• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Haravugwa iki muri Kiyovu Sports nyuma yo gucutswa n’Umujyi wa Kigali

radiotv10by radiotv10
04/06/2026
in FOOTBALL, SIPORO
0
Haravugwa iki muri Kiyovu Sports nyuma yo gucutswa n’Umujyi wa Kigali
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Kiyovu Sports ikomeje urugendo rwo kwiyubaka nubwo iherutse kumenyeshwa n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, ko batazakomezanya mu mikoranire yajyaga ituma iyi kipe iterwa inkunga n’uyu Mujyi, aho yamaze kongerera amasezerano bamwe mu bakinnyi.

Ku wa 01 Kamena 2026 ni bwo Umujyi wa Kigali wandikiye Kiyovu Sports uyimenyesha ko imikoranire bari bafitanye izarangira ku wa 30 Kamena 2026.

Ibi byaciye igikuba mu bafana b’Urucaca, bibaza uko ikipe yabo izakomeza kubaho nyuma y’icyo cyemezo.

Abafana bakuze ba Kiyovu bavuga ko ikipe yabo ifitanye amateka akomeye n’Umujyi wa Kigali, bityo ko utagakwiye kuyihakana. Hemedi, umuvugizi w’Urucaca, yagize ati: “Tumaze imyaka 62 dukorana n’Umujyi wa Kigali, nubwo imiterere y’imiyoborere yawo yagiye ihinduka.”

Nubwo bimeze bityo, Kiyovu iri kwiyubaka. Yamaze kongerera amasezerano bamwe mu bakinnyi bayo barimo Mbonyingabo na Kedy.

Kuri ubu kandi iri mu biganiro na Ramadhan ukinira APR FC, Sake ukinira Mukura VS, Tayiba ukinira Marine FC ndetse n’abandi bakinnyi bashya.

Kiyovu Sports yasoje shampiyona ishize iri ku mwanya wa gatatu nyuma ya APR FC na Rayon Sports. Mu mwaka utaha, intego yayo ni uguhatanira igikombe cya shampiyona.

Leonidas NDAYISABA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 + 12 =

Previous Post

The benefits of spending one day offline

Next Post

Amakuru mashya: Bitunguranye imikino u Rwanda rwari kuzakinira muri Maroc ntikibaye

Related Posts

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Amakuru mashya: Bitunguranye imikino u Rwanda rwari kuzakinira muri Maroc ntikibaye

by radiotv10
04/06/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko imikino ya gicuti Ikipe y’Igihugu Amavubi yari kuzakinira muri Maroc, yasubitswe nyuma...

Ubutumwa APR yageneye abakinnyi bayo yemeje ku mugaragaro yo batandukanye

Ubutumwa APR yageneye abakinnyi bayo yemeje ku mugaragaro yo batandukanye

by radiotv10
03/06/2026
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwemeje ko bwasezereye abakinnyi batatu bose b’abanyamahanga, bunabagenera ubutumwa bwo kubashimira ubwitange, umurava n’ubunyamwuga byabaranze, bunabifuriza...

Dore abakinnyi babaye aba mbere batandukanye na APR FC umwaka w’imikino ukirangira

Dore abakinnyi babaye aba mbere batandukanye na APR FC umwaka w’imikino ukirangira

by radiotv10
02/06/2026
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yahaye abakinnyi batatu amabaruwa yo gutandukana na bo mu buryo bw’ubwumvikane, barimo rutahizamu w’Umunya-Senegal,...

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Next Post
Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Amakuru mashya: Bitunguranye imikino u Rwanda rwari kuzakinira muri Maroc ntikibaye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Ibitero by’indege z’intambara mu rugamba hagati ya AFC/M23 na FARDC byakajije umurego

Ibyamamare Will Smith n’umugore we bagaragaye mu ruhame bwa mbere mu mezi atandatu

Abaturanyi b’uwari wasanzwemo Ebola ahagenzurwa na AFC/M23 babwiwe uko bakwiye kumwitwaraho akiva mu Bitaro

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.