerewe kubyambutsa hakurikijwe amabwiriza abigenga.

Amabwiriza mashya areba akarere ka Rutsiro avuga ko guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Kuva kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, amabwiriza agenga Burera, Gicumbi na Nyagatare avuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (04:00’AM) mu mirenge ya: Cyanika, Kagogo, Kinyababa, Butaro,Kivuye na Bungwe mu karere ka Burera.

Rubaya, Cyumba na Kaniga mu karere ka Gicumbi. Matimba, Musheri, Rwempasha, Tabagwe, Karama na Kiyombe mu karere ka Nyagatare.

Sadam MIHIGO

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − four =

Previous Post

EURO 2020: Ibitego bibiri bya Cristiano Ronaldo yatsinze Hungry byatumye aca uduhigo tune muri ruhago

Next Post

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Related Posts

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Every girl and woman who goes through the menstruation period knows the feeling, the shift in the body and the...

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu bakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, yohereza abandi mu...

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

by radiotv10
12/07/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bizejwe n’umushoramari amasezerano yo guhinga urusenda mu...

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

by radiotv10
11/07/2025
0

The history of humanity is, in many ways, the history of domination of one group over another. Across centuries, these...

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

by radiotv10
11/07/2025
0

Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kazungu Denis wari wajuririye icyemezo yafatiwe cyo gufungwa burundu nyuma yo guhamywa ibyaha birimo...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.