Sunday, July 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Guverinoma y’u Rwanda yungutse Minisitiri w’Umutekano usimbuye General Nyamvumba wavanyweho muri 2020

radiotv10by radiotv10
10/12/2021
in MU RWANDA
0
Guverinoma y’u Rwanda yungutse Minisitiri w’Umutekano usimbuye General Nyamvumba wavanyweho muri 2020
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Repulika y’u Rwanda yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu ari we Alfred Gasana asimbura  Gen.Patrick Nyamvumba wahagaritwe muri Mata 2020.

Mu ijoro ryo ku  wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020, Perezida Kagame yahagaritse Gen. Patrick Nyamvumba ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Ibi byatewe ngo n’Iperereza ryari riri  ku mukorwaho gusa ibyaha akurikiranweho ntibyatangajwe.

Nyuma y’amazi 20,  Gen. Patrick Nyamvumba ahagaritswe kuri uriya mwanya Perezida Repulika y’u Rwanda yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mushya.

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisiri w’Intebe rivuga ko :  ‘‘Ashingiye ku biteganwa n’Itegeko Nshinga rya  Republika y’u Rwanda, ryo muri 2003 ryavuguruwe muri 2005, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, Perezida Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu ari we Alfred Gasana’’.

Gasana Alfred yabaye umwe mu Badepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ndetse yigeze no kuyobora Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS).

 Itangazo ryaturutse mu biro bya minisiri w’Intebe

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve + twelve =

Previous Post

Rubavu: ‘Abuzukuru ba Shitani’ baravugwaho gutera urugo bagakomeretsa bikabije umugabo n’umugore

Next Post

Perezida Kagame yarebeye hamwe umukino wa Arsenal na Maxwell Gomera

Related Posts

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Every girl and woman who goes through the menstruation period knows the feeling, the shift in the body and the...

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu bakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, yohereza abandi mu...

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

by radiotv10
12/07/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bizejwe n’umushoramari amasezerano yo guhinga urusenda mu...

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

by radiotv10
11/07/2025
0

The history of humanity is, in many ways, the history of domination of one group over another. Across centuries, these...

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

by radiotv10
11/07/2025
0

Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kazungu Denis wari wajuririye icyemezo yafatiwe cyo gufungwa burundu nyuma yo guhamywa ibyaha birimo...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yarebeye hamwe umukino wa Arsenal na Maxwell Gomera

Perezida Kagame yarebeye hamwe umukino wa Arsenal na Maxwell Gomera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.