Tuesday, July 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in SIPORO
0
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Bugesera FC imaze kugura abakinnyi babiri bose bavuye muri Sunrise FC, ikipe yamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunanirwa kugwiza amanota mu mwaka w’imikino 2020-2021. Muhihda Bryan na Nsabimana Jean de Dieu buri umwe yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.

Bugesera FC yatangiye isinyisha Muhinda Bryan wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC, ikipe yagiyemo mu 2019 avuye muri Police FC nayo yari amazemo imyaka ibiri.

Muhinda Bryan:

Image

Muhinda Bryan ni umukinnyi mu mutima w’ubwugarizi (Center Back) aaba yari amaze imyaka ibiri muri Sunrise FC kuri ubu akaba yageze muri Bugesera FC aho yasinye amasezerano y’imyaka ibiri (2021-2023).

Muhinda yakinnye muri Police FC (2017-2019), ikipe yagezemo avuye muri SEC Academy. Muhinda kandi ashobora no gukina hagati mu kibuga yugarira (Defensive Midfielder).

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”:

Image

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”  ni umunyezamu nawe wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC , ikipe yagiyemo mu 2019 avuye n’ubundi muri Bugesera FC.

Nsabimana yakinnye muri Bugesera FC imyaka ibiri (2017-20219) ubwo yari avuye muri Pepinieres yo ku Ruyenzi.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight + eighteen =

Previous Post

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

Next Post

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Related Posts

Rayon yabonye Umutoza Wungirije uturutse i Burundi

Rayon yabonye Umutoza Wungirije uturutse i Burundi

by radiotv10
15/07/2025
0

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports, bwasinyishije Umurundi Haruna Ferouz nk’Umutoza Wungirije, wanyuze mu makipe anyuranye mu Gihugu cy’iwabo i Burundi...

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

by radiotv10
09/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije rutahizamu w’Umunyekongo, Chadrack Bingi Belo, aba umukinnyi mushya wa 6 uyisinyiye iyi kipe avuye...

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
09/07/2025
0

Uwayezu Jean Fidèle wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports akaza kwegura, yagaragarijwe urukundo n’abakunzi b’iyi kipe, bamweretse ko bazirikana ibyo...

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

by radiotv10
08/07/2025
0

Rwanda is delighted to welcome three Arsenal Women Football Club Players Katie McCabe, Caitlin Foord and Laia Codina who landed...

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

by radiotv10
07/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yasinyishije rutahizamu w’Umunya- Côte d'Ivoire, William Togui Mel wari umaze iminsi avugwaho kuzinjira muri...

IZIHERUKA

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye
AMAHANGA

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye

by radiotv10
15/07/2025
0

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

15/07/2025
Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

15/07/2025
Crystal Ventures, one of the major investment companies in Rwanda now has a new CEO

Crystal Ventures, one of the major investment companies in Rwanda now has a new CEO

15/07/2025
Buhari wabaye Perezida wa Nigeria wapfiriye mu Bwongereza arasubizwa mu Gihugu ahite ashyingurwa

Buhari wabaye Perezida wa Nigeria wapfiriye mu Bwongereza arasubizwa mu Gihugu ahite ashyingurwa

15/07/2025
AFC/M23 yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gusinyana amasezerano n’ubutegetsi bwa Congo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso byerekana ko ubutegetsi bwa Congo bugishyize imbere imirwano

15/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.