• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Hatangajwe akaga kasizwe n’inkangu idasanzwe yahuranyije imodoka zitwara abagenzi

radiotv10by radiotv10
12/07/2024
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Hatangajwe akaga kasizwe n’inkangu idasanzwe yahuranyije imodoka zitwara abagenzi
Share on FacebookShare on Twitter

Inkangu iremereye yahuranyije imodoka ebyiri zo mu bwoko bwa Bisi zitwara abagenzi, iziroha mu mugenzi wa Trishuli uherereye mu Karere ka Chitwan muri Nepal, yasize haburiwe irengero abantu 63.

Ni inkangu yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, nyuma y’uko muri aka gace haguye imvura nyinshi, aho yahururanye imodoka 2 zitwara abagenzi ikaziroha mu mugezi.

Nyuma y’uko iyi nkongi iroshye izi bisi ebyiri muri uyu mugezi, umuyobozi w’aka karere ka Chitwan, Khimananda Bhusal yatangaje ko abantu 63 baburiwe irengero, mu gihe zari zitwaye abagenzi 66, aho batatu babashije gusimbuka bava muri izi modoka ubwo zajyanwaga n’inkangu.

Khimananda Bhusal yagize ati “Ntabwo tuzi niba uwo mubare ari wo wanyawo koko, kuko bisi zigenda zishyiramo abandi bagenzi mu nzira. Umugezi wabamize kandi nta muntu n’umwe wari wabasha kuboneka.”

Imibare y’iki Gihugu cya Nepal igaragaza ko mu gihe cy’umwaka umwe gusa, abantu 2 400 bamaze guhitanwa n’impanuka zo mu muhanda, abandi benshi barakomeretse.

Ni mu gihe mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa mu kwezi gushize kwa Kamena, abantu 88 bamaze gupfa bakubishwe n’inkuba, imyuzure ndetse n’inkangu.

Olive YAMBABARIYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 3 =

Previous Post

Uko abantu bakwitwara mu gihe habaye inkongi itunguranye batarindiriye ko Polisi ihagera

Next Post

Kagame yavuze igisubizo yaha abavuga ko FPR-Inkotanyi igira igitugu

Related Posts

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Next Post
Kagame yavuze igisubizo yaha abavuga ko FPR-Inkotanyi igira igitugu

Kagame yavuze igisubizo yaha abavuga ko FPR-Inkotanyi igira igitugu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.