• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Friday, July 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

radiotv10by radiotv10
24/12/2025
in MU RWANDA
0
Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira uwo ihitana.

Iyi mpanuka yabereye mu isantere izwi nka Shangazi iherereye mu Murenge wa Ruharambuga muri aka Karere ka Nyamasheke, aho iyi modoka yari ipakiye sima yarenze umuhanda ikagwa mu manga.

Nta muntu waburiye ubuzima muri iyi mpanuka, kuko umushoferi n’uwo bari kumwe muri iyi modoka, bakomeretse, bagahita bajyanwa ku Kigo Nderabuzima kiri hafi y’ahabereye iyi mpanuka.

Iyi mpanuka ibaye mu gihe hirya y’ejo hashize mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 22 Ukuboza 2025 mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’imodoka y’ikamyo yari itwaye ibikomoka kuri peteroli bikekwa ko yacitse feri ikagonga ibindi binyabiziga.

Iyi kamyo yamanukaga ituruka i Nyanza ya Kicukiro yerecyeza Sonatubes, bikekwa ko yacitse feri ikagenda igonga ibinyabiziga yazangaga mu nzira byose birimo za moto n’izindi modoka.

Amakuru yatangajwe na Polisi y’u Rwanda, avuga ko iyi mpanuka ya Kicukiro yo yahitanye ubuzima bw’abantu batanu, mu gihe yakomerecyeje abandi icyenda, ikanangiza bimwe mu bikorwa remezo.

Polisi y’u Rwanda ikunze kugira inama abafite ibinyabiziga gusuzumisha ubuzirangenge bwabyo, kuko zimwe mu mpanuka nk’izi byagiye bigaragara ko ziterwa no kuba zitari zifite feri zikora neza, kandi byose bishingiye ku kudasuzumisha ubuziranenge bw’ibinyabiziga.

Iyi kamyo yakoze impanuka igwa mu manga

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × five =

Previous Post

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Next Post

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

Related Posts

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

by radiotv10
03/07/2026
0

Mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, umusore yakubiswe na bagenzi be bari bamaze gusangira...

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

by radiotv10
03/07/2026
0

Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda ARJ ryagaragaje impungenge “zikomeye” rifite ku kwibasirwa, gukorerwa bamwe mu banyamakuru bikorwa mu mvugo za bamwe...

Perezida wa Mozambique yasuye ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado azishimira akazi gakomeye zakoze

Perezida wa Mozambique yasuye ingabo z’u Rwanda i Cabo Delgado azishimira akazi gakomeye zakoze

by radiotv10
03/07/2026
0

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo yasuye Inzego z'Umutekano z'u Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado, azishimira...

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

Amashimwe bafitiye ishuri ritagira ifaranga na rimwe ryishyuza umwana wese uryigamo

by radiotv10
02/07/2026
0

Bamwe mu batuye mu Karere ka Nyanza, bashima ishuri ritagira ikintu na kimwe ryishyuza abana baryigamo, aho ryakira abari baracikirije...

Umugabo wamaze imyaka 15 afungiye Jenoside ubu akurikiranyweho kwica umugore we

Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yafatiwe mu Budage

by radiotv10
02/07/2026
0

Ubushinjacyaha bw’u Budage bwataye muri yombi Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’iki Gihugu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho akekwaho...

Next Post
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abanyamakuru babiri bazwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda Hit na Ida bagiye gukora ubukwe

Kigali: Uko byagenze ngo bafatane mu mashati nyuma yo gusangira inzoga

Hagaragajwe impungenge zikomeye ku biri gukorerwa abanyamakuru mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.