Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

CYCLING: Habimana Jean Eric yatangiye imyitozo mu Busuwisi mbere yo kwinjira muri Tour de l’Avenir 2021

radiotv10by radiotv10
10/08/2021
in SIPORO
0
CYCLING: Habimana Jean Eric yatangiye imyitozo mu Busuwisi mbere yo kwinjira muri Tour de l’Avenir 2021
Share on FacebookShare on Twitter

Kuva tariki 13-22 Kanama 2021 mu gihugu cy’u Bufaransa mu gace ka Charleville-Mézières hazabera agace ka mbere ka Tour de l’Avenir 2021, isiganwa ryari kuba mu 2020 ariko rirogowa na COVID-19. Kuri ubu abakinnyi 174 bazava mu makipe 29 bazaba barimo umunyarwanda Habimana Jean Eric usanzwe yitoreza mu ikipe y’impuzamshyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI).

Habimana Jean Eric azaba ari mu bakinnyi bazaba bakinira ikipe ya UCI nk’umwe mu bakinnyi b’Abanyafurika bahitoreza batoranyijwe.

Tour de l’Avenir, ni isiganwa rikinwa n’abakinnyi bakiri bato ahanini batarengeje imyaka 23 rikaba isiganwa rifatwa nka Tour de France y’abato kuko abakinnyi bitwaye neza muri iri siganwa bahita batanga umusaruro muri Tour de France. Kuri iyi nshuro, Tour de l’Avenir izaba ikinwa ku nshuro yayo ya 57.

Ingero z’abakinnyi bakinnye Tour de l’Avenir bagahita bagaragaza umusaruro muri Tour de France barimo umunya-Colombia, Egan Bernal watwaye Tour de l’Avenir ya 2017 n’umunya-Slovenia, Tadej Pogacar watwaye Tour de l’Avenir 2018 agahita atwara Tour de France ebyiri zikurikiranye (2020, 2021).

Nyuma yo kugera mu Busuwisi, Habimana Jean Eric yahise atangira imyitozo kugira ngo atangire amenyere ikirere cy’u Burayi mbere y’uko ikipe ya UCI izaba izaba ijya i Paris mu Bufaransa.

Image

Habimana Jean Eric mu Busuwisi hafi y’icyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI)

Image

Habimana Jean Eric mu Busuwisi ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi (UCI)

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three − 2 =

Previous Post

Volleyball: Umunya-Brazil Paulo De Tarso Milagres wagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu yageze i Kigali

Next Post

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro
AMAHANGA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

by radiotv10
01/07/2025
0

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

01/07/2025
Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

01/07/2025
Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

01/07/2025
Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.