Saturday, May 23, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

DJ Pinky wagaragaye mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka yasekewe n’amahirwe

radiotv10by radiotv10
23/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
DJ Pinky wagaragaye mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka yasekewe n’amahirwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umuvangamiziki DJ Pinky uri mu bagezweho mu Rwanda, nyuma yo kugaragara mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka, yagizwe Brand Ambassador wa kimwe mu biganiro bitambuka ku gitangazamakuru bakoraho.

Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hasakaye ifoto yacuzwe igaragaza uyu mukobwa ateruye Kakooza Nkuliza Charles na mugenzi we Angeli Mutabaruka.

Aba banyamakuru bakorana ku gitangazamakuru cy’umwe muri bo, ubwo bavugaga kuri iyi foto, batangariye uburyo uyu mwana w’umukobwa yatekereje gukora iyi foto, dore ko atari bo bonyine yagaragaye ateruye cyangwa ahetse.

Kuri uyu wa Gatanu uyu muvangamizi yatumiwe mu kiganiro TV1 Prime, ari na bwo yagirwaga uwamamaza iki kiganiro, ndetse akanahabwa n’umwambaro w’ikipe ya Gasogi United na yo y’uyu mushoramari KNC.

Ubwo KNC na Mutabaruka bari mu kiganiro basanzwe bakora mu gitondo, bamenye amakuru ko uyu muvangamiziki yatumiwe kuri iki gitangazamakuru bakorera, ari nab wo KNC usanzwe ari nyiracyo, yasabaga ko uyu mukobwa yaza guhabwa umwambaro wa Gasogi, ndetse akanagirwa brand ambassador w’iki kiganiri yatumiwemo.

Mu mafoto DJ Pinky yashyize hanze, yagaragaje ko ibyemewe na KNC byose, yabihawe, ndetse anamushimira kuba ari umugabo usohoza isezerano.

Yagize ati “Uzi Icyo nkundira KNC kurushaho ni uko ari umugabo urinda ijambo rye. Jersey y’ikipe nkunda cyane ya Gasogi United nemerewe nayihawe, Envelope mubona irimo agashimwe banyemereye mu kiganiro na yo nayihawe, ndetse kugeza ubu ndi brand ambassador wa TV1 Prime.”

Yakomeje agira ati “KNC nsanzwe mwemera nk’umugabo ukunda akazi cyane ndetse n’urubyiruko ariko namukunze kurushaho maze kumva uko TV 1 Prime ikora! Rubyiruko Ndaje ndababwira neza ibya TV1 Prime, muzanshimira nyuma.”

Uyu mukobwa uvuga ko kuva ubu atazajya asiba ku myitozi ya Gasogu, yasoje ubutumwa bwe, avuga ko umurimo we w’ariya mafoto akora ateruye cyangwa ahetse abantu, utangiye kumubyarira inyungu.

Ifoto ya DJ Pinky ateruye Mutabaruka na KNC yagarutsweho cyane
Yatumye asekerwa n’amahirwe adasanzwe

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − 4 =

Previous Post

Amakuru mashya: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abacungagereza 740 barimo Abofisiye bakuru 46 anirukana 290

Related Posts

The Difference Between Resting and Wasting Your Weekend

The Difference Between Resting and Wasting Your Weekend

by radiotv10
23/05/2026
0

Not all time off is rest. Sometimes a whole weekend passes, and you still feel tired, not because you were...

Emelyne wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yeruriye abantu ingeso zari zaramubase

Emelyne wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yeruriye abantu ingeso zari zaramubase

by radiotv10
22/05/2026
0

Kwizera Emelyne wamamaye nka ‘Ishanga’ wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko yari yarabaswe n’ingeso zirimo ubusambanyi, ariko ubu yamaze...

Amakuru mashya: Hatangajwe ibyaha Eric Semuhungu akurikiranyweho

Impamvu urubanza rwa Eric Semuhungu rwashyizwe mu muhezo

by radiotv10
21/05/2026
0

Urubanza rw’ubujurire ku ifungwa rya Eric Semuhungu ukurikiranyweho ibyaha bishingiye ku gusambanya abahungu bagenzi be, rwashyizwe mu muhezo ku mpamvu...

Inama Umunyamakuru agira ibyamamare byo mu Rwanda z’ibyabarinda kwisanga mu mapingu no mu iroza

Inama Umunyamakuru agira ibyamamare byo mu Rwanda z’ibyabarinda kwisanga mu mapingu no mu iroza

by radiotv10
20/05/2026
0

Umunyamakuru Robert Cyubahiro McKenna yagaragarije urubyiruko rwo mu Rwanda byumwihariko abo mu ruganda rw’imyidagaduro inama z’ibyabafasha kutagongana n’amategeko, nyuma yuko...

Umuhanzi w’ikirangirire Ne-Yo yasobanuye impamvu yahisemo gukundana n’abagore batatu icyarimwe babizi ko bamusangiye

Umuhanzi w’ikirangirire Ne-Yo yasobanuye impamvu yahisemo gukundana n’abagore batatu icyarimwe babizi ko bamusangiye

by radiotv10
19/05/2026
0

Umuhanzi w’ikirangirire Ne-Yo avuga ko yiyemeje gukundana n’abagore batatu kandi bose bakaba babizi, nyuma yo gufatwa aca inyuma umugore we,...

IZIHERUKA

DJ Pinky wagaragaye mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka yasekewe n’amahirwe
IBYAMAMARE

DJ Pinky wagaragaye mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka yasekewe n’amahirwe

by radiotv10
23/05/2026
0

Amakuru mashya: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abacungagereza 740 barimo Abofisiye bakuru 46 anirukana 290

Amakuru mashya: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abacungagereza 740 barimo Abofisiye bakuru 46 anirukana 290

23/05/2026
The Difference Between Resting and Wasting Your Weekend

The Difference Between Resting and Wasting Your Weekend

23/05/2026
Hashyizweho itsinda ryo hejuru rishinzwe kwiga gahunda yo kwegurira abikorera ibigo by’ubucuruzi bya Leta

Hashyizweho itsinda ryo hejuru rishinzwe kwiga gahunda yo kwegurira abikorera ibigo by’ubucuruzi bya Leta

22/05/2026
Umujyi wa Kigali wagiriye inama abasaba ibyangombwa byo kubaka bakwa amafaranga adasobanutse

Umujyi wa Kigali wagiriye inama abasaba ibyangombwa byo kubaka bakwa amafaranga adasobanutse

22/05/2026
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Amakuru mashya: Muri Congo imirwano yahinduye isura

22/05/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

DJ Pinky wagaragaye mu ifoto nkorano ateruye abanyamakuru KNC na Mutabaruka yasekewe n’amahirwe

Amakuru mashya: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abacungagereza 740 barimo Abofisiye bakuru 46 anirukana 290

The Difference Between Resting and Wasting Your Weekend

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.